Browsing Category
Ubuzima
Icyoba cy’ubwiyongere bwa Covid-19 butumye indi mirenge 50 ishyirwa muri gahunda ya Guma mu…
Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu (MINALOC) yatangaje Imirenge hirya no hino mu gihugu twashyizwe muri Gahunda ya Guma mu Rugo bitewe n’ubwiyongere bwa COVID-19.
Itangazo ryashyizweho umukono na Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu!-->!-->!-->!-->!-->…
Rwamagana: Umugabo yiteye icyuma mu nda ku bw’umujinya wo gufuhira umugore we.
Umugabo ufite imyaka 36 utuye mu Murenge wa Fumbwe mu Karere ka Rwamagana, yiteye icyuma mu nda nyuma y’umujinya w’uko akeka ko umugore we asambanywa n’abandi.
Uyu mugabo yiteye icyuma ku mugoroba wo ku Cyumweru, tariki ya 25!-->!-->!-->!-->!-->…
Mu Rwanda habonetse virusi esheshatu za Covid-19 yihinduranyije zirimo n’itazwi.
Minisiteri y’Ubuzima yagaragaje ko mu Rwanda hamaze kugera ubwoko butandatu bwa virusi itera Covid-19, burimo iyihinduranya izwi nka ‘Delta’ ndetse n’indi kugeza ubu hataramenyekana izina ryayo.
Byatangajwe na Minisitiri w’Ubuzima,!-->!-->!-->!-->!-->…
Ministre Gatabazi yasobanuye uburyo ibiryo bigenewe abatishoboye bitangwa.
Nyuma y'aho Lata yongeyeho iminsi itanu ku icumi ya guma mu rugo, ministre yavuze ko abatishoboye bazakomeza guhabwa ibibatunga ndetse anasobanura uburyo iyo nkunga y'ibiribwa itangwa.
Ku mugoroba wo kuri iki cyumweru ubwo abaturage!-->!-->!-->!-->!-->…
Huye: Abantu 12 bafashwe banywera inzoga muri butike yahinduwe akabari
Ku mugoroba wa tariki ya 20 Nyakanga ahagana saa mbiri nibwo abapolisi bari mu bikorwa byo kugenzura iyubahirizwa ry’amabwiriza yo kwirinda ikwirakwira rya COVID-19 bafashe bariya bantu 12. Bafatiwe muri butike yahinduwe akabari!-->!-->!-->…
Ruhango:Umunyeshuri yabyariye mu kizamini bamusangisha ikizami mu bitaro.
Hari umunyeshuri wabyaye ku munsi wa mbere w'ibizamini byatangiye none biba ngombwa ko bamusangisha ikizami mu bitaro aho yari yagiye kubyarira.
Inkuru ikomeje kuvugwa cyane nka kimwe mu bidasanzwe mu gihe ibizamini bisoza ikiciro!-->!-->!-->!-->!-->…
Ngororero: Polisi y’u Rwanda yataye muri yombi Bwana Munyandera wibaga amabuye…
Polisi ikorera mu Karere ka Ngororero kuri uyu wa Mbere tariki ya 19 Nyakanga yafashe Munyandera Jean Bosco w’imyaka 48 umwe mu bari bamaze iminsi bajya mu kirombe cya rwiyemezamirimo bagacukuramo amabuye y’agaciro mu buryo butemewe!-->!-->!-->…
Musanze: Umwangavu w’imyaka 12 waherukaga gukora ikizami cya Leta bamusanze amanitse ku giti yapfuye
Umwana w'umukobwa ufite imyaka 12 y'amavuko bamusanze ku giti yapfuye, birakekwa ko yaba yiyahuye.
Umwana w’umukobwa witwa Iratuzi Solange w’imyaka 12 wo mu Mudugudu wa Nyiramuyenzi, Akagari ka Buramira mu Murenge wa Kimonyi, mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Rutsiro: Polisi yarokoye abantu 7 bari barohomye mu kiyaga cya Kivu
Mu ijoro ryo kuri uyu mbere tariki ya 19 Nyakanga ahagana saa saba abapolisi bo mu ishami rya Polisi y’u Rwanda bashinzwe umutekano wo mu mazi barohoye abantu 7 bari bavuye mu Murenge wa Boneza mu Karere ka Rutsiro bagiye mu!-->!-->!-->…
Kenya:Umupolisikazi wahigwaga kubera icyaha cyo kwica abagabo babiri nawe yirashe arapfa.
Umupolisikazi wo muri Kenya wari umaze igihe ashakishwa aregwa kurasa akica abagabo babiri bamusanze yapfuye mu rugo rw'ababyeyi be.
George Natembeya, umutegetsi wo mu ntara ya Elgeyo Marakwet yavuze ko Caroline Kangogo yari!-->!-->!-->!-->!-->…
Ino myanzuro mishya yo gukumira Covid izagabanya ubwandu ku rugero rwa 70%
Umujyi wa Kigali n'uturere umunani twagaragayemo kwiyongera gukomeye kw'ubwandu bwa Covid-19 byashyizwe muri gahunda ya guma mu rugo, nkuko bikubiye mu byemezo bishya by'inama y'abaminisitiri.
Abatuye Kigali n'uturere twa Burera,!-->!-->!-->!-->!-->…
Rusizi: Abayoboke ba ADEPR 72 bafatiwe mu ngo basenga barenze ku mabwiriza yo kurwanya COVID-19
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 10 Nyakanga Polisi y'u Rwanda ikorera mu Karere Rusizi yafashe abantu 72 barimo gusenga barenze ku mabwiriza yo kurwanya ikwirakwira rya COVID-19. Mu Murenge wa Mururu mu Kagari ka Gahinga, Umudugudu wa!-->!-->!-->…
India: 11 bakubiswe n’inkuba barapfa ubwo bifataga amafoto ya selfie
Inkuba yishe abantu 11 abandi benshi barakomeraka ku cyumweru mu mujyi wa Jaipur mu majyaruguru y'Ubuhinde.
Abo yakubise barimo bafata 'selfie' mu mvura bari ku gasongero k'umunara mu nzu y'umutamenwa yubatswe mu kinyejana cya 12,!-->!-->!-->!-->!-->…
Bwana Sylvestre yitabye Imana aguye mu musarane kubera ibihumbi bitatu.
Umugabo witwa Hafashimana Sylvestre w’imyaka 37 y’amavuko, yitabye Imana aguye mu musarane kubera igihembo cy’ibihumbi bitatu by’amanyarwanda (3,000 Frs) yemerewe kugira ngo akuremo ibyangombwa byari byaguyemo.
Byabaye ku gicamunsi!-->!-->!-->!-->!-->…
Ingamba nshya zashyizweho mu kwirinda Covid-19 zisize amashuri afunzwe muri tumwe mu turere n’Umujyi…
Kuri uyu wa 29 Kamena uyu mwaka,Hasohotse itangazo rishyiraho ingamba nshya zihariye mu mujyi wa Kigali no mu turere 8 two hirya no hino mu Rwanda dukomeje kugaragaramo ubwiyongere bukabije bwa Covid-19.
Iri tangazo rivuga ko guhera ku!-->!-->!-->…