Browsing Category
Ubuzima
UNHCR yamaganye icyo yise Kugurisha abimukira mu Rwanda
Nyuma y'aho u Rwanda n'igihugu cy'Ubwongereza bikoranye amasezerano agamije kohereza mu Rwanda abimukira bamaze igihe batuye muri icyo gihugu cy'Ubwongereza batabifitiye ibyangombwa, ishami ry'umuryango w'abibumbye ryita ku mpunzi!-->!-->!-->…
#Kwibuka#: Abatutsi bahungiye ku “Butaka Butagatifu” bizeye kuharokokera ariko barahicirwa
Ubuyobozi bw’Intara y’Amajyepfo n’inzego z’umutekano, bifatanyije n’abaturage b’Akarere ka Nyaruguru by’umwihariko i Kibeho Kwibuka ku nshuro ya 28 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 biciwe i Kibeho ku italiki ya 14 Mata mu 1994, ahari!-->!-->!-->…
Nyanza: Abagera kuri 80 bahawe amagurwa ku ihungabana
Ku bufatanye n'Akarere ka Nyanza, Umuryango TRAUMA HELP RWANDA watanze amahugurwa ku bafashamyumvire bagera kuri 80, amahugurwa ajyanye no gufasha abahungabanye
Kuri uyu wa kane taliki ya 14 Mata 2022 mu cyumba cy'inama cya Hotel!-->!-->!-->!-->!-->…
“Ndibaza niba abirabura bafatwa nk’abandi bazungu” Tedros
Umukuru w'ishami ry'umuryango w'abibumbye ryita ku buzima (OMS/WHO) avuga ko isi itita mu buryo bungana ku bibazo bikomeye byihutirwa byibasira abirabura n'abazungu.
Tedros Adhanom Ghebreyesus yavuze ko igice gito gusa cy'imfashanyo!-->!-->!-->!-->!-->…
Itangazo rya MUTUYIMANA wifuza guhindura amazina
Uwitwa MUTUYIMANA Xxx mwene REKAYABO na NTAHEZA utuye mu Ntara y'Iburengerazuba, Akarere ka Rutsiro, mu Murenge wa Ruhango ho mu Kagali ka Gihira mu Mudugudu wa Rukoko yanditse asaba uburenganzira bwo gihindura amazina yari sanzwe akoresha!-->…
Ngoma: Kugabura ibikomoka ku matungo byakemuye ikibazo cy’igwingira mu bana
Bamwe mu babyeyi bo mu Karere ka Ngoma bavuga ko ikibazo cy’igwingira ry’abana cyakemutse burundu, bitirutse ku gutegurira abana n’umuryango muri rusange ifunguro ririho ibikomoka ku matungo.
Ni nyuma y’uko bahanwe amahugurwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Kamonyi: Ikamyo yacitse feri igonga izindi modoka hakomereka benshi
Ikamyo yari itwaye umucanga yacitse feri maze igonga izindi modoka zitwara abagenzi bantu bagera ku icumi barakomereka.
Mu gitondo cy kuri uyu wa gatanu mu Karere ka Kamonyi, mu murenge wa Gacurabwenge ku muhanda Kamonyi-Muhanga!-->!-->!-->!-->!-->…
Imyaka 10 irihiritse umukinnyi wa Film STEVEN KANUMBA Apfuye
Imyaka icumi irashize umukinnyi wa filime w'Umunya Tanzaniya wakunzwe cyane wari uzwi nka Steven Kanumba yitabye Imana
Italiki nk'iyi ngiyi, ukwezi nk'uku kwa Mata umwaka w'i 2012 nibwo inkuri mbi ku bakunzi ba film z'igiswahili!-->!-->!-->!-->!-->…
“N’ubwo imyaka ibaye myinshi, ntabwo tuzareka kwibuka” Meya NTAZINDA Erasme
Mu muhango wo gutangiza icyumweru cy'icyunamo mu Karere ka Nyanza, Meya Ntazinda Erasme yashimiye ingabo zari iza RPF zahagaritse jonoside anavuga ko kwibuka bizahoraho n'ubwo bwose imyaka ibaye myinshi.
Kuri uyu wa kane taliki ya 7!-->!-->!-->!-->!-->…
Huye: Hafashwe hanagizwa litiro zirenga 1,800 z’inzoga z’inkorano
Polisi ifatanije n’inzego z’ibanze n’abaturage ,Ku cyumweru tariki ya 3 Mata, mu Karere ka Huye hafashwe kandi hangizwa litiro 1,440 z’inzoga z’inkorano zizwi ku izina ry’Umuzabibu.
Izi nzoga zafatanwe uwitwa Sibomana Athanase mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Abafite ubumuga bw’uruhu barasaba ko bakwegerezwa amavuta abarinda kanseri y’uruhu
Bamwe mu bafite ubumuga bw'uruhu hirya no hino mu gihugu, baravuga ko kubona amavuta abarinda kanseri y'uruhu n'ibindi bikoresho bibarinda izuba ari bimwe mubyo urwego rw'ubuvuzi rwashyiramo imbaraga nyinshi kugira ngo barusheho!-->!-->!-->…
KARONGI: Bane bafatiwe mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro bunyuranyije n’amategeko
Polisi y’u Rwanda mu karere ka Karongi kuri uyu wa gatanu tariki ya 1 Mata, yafashe abantu bane bakurikiranweho gucukura amabuye y’agaciro mu buryo bunyuranyije n’amategeko mu mudugudu wa Kimigenge, akagari ka Kibirizi, Umurenge wa!-->!-->!-->…
Afghanistan: Leta yabujije Abagore kugenda mu ndege badaherekejwe n’abagabo bafitanye isano
Abagore bo mu gihugu cy’Afghanistan (Afuganisitani) babujijwe gukora ingendo z’indenge zaba iz’imbere mu gihugu cyangwa hanze yacyo badaherekejwe n’abagabo bafitanye isano.
Kuva Abatalibani bagaruka ku butegetsi muri!-->!-->!-->!-->!-->…
Musanze: Basanze umurambo w’umugabo umanitse mu cyumba araramo
Ku mugoroba wo ku itariki 26 Werurwe 2022, mu Kagari ka Kivugiza mu Murenge wa Muko mu Karere ka Musanze, umugore yasanze umurambo w’umugabo we witwa Uwiringiyimana Christian w’imyaka 33 umanitse mu mugozi mu cyumba bararamo, bitera!-->!-->!-->…
Ukraine yahawe misile 6000 na miliyoni 25 z’amayero zo guhangana n’Uburusiya
U Bwongereza bwahaye Ukraine ibindi bisasu bya misile 6 000 ndetse n’inkunga ya miliyoni 25£ (arenga Miliyari 25 Frw) kugira go iki Gihugu gikomeze guhangana n’u Burusiya bwagishojeho intambara.
Iyi ntambara imaze ukwezi itangijwe!-->!-->!-->!-->!-->…