Browsing Category
Ubuzima
Huye: Yishe umugabo we amuziza kunywera amafranga yo kugura amategura
Umugore wo mu Karere ka Huye yatawe muri yombi azira kwiyicira umugabo we amutikuye isuka mu mutwe amuziza kunywera amafranga yari yarateganirijwe kugura amategura
Ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye rwa Huye bukurikiranye umugore!-->!-->!-->…
Kassim Murenzi wari mu bakinnyi batangije Rayon sport yitabye Imana
Kassin Murenzi uri mu bakinnyi ba mbere batangiye ikipe ya Rayon sport yitabye Imana azize uburwayi.
Inkuru y'Incamugongo y'urupfu rw'uyu musaza wamenyekanye cyane muri ruhago Nyarwanda no kuba yari ku ruhembe rw'abatangiye ikipe ya!-->!-->!-->…
DRC: M23 yatangiye gusoresha abaturage b’agace yafashe
M23 imaze iminsi 12 ifashe umujyi wa Bunagana yashyizeho umusoro ku baturage bakorera ubucuruzi muri uyu mujyi.
Ikinyamakuru Chimpreports cyandikirwa muri Uganda kivuga ko M23 irimo gusoresha kugeza ku bikorwa by’ubucuruzi!-->!-->!-->!-->!-->…
U Rwanda rwatsinzwe mu rubanza rwaregwagamo gufunga imipaka binyuranije n’amategeko
U Rwanda rwatsinzwe mu rubanza rwarezwemo n’Umunyamategeko w’Umunya-Uganda warureze gufunga imipaka mu buryo bunyuranyije n’amategeko bikagira ingaruka zinyuranye ku batuye Ibihugu byombi.
Ni urubanza rwaburanishijwe n’abacamanza!-->!-->!-->!-->!-->…
Museveni yifurije isabukuru nziza umugore we bari kumwe i Kigali.
Perezida wa Uganda Yoweli Kaguta Tibuhaburwa Museveni uri mu Bakuru b’Ibihugu bitabiriye inama ya CHOGM iri kubera i Kigali yifurije Madamu we, Janet Museveni isabukuru nziza mu magambo meza yuje ibisingizo n’imitoma.
Janet!-->!-->!-->!-->!-->…
Eduardo de Santos yajyanywe igitaganya i Burayi mu bitaro.
José Eduardo dos Santos wahoze ayobora Angola yajyanywe mu bitaro byo mu mujyi wa Barcelona muri Espagne.
Ibiro ntaramakuru bya Leta ya Angola, Lusa, byatangaje ko José Eduardo dos Santos, yashyizwe mu cyumba cy’indembe mu bitaro!-->!-->!-->!-->!-->…
Itangazo rya Muhawenimana wifuza guhindurirwa amazina.
Uwitwa MUHAWENIMANA Xxx mwene Bazimaziki Naftar na Mukandagano Odette utuye mu Ntara y'Iburengerazuba, Akarere ka Rutsiro, Umurenge wa Boneza, mu Kagari ka Nkira, ho mu mudugudu wa Murambi, yanditse asaba uburenganzira bwo guhindurirwa!-->…
Ububiligi bwavuye ku izima butanga iryinyo rya Lumumba
Nyuma y'igihe kiytari gito bwarabyanze, kera kabaye igihugu cy'Ububiligi cyemeye gutanga iryinyo rya Patrice Lumumba
Nyuma y’igihe bisabwa, u Bubiligi bwavuye ku izima bushyikiriza umuryango wa Patrice Lumumba waharaniye ubwigenge!-->!-->!-->!-->!-->…
Itangazo rya Niyingenera wifuza guhindurirwa amazina.
Uwitwa UWINGENEYE Perpetue mwene Baganizi na Nyirarugendo utuye mu Ntara Y'iburengerazuba mu Karere ka Rutsiro, mu Murenge wa Mushonyi, akagari ka Rurara, umudugudu wa Rugaragara. Yanditse asaba uburenganzira bwo guhinduza amazina yari!-->…
Itangazo rya NIKOYANTUTSE wifuza guhinduza amazina.
Uwitwa NIKOYANTUTSE Beatrice mwene Nkamiyabarezi Augustin na Karuhimbi Alvera utuye mu mudugudu wa Kanama, mu Kagari ka Tangabo, Umurenge wa Manihira, mu Karereka Rutsiro, ho mu Ntara y'Iburengerazuba yanditse asaba uburenganzira bwo!-->…
Nyanza: Muhongayire yaraye aguye mu rugo rw’umuturanyi
Umukecuru witwa Muhongayire Beatrice yaraye aguye mu rugo rw'umuturanyi we aho yaraye acumbikiwe.
Mu Karere ka Nyanza, mu Murenge wa Rwabicuma mu Kagali ka Runga, ho mu mudugudu wa Murambi haravugwa amakuru y'umukecuru witwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Goma: Hateguwe indi myigaragambyo nyuma y’aho umusirikare waho arashwe na RDF
Abaturage bo mu mujyi wa Goma muri Repubulika iharanira demokarasi ya Congo bateguye indi myigaragambyo ikomeye nyuma y'aho umwe mu basirikare ba FARDC arashwe ubwo yageragezaga kwinjira mu Rwanda arasa.
Amakuru aturuka mu mujyi wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Ba Miss Muheto na Miss Jeannette bifatanije n’abana bafite ubumuga mu kwizihiza umunsi…
Ba Miss Muheto na Miss Jeannette bifanije n'abana bafite ubumuga ubwo isi yizihizaga umunsi mpuzamahanga wahariwe umwana w'umunyafrika.
Ku munsi mpuzamahanga wahariwe umwana w’Umunya Africa, Miss Rwanda 2022 Nshuti Muheto Divine na!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Imiryango 45 yiyemeje kubana binyuze mu mategeko
Imiryango igera kuri 45 yo mu Karere ka Nyanza yabana batarasezeranye imbere y'amategeko, yemeye kubana binyuze mu mategeko mbere y'ubuyobozi bw'Akarere.
Kuri uyu wa kane taliki ya 16 Kamena 2022 ubwo hizihizwaga umunsi w'umwana!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Abakongomani bakoze imyigaragambyo ikomeye batera amabuye mu Rwanda
Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu Abakongomani baturiye umupaka uhuza DRC n'u Rwanda bazindukiye mu myigaragambyo batera amabuye ku butaka bw'u Rwanda.
Umwuka ukomeje kuba mubi hagati y'ibihugu bibiri by'ibituranyi aribyo u Rwanda!-->!-->!-->!-->!-->…