Browsing Category
Umutekano
DRC: Imirwano yongeye kubura hagati y’umutwe wa M23 na FARDC
Imirwano irimo intwaro ziremereye yubuye mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) hagati y’Ingabo z’icyo gihugu n’umutwe wa M23.
Ni imirwano yubuye nyuma y’iminsi itanu inama yahurije i Luanda abakuru!-->!-->!-->!-->!-->…
FDLR yasabye ibiganiro na Leta y’u Rwanda kugira ngo ishyire intwaro hasi
Inama y’abakuru b’ibihugu by’akarere yateraniye i Luanda mu cyumweru gishize, yafashe ingamba zigamije kugarura amahoro mu Burasirazuba bwa Congo zirimo ko imitwe yitwaje intwaro yose iba muri icyo gice cya RDC yashyira intwaro hasi
!-->!-->!-->!-->!-->…
Umutwe wa M23 wemeye guhagarika intambara ariko usaba ko na FARDC ibyubahiriza
Saa kumi n’ebyiri (18:00’) zibura iminota micye, umutwe wa M23 wari wahawe kutarenza iyi saha utarubahiriza ibyo wasabwe, wemeye guhagarika imirwano ariko ugira icyo usaba Guverinoma ya DRC ndetse n’umuhuza.
Mu nama yahuje abakuru!-->!-->!-->!-->!-->…
Munyaneza Thomas uyobora Tomtransfers akurikiranyweho ibyaha by’ubwambuzi
Umuyobozi wa Sosiyete imaze imyaka irenga itatu mu bucuruzi burimo ubw’imodoka mu Rwanda, Tomtransfers, Munyaneza Thomas akurikiranyweho ibyaha birimo ubwambuzi bw’amafaranga agera kuri miliyoni 800 z’amafaranga y’u Rwanda.
Ni!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC yanze gutwara umurambo w’umusirikare warasiwe mu Rwanda, ngo ntabwo ari uwabo
Nyuma yo kohereza Itsinda ry’Ingabo zihuriweho n’Akarere k’Ibiyaga Bigari rishinzwe ubugenzuzi bw’imipaka rizwi nka EJVM (Expanded Joint Vetivication Mechanism) aharasiwe umusirikare bikekwa ko ari uwa Repubulika Iharanira Demokarasi!-->!-->!-->…
Undi musirikare wa DRC amaze kurasirwa ku butaka bw’u Rwanda
Undi musirikare wa FARDC wari winjiye mu Rwanda arasa abaturage n'abashinzwe umutekano biravugwa ko nawe yarashwe agapfa.
Hari amakuru aturuka mu Karere ka Rubavu atari yemezwa n'inzego za Leta avuga ko inzego zishinzwe umutekano!-->!-->!-->!-->!-->…
Ni iyihe mpamvu irigutuma ibihugu bikomeje kuvana ingabo zabyo muri Mali na Côte d’Ivoire bavuyeyo?
Nyuma y’u Bwogereza, Guverinoma ya Côte d’Ivoire yatangaje ko igiye kuvana abasirikare bayo mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kugarura amahoro muri Mali, MINUSMA.
Nibura icyo gihugu cyari gifiteyo abasirikare 850 guhera mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Rulindo: Afungiwe kwigabiza ishyamba Leta agatemamo ibiti
Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’inzego z’ibanze n’abaturage mu Karere ka Rulindo, tarlki ya 15 Ugushyingo, yafashe uwitwa Tuyisenge Elias ufite w’imyaka 28 y’amavuko ukurikiranyweho kwigabiza ishyamba rya Leta akaritemamo ibiti byo!-->!-->!-->…
Ngoma: Umukozi wo mu rugo yafatanywe arenga miliyoni 1Frw yari yibye umukoresha we i Kigali
Polisi y’u Rwanda ifatanyije n’izindi nzego z’umutekano n’abaturage mu karere ka Ngoma, ku wa Kabiri tariki ya 15 Ugushyingo, yagaruje amafaranga y’u Rwanda 1,096,000 agize amwe mu yo umukozi wo mu rugo yari yibye uwo yakoreraga mu!-->!-->!-->…
Polisi yafashe babiri barimo ucyekwaho icyaha cyo gukwirakwiza ibihuha
Polisi y’u Rwanda, Ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda (TRS), ryafashe abagabo babiri bafatiwe mu bikorwa bitandukanye mu Mujyi wa Kigali, aho umwe akurikiranyweho gukwirakwiza ibihuha mu gihe undi yafatiwe guhisha nimero iranga!-->!-->!-->…
Biravugwa ko M23 yaba ugeze mu marembo ya Goma, abasirikare ba Leta bari gukizwa n’amaguru
Biri kuvugwa ko kuri ubu ingabo z'umutwe wa M23 zaba zimaze kwinjira mu marembo y'umujyi wa Goma mu gihe abaturage n'abasirikare ba Leta batagiye guhunga.
Imirwano yongeye kubura hagati y'umutwe wa M23 n'ingabo za Leta guhera mu!-->!-->!-->…
DRC: Kenyatta yerekeje mu mujyi wa Goma mu gihe imirwano ikomeje hagati ya FARDC na M23
Bwana Uhuru Kenyatta wahoze ayobora igihugu cya Kenya akaba ari nawe muhuza ku bibazo bya Leta ya Congo imaze igihe iri guhangana n'umutwe wa M23, ubu arabarizwa mu mujyi wa Goma hafi y'aho imirwano y'impande zombi iri kubera.
Uhuru!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: M23 wafashe umujyi wa Kamuhanga uri mu birometero 30 bike ugana i Goma
Inyeshyamba za M23 zirwanya Leta ya Kongo zafashe umujyi wa Kamuhanga uri mu birometero 30 uvuye i Goma umurwa mukuru w’intara ya Kivu ya Ruguru.
Uyu mujyi uri ku mupaka w’u Rwanda na Kongo mu karere ka Nyiragongo, wafashwe nyuma!-->!-->!-->!-->!-->…
Yafashwe agiye kongeresha Perimi y’impimbano yari amaranye imyaka 11 yose.
Imyaka irenga 10 yari yihiritse umushoferi witwa Turahirwa Phocas agendera kuri Perimi y’inyiganano, ariko iminsi y’igisambo yarangiranye n’uko Perimi yari irangije Igihe igomba kongererwa agaciro.
Nyiri Perimi n’uwayimucuriye!-->!-->!-->!-->!-->…
Uganda: Umugabo w’imyaka 19 arakekwaho gusambanya umuhungu we w’umwaka umwe
Umugabo wo muri Uganda mu Karere ka Serere yatawe muri yombi n’inzego z’umutekano akurikiranyweho icyaha cyo gusambanya umwana we w’umuhungu w’amezi 19.
Uyu mugabo w’imyaka 19 yatawe muri yombi nyuma y’amakuru yatanzwe n’abaturanyi!-->!-->!-->!-->!-->…