Browsing Category
Ubuzima
Rutikanga wemezaga ko ariwe wazanye umukino w’iteramakofi mu Rwanda yaraye yitabye Imana
Bwana Rutikanga Ferdinand wemezaga ko ariwe wazanye umukino w'iteramakofi mu Rwanda biravugwa ko yaraye yitabye Imana.
Rutikanga Ferdinand wamenyekanye cyane ku bitangazamakuru byinshi bitandukanye bya hano mu Rwanda kubera uburyo!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yahawe impeta y’ishimwe ry’uko yimakaje Igifaransa
Ku wa Gatandatu taliki ya 9 Nyakanga, ni bwo Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yakiriye abayobozi b’Inteko zishinga Amategeko zo mu Muryango w’Ibihugu bikoresha ururimi rw’Igifaransa (APF) bitabiriye Inteko Rusange ya 47 imaze!-->…
Espagne: Urukiko rwategetse gusuzuma icyishe Eduardo dos Santos wahoze ari Perezida wa Angola
Urukiko rw'i Barcelona muri Espagne rwatanze uruhushya rwo gukora isuzuma ku murambo wa José Eduardo dos Santos wahoze ari Perezida wa Angola, kugira ngo hamenyekane icyamwishe.
Ku wa gatanu ni bwo yapfiriye muri uwo mujyi, aho yari!-->!-->!-->…
Itangazo rya Ntakuvugwaneza usaba uburenganzira bwo guhinduza amazina
Uwitwa NTAKUVUGWANEZA Thomas d'Aquin mwene Nturanyenabo na Mukamiburo utuye mu Ntara y'Iburengerazuba, mu Karere ka Rutsiro, Umurenge wa Ruhango, akagari ka Nyakarera, umudugudu wa Kayove yanditse asaba uburenganzira bwo guhinduza amazina!-->…
Minisiteri y’ubuzima yahagaritse abamamaza ibikorwa by’ubuvuzi
Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yasohoye itangazo ribuza kwamamaza ibikorwa byose by’ubuvuzi mu gihe baba batabiherwe uburenganzira n’iyo Minisiteri.
MINISANTE ishingiye ku mabwiriza ya Minisitiri No 20/0004 yo ku wa 09/01/2019, abuza!-->!-->!-->…
José Eduardo dos Santos wayoboye Angola yitabye Imana ku myaka 79
José Eduardo dos Santos wabaye Perezida wa Angola mu gihe cy’imyaka 37, akaba yaravuye ku butegetsi mu 2018, yitabye Imana ku myaka 79 aguye mu ivuriro ryo mu Mujyi wa Bercelone muri Espagne, aho yari ari mu bitaro nyuma yo kugira ikibazo!-->…
Musanze: Claver warindaga ibiro by’akagari ka Cyuve bamusanze yapfuye, birakekwa ko yanizwe
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki 8 Nyakanga 2022, ku Biro by’Akagari ka Kabeza mu Murenge wa Cyuve mu Karere ka Musanze, hagaragaye umurambo w’Umusaza witwa Ndangurura Claver w’imyaka 60 y’amavuko wari uzwi ku izina rya Barata!-->…
Japan: Uwabaye minisitiri w’intebe waraye arasiwe mu muhanda amaze kwitaba Imana
Shinzo Abe wabaye Minisitiri w’Intebe w’u Buyapani, warashwe ari gutambutsa imbwirwaruhame agahita ajyanwa mu Bitaro igitaraganya, yapfuye.
Ikigo cy’Igihugu cy’Itangazamakuru mu Buyapani, cyatangaje Shinzo Abe w’imyaka 67 y’amavuko,!-->!-->!-->…
Sepp Blater na Michel Platini bagizwe abere
Aba bategetsi babiri bahoze ari ibikomerezwa mu buyobozi bw’umupira w’amaguru ku Isi, bari bakurikiranweho ibyaha bya ruswa.
Aba bategetsi babiri bahoze ari ibikomerezwa mu buyobozi bw’umupira w’amaguru ku Isi, bari bakurikiranweho!-->!-->!-->…
Nyanza: Meya yahakanye icyiswe “MAYAGA EMPIRE” mu Karere ayobora
Meya Ntazinda Erasme uyobora Akarere ka Nyanza yahakanye ibyavugwaga ko mu Karere ayobora harimo itoneshwa mu kazi no gushaka kubaka icyo bise "Ubwami bw'Abanyamayaga"
Kuri uyu wa kane taliki ya 7 Nyakanga 2022 mu cyumba cy'inama!-->!-->!-->…
China: Umujyi wa Shiang washyizwe muri gahunda ya #Gumamurugo#
Umujyi wa Shiang mu gihugu cy'Ubushinwa wamaze gushyirwa muri gahunda ya Gumamurugo nyuma y'uko icyorezo cya Covid-19 cyongeye kubura umutwe.
Mu gihugu cy'Ubushinwa gikomeje kubangamirwa n'izamuka ry'imibare y'abarwayi ba Covid-19, iryo!-->!-->!-->…
Perezida Museveni yasabye Kainerugaba kwitondera ibyo ashyira kuri Twitter
Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yasabye umuhungu we akaba n’Umugaba w’Ingabo za Uganda zirwanira ku butaka, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba kudashyira kuri Twitter amakuru y’umutekano n’andi yose adakwiye kujya ku karubanda.
Lt!-->!-->!-->…
Nyanza: Umuyobozi w’Akarere yasabye abikorera ikintu gikomeye
Meya w'Akarere ka Nyanza yasabye abacuruzi n'abikorera bo muri ako Karere kwirinda ingengabitekerezo ya Genocide kugira ngo iterambere rigere kuri bose.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu taliki ya 29 Kamena 2022, mu Karere ka Nyanza!-->!-->!-->…
Karongi: Umwalimu yatewe icyuma arapfa nyuma yo kubura ubwishyu bw’amandazi
Umugore ucuruza amandazi mu Karere ka Karongi yishe umwarimu amuteye icyuma nyuma y'aho uno mwalimu abuze ubwishyu bw'amandazi yari aguriye abana b'abanyeshuri
Mu Karere ka Karongi, mu Murenge wa Murambi haravugwa inkuru y'umugore witwa!-->!-->!-->…
Padiri Thomas yahamijwe icyaha cyo kwica ufite ubumuga bw’uruhu
Urukiko rwo muri Malawi kuri uyu wa Mbere rwakatiye umupadiri igifungo cy’imyaka 30 azira uruhare mu rupfu rw’ufite ubumuga bw’uruhu.
Padiri Thomas Muhosha, urukiko rwagaragaje ko mbere yo kwica MacDonald Masambuka, yari afite umugambi!-->!-->!-->…