Browsing Category
Ubuzima
Umunyarwenya Nyaxo yatawe muri yombi akurikiranyweho icyaha cyo gukubita no gukomeretsa
Umunyarwenya NYAXO ari mu maboko y'ubugenzacyaha azira gukubita no gukomeretsa mugenzi we.
Kuva kuri uyu wa kane w'icyumweru gishize taliki ya 18 Kanama 2022, umunyarwenya witwa Olivier KANYABUGANDE uzwi cyane nka NYAXO ari mu maboko!-->!-->!-->…
Gicumbi: Umurambo w’umusore w’imyaka 20 wasanzwe mu mugozi
Umusore w’imyaka 20 wo mu Mudugudu wa Sangano, Akagari ka Remera mu Murenge wa Manyagiro, bamusanze mu mugozi yapfuye bikekwa ko yaba yiyahuye.
Umurambo w’uyu muhungu wabonywe kuri uyu wa 21 Kanama 2022 mu nzu yo hanze mu rugo!-->!-->!-->…
Gicumbi: Yaje aje gukiranura umukazana we abigenderamo ahasiga ubuzima ariwe
Umugabo w’imyaka 32 wo mu murenge wa Kageyo, Akagali ka Muhondo, Umudugudu wa Kagwa akurikiranyweho kwicwa nyina umubyara w’imyaka 52, nyuma yo gukina ikiryabarezi.
Intandaro y’ ikibazo ngo ni amafaranga 1500 umugore yari yahaye!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyagatare: Urupfu rw’amayobera rw’umusekirite basanze yapfiriye muri resitora ari kumwe…
Mu Kagari ka Nyagatare mu Murenge wa Nyagatare mu Karere ka Nyagatare, haravugwa urupfu rw’umukobwa basanze aryamanye n’umugabo utari uwe bari bararanye bishimisha, bakaza kubasanga umwe yapfuye undi na we amerewe nabi.
Uyu mukobwa!-->!-->!-->!-->!-->…
“Urazindutse nshuti, ayacu ashize ivuga” Ubutumwa bwa BAMPORIKI umaze igihe afungiwe iwe…
Bamporiki Edouard umaze amezi atari make afungiye iwe, yashyize ubutumwa kuri twitter avuga uburyo yashenguwe umutima n'urupfu rwa Buravan
Nyuma y'uko inkuru ibaye kimomo ko umuhanzi BURAVAN yitabye Imana, abantu batandukanye!-->!-->!-->!-->!-->…
Polisi yataye muri yombi abagabo 4 bakekwaho kwiba mudasobwa z’abanyamahanga bari baje mu nama…
Polisi y’u Rwanda yagaruje mudasobwa ebyiri ziherutse kwibwa abanyamahanga babiri barimo Umunya-Kenya n’Umuhinde ubwo bari bitabiriye inama zabereye muri Kigali Convention Centre na Kigali Marriot Hotel, hafatwa abantu bane bakekwaho!-->…
Inkuru y’akababro: Umuhanzi BURAVAN wakunzwe na benshi yitabye Imana
Umuhanzi Burabyo Yvan uzwi nka Buravan, yitabye Imana azize uburwayi aho yari arwariye mu Buhindi ari na ho yatabarukiye.
Iyi nkuru y’incamugongo yaba ku muryango w’uyu muhanzi, inshuti ze n’abafana be ndetse n’Abanyarwanda muri!-->!-->!-->…
Gicumbi: abayobozi barasaba abakristo kugandukira ababayobora bakareka kujya basengera mu mazi ya…
Ubuyobozi bw’Akarere ka Gicumbi burasaba abantu baturuka hirya no hino mu gihugu, bajya gusengera mu mazi yo ku Rusumo, mu Murenge wa Mutete muri ako karere, ko bagomba kubihagarika kugira ngo batazahuriramo n’ingorane zo kuhaburira!-->!-->!-->…
Ibarura rusange ry’abaturage n’imiturire ryatangiye uyu munsi
Guhera mu ijoro ryakeye rishyira kuri uyu wa Kabiri taliki ya 16 Kanama 2022, ryatangiyemo Ibarura Rusange rya Gatanu ry’Abaturage n’Imiturire, abaturage bakaba basabwa kumenya amakuru yariranze buri wese mu rugo rwe.
Muri ayo!-->!-->!-->!-->!-->…
Umukozi wa komisiyo y’amatora muri Kenya yishwe
Polisi ya Kenya yemeje ko umukozi wa Komisiyo y’amatora waherukaga kuburirwa iregero, Daniel Musyoka, yasanzwe mu ishyamba yapfuye.
Inzego zishinzwe umutekano muri Kenya zimaze iminsi zishakisha uyu mukozi, waburiwe irengero ku wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Rutsiro: Inzego z’umutekano ziri guhiga umwalimu wasambanije umwana agahita acika
Inzego z'umutekano mu Karere ka Rutsiro ziri gushakisha umwalimu wasambanije umwana w'umukobwa w'imyaka 13 agahita acika.
Inzego za Leta n'iz'umutekano ziri gushakisha umwalimu wari usanzwe yigisha mu kigo cy'ishuri cya Ecole primaire!-->!-->!-->…
Hateguwe igitambo cya misa yo gusabira Buravan umaze igihe arembeye mu Buhinde
Uyu munsi haraba isengesho ryo gusengera umuhanzi Yvan Buravan umaze iminsi arembye, ryateguwe mu rwego rwo kumusabira ngo akire.
Umuhanzi Yvan Buravan umaze iminsi arwaye, ubu ari kubarizwa mu Buhindi aho yagiye kwivuriza indwara!-->!-->!-->…
Nyuma yo kuvuga ko Depute HABINEZA asinzira akanasura mu nteko, SADATE arasaba ko yanakwirukanwa mu…
Ikibazo cya Sadate MUNYAKAZI na depute Habineza gikomeje gufata indi ntera, noneho Sadate arasaba ko uyu mugabo yakwirukanwa mu ishyaka rye yishingiye.
Bwana MUNYAKAZI Sadate wigeze kuyobora kuyobora ikipe ya Rayon sport, yongeye!-->!-->!-->…
KNC yanenze SADATE kucyo benshi bise urugomo yakoreye Honorable Frank HABINEZA
KNC ntabwo yemeranywa n'igikorwa cya SADATE MUNYAKAZI aherutse gukora kuri Honorable Frank HABINEZA benshi bise igikorwa cy'urugomo
Mu kiganiro Rirarashe Bwana KNC akorera kuri radio na TV one, kuri uno wa mbere taliki ya 15 Kanama!-->!-->!-->…
Teta Sandra yatashye mu Rwanda n’ubwo umugabo we yavugaga ko atabaho batari kumwe
Miss Teta Sandra wari umaze iminsi avugwa ko yahohotewe bikomeye n'umugabo we, kera kabaye yaje mu Rwanda nyuma y'aho bivuzwe ko ababyeyi bagiye kumureba aho yari asanzwe aba mu gihugu cy'Ubugande.
Miss Teta Sandra umugore w'umuhanzi!-->!-->!-->…