Browsing Category
Ubuzima
Wa mukobwa wakusanyirizwaga inkunga yo kuvuzwa yahitanywe na cancer
Uwingabire Chantal wari umaze iminsi ari gukusanyirizwa inkunga y’amafaranga yo kujya kwivuza mu mahanga, yitabye Imana mu gihe byavugwaga ko iyi nkunga yari imaze kuboneka.
Uwingabire Chantal yakunze kugaragara ku mafoto yagiye!-->!-->!-->!-->!-->…
Rutsiro: Babiri baraye barohamye mu Kivu bahasiga ubuzima
Impanuka y’ubwato yabereye mu Karere ka Rutsiro yaguyemo abaturage babiri mu gihe abandi batatu baburirwa irengero, naho abarokotse bakaba barimo kwitabwaho n’abaganga.
Iyo mpanuka yabereye mu Murenge wa Boneza, Akagari ka Remera,!-->!-->!-->!-->!-->…
Ubushinwa: Batangiye gufunga amashuli kubera Covid-19
Nyuma ya Shanghai, umujyi wa Pékin ni wo watahiwe kwitwararika kubera Omicron. Kuva icyumweru cyatangira, miliyoni 22 z’abahatuye byabaye ngombwa ko bipimisha COVID-19. Ku wa Gatatu, habaruwe abantu 48 banduye. Ibyo byari bihagije!-->!-->!-->…
Urukiko rutesheje agaciro ubujurire bwa Ndimbati
Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwemeje ko Uwihoreye Jean Bosco uzwi nka Ndimbati akomeza gufungwa by’agateganyo nkuko byemejwe n’Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge.
Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwasomye iki cyemezo ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Kigali: Umukecuru w’imyaka 90 arasabwa gukurirwaho imisoro ku butaka y’arenga miliyoni 4
Umukecuru witwa Kankundiye Catherine utuye mu mudugudu wa Nyabyunyu mu kagali ka Karama mu murenge wa Kanombe urasabirwa n’abana be ndetse n’abaturanyi ko yakurirwaho umusoro w’ubukode bw’ubutaka ungana na miliyoni enye!-->!-->!-->…
Kamonyi: Hibutswe abatutsi basaga 35,000 bishwe bigizwemo uruhare rw’Abarundi
Mu Karere ka Kamonyi ahitwa ku Mugina buri taliki 26, Mata, 2022 bibuka Abatutsi biciwe muri kariya gace cyane cyane abiciwe muri Kiliziya y’aho. Umwe mu baharokokeye witwa Marcel Rutagarama yabwiye Taarifa natwe dukesha iyi nkuru ko!-->!-->!-->…
Nyamasheke: Abantu 7 baherutse kwicwa n’ibiza bashyinguwe
Abatuye mu bice by'imisozi ihanamye mu karere ka Nyamasheke, basabye ubuyobozi kubafasha kuva mu manegeka mu buryo bwihuse nyuma y'aho bikomeje kugaragara ko aho batuye harimo gushyira ubuzima bwabo mu kaga ndetse bamwe bakahasiga!-->!-->!-->…
Ndimbati yagarutse mu rukiko asaba ko yarekurwa akajya kwita ku mpanga yabyaranye…
Bwana Uwihoreye uzwi nka Ndimbati yongeye yitaba urukiko uyu munsi asaba ko yarekurwa akajya kwita ku bana b'impanga yabyaranye n'umugore witwa Fildaus wamufungishije.
Kuri uyu wa mbere taliki ya 25 Mata 2022, Bwana UWIHOREYE!-->!-->!-->!-->!-->…
Abantu 11 nibo bahitanywe n’ibiza mu mpera z’icyumweru gishize
Minisiteri ishinzwe ibikorwa by'ubutabazi mu Rwanda yashyize hanze imibare y'abahitanywe n'imvura nyinshi yaguye mu mpera z'icyumweru gishize.
MINEMA (ministeri ishinzwe ibikorwa by'ubutabazi mu Rwanda yashyize hanze imibare!-->!-->!-->!-->!-->…
Bamwe mu barimu barataka ubukene kubera umushahara w’intica ntikize
Bamwe mu barimu bo mu mashuri abanza barataka ubukene bukabije buterwa n'umushahara bahembwa w'intica ntikize.
Kugeza ubu mu Rwanda iyo ubajije abatari bake icyiciro cy'abantu bahembwa umushahara muto udahuje n'ibihe turimo!-->!-->!-->!-->!-->…
Karongi: Mwalimu Kanani yafatiwe mu cyuho ari kugurisha ibitabo by’ishuri
Umwalimu witwa Kanani Vincent benshi bita Papa Cyangwe yafatiwe mu cyuho ari kugurisha ibitabo byo ku kigo asanzwe yigishamo.(Photo: Igihe.com)
Ku wa gatanu w'icyumweru gishize taliki ya 22 Mata 2022, mu Karere ka Karongi urwego!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Taliki ya 23 mata 1994 interahamwe ziyitaga IMBEREBERE ziciye abatutsi benshi muri nyamagana
Taliki nk'iyi ngiyi mu mwaka w'i 1994 nibwo abatutsi benshi bo mu cyahoze ari Nyabisindu i Nyanza ya Butare bishwe bajugunywe mu cyuzi cya Nyamagana kizwi nk'icyuzi cya Dibwe.
Mu Karere ka Nyanza ubu, ahahoze hitwa muri Komini!-->!-->!-->!-->!-->…
Kayonza: Umusore w’imyaka 18 yiyahuye nyuma yo gufatwa yibye igitoki
Umusore uri mu kigero cy'imyaka 18 y'amavuko bamusanze ku mugozi mu nzu ye yiyahuye nyuma y'aho afashwe yibye igitoki.
Mu karere ka Kayonza haravugwa inkuru y'umwana w'umusore wari usanzwe yibana mu nzu wenyine ashobora kuba!-->!-->!-->!-->!-->…
Mwayi Kibaki wayoboye Kenya yitabye imana ku myaka
Muzehe Mwai Kibaki wayoboye igihugu cya Kenya imyaka icumi yose yitabye Imana
Perezidansi ya Kenya imaze gutangaza no kwemeza ko uwigeze kuyobora icyo gihugu cya Kenya Bwana Emilio Mwai Kibaki yaryamiye ukuboko kw'abagabo kuri uyu!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Polisi yataye muri yombi uwatekaga akanacuruza kanyanga
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 19 Mata, Polisi ikorera mu karere ka Nyanza ifatanije n’ubuyobozi bw’inzego z’ibanze yafashe uwitwa Mvuyekure Theogene afite litiro 30 za Kanyanga yari amaze guteka, igishyushye, ndetse afatanwa!-->!-->!-->…