Browsing Category
Ubuzima
Gahunda yo gusibiza abanyeshuri badashoboye izakomeza- MINEDUC
Minisiteri y’Uburezi yatangaje ko gusibira ku banyeshuri batatsinze atari umwihariko w’abanyeshuri basoza icyiro runaka ahubwo ari intangiriro, kuko guhera uyu mwaka w’amashuri bizakomereza no mu yindi myaka, nta mwana uzongera kwimuka!-->!-->!-->…
Umupasitoro yateye inda abayoboke be 20 avuga ko ari umwuka wera wabimutegetse
Pasitoro Timoteyo yiyemereye kuba yarateye inda abayoboke be bagera kuri 20 avuga ko ari itegeko yahawe na Mwuka wera.
Abantu beshi bakunze kubaha abitwa abapasiteri ndetse bamwe bakabumvira kuruta uko bumvira inzego za Leta, ni!-->!-->!-->!-->!-->…
NESA yahinduye ingengabihe y’uburyo abanyeshuli bazasubira ku ishuri
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibizamini n’ubugenzuzi bw’amashuri (NESA), cyatangaje gahunda ivuguruye y’ingendo z’abanyeshuri biga bacumbikirwa, bagiye gusubira ku ishuri guhera ku wa Gatanu tariki 8 Ukwakira 2021, aho guhera ku wa Kane!-->!-->!-->…
Ecuador: Abarenga ijana baguye mu mirwano yamishyamiranije abafungwa.
Abantu batari munsi ya 116 ubu ni bo bazwi ko bapfiriye mu mirwano y'ibico by'abacyeba muri gereza yo muri Ecuador (Équateur), nkuko abategetsi babivuga, uru rukaba ari rwo rugomo rwa mbere rwiciwemo abantu benshi muri gereza mu mateka!-->!-->!-->…
Nyamasheke: Imvura nyinshi ivanze n’umuyaga yasenye ibyumba by’amashuri.
Ibisenge by'ibyumba bitatu by'amashuri mu Karere ka Nyamasheke byaraye bitwaye n'imvura nyinshi yari ivazemo n'umuyaga yaraye iguye kuri uyu wa kabiri .
Kuri uyu wa kabiri taliki ya 28 Nzeli 2021 mu Karere ka Nyamasheke haraye!-->!-->!-->!-->!-->…
Kicukiro:Abantu 11 bafatiwe mu buvumo barenze ku mabwiriza yo kurwanya COVID-19
Kuri uyu wa mbere tariki ya 27 Nzeri abantu 11 bafatiwe mu Karere ka Kicukiro barenze ku mabwiriza yo kurwanya COVID-19, bafashwe barimo gusenga binyuranijwe n'amabwiriza yo kurwanya COVID-19.
Ni mu gihe amasengesho agomba kubera mu!-->!-->!-->!-->!-->…
RIB yataye muri yombi Umunyemari uzwi nka ‘Gaposho’
Umunyamari Gahunde Jean uzwi nka ‘Gaposho’ yatawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) mu gihe hari gukurikiranwa ikibazo cy’imbwa ze bivugwa ko zisagarira ndetse zikarya abaturanyi.
Umuvugizi wa RIB, Dr Murangira!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyagatare: Polisi yataye muri yombi uwitwa Samweli wiyitaga umukozi w’Akarere akambura…
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 22 Nzeri ku bufatanye n’abaturage bo mu Karere ka Nyagatare Polisi yafashe Maniriho Samuel w’imyaka 19 nyuma yo kwambura abacuruzi amafaranga ababwira ko ari umukozi w’Akarere ushinzwe imisoro. Yafatiwe mu!-->!-->!-->…
Nyanza: Abanyerondo bararegwa gukubita umuntu kugeza ashizemo umwuka
Abanyerondo bo mu Karere ka Nyanza bagera kuri batatu bakurimranyweho icyaha cyo gukubita umuntu kugeza ashizemo umwuka.
Si ku nshuro ya mbere abaturage bavuga ko babangamiwe cyane bikabije n'abanyerondo b'umwuga babakubita ndetse!-->!-->!-->!-->!-->…
Urukiko rwahaye rwasubitse urubanza rwa Dr KAYUMBA Christopher
Urukiko rw'ibanze rwa Kicukiro mu mujyi wa Kigali rwasubitse urubanza rwa Christopher Kayumba ukurikiranyweho icyaha cyo gukoresha umuntu imibonano ku gahato.
Urukiko rw'ibanze rwa rwa Kicukiro rwemeye ubusabe bwa Dr Christopher!-->!-->!-->!-->!-->…
Imitungo ifite agaciro kari hafi ya miliyoni hafi 18 ya Dr Damien HABUMUREMYI igiye gutezwa…
Imitungo ya Bwana Dr Pierre Damien Habumuremyi wahoze ari ministre w'intebe igiye gutezwa cyamunara kugira ngo hishyurwe imyenda y'abandi arimo.
Ibintu bikomeje kutagenda neza kuri Dr Pierre Damien Habumuremyi wigeze kuba Minisitiri!-->!-->!-->!-->!-->…
Muhanga: Bwana Gusitini yaraye akubiswe n’umuriro w’amashanyarazi arapfa.
Umuyobozi wungirije w’Agakiriro ka Muhanga, Habyarimana Augustin, yishwe n’umuriro w’amashanyarazi kuri uyu wa Mbere, tariki ya 20 Nzeri 2021, ubwo yari agiye gucomeka imashini ibaza.
Amakuru y'urupfu rwa Bwana Habyarimana Augustin!-->!-->!-->!-->!-->…
Jado Castar yatawe muri yombi, akurikiranyweho ibyaha by’impapuro mpimbano
Urwego rw'ighugu rw'ubugenzacyaha bwataye muri yombi Bwana Jean De Dieu Bagirishya, akurikiranyweho icyaha cyo gukoresha impapuro mpimbano muri dosiye yatumye ikipe y'u Rwanda ya Volleyball y'abagore iterwa mpanga mu marushanwa!-->!-->!-->…
Urukiko rwahamije ibyaha by’iterabwoba Bwana Paul Rusesabagina akatirwa igifungo…
Nyuma y’amasaha atandatu Urukiko Rukuru rwamaze rusoma urubanza ruregwamo Paul Rusesabagina, Nsabimana Callixte n’abandi 19, rwategetse ko bafungwa ndetse bakishyura indishyi z’ibyangijwe na FLN muri 2018-2019.
Mu gitondo cyo uri!-->!-->!-->!-->!-->…
Algeria: Hashyizweho ikiriyo cy’iminsi itatu mu gihugu cyo kunamira Bouteflika
Leta ya Algeria yashyizeho iminsi itatu yo guherekeza no kunamira Bwana Bouteflika uherutse kwitaba Imana
Leta y'igihugu cya Algeria yasohoye itangazo rivuga ko igihugu kigomba gufata iminsi itatu cyunamira Bwana Abdelaziz!-->!-->!-->!-->!-->…