Browsing Category
Umutekano
Mu cyumweru kimwe gusa Perezida Zelensky wa Ukraine asimbutse urupfu gatatu.
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky amaze gusimbuka urupfu inshuro eshatu aho yagiye yohererezwa amatsinda kabuhariwe mu kwica, akamuhusha.
Volodymyr Zelensky amaze gusimbuka urupfu inshuro eshatu ku bitero yagiye agabwaho!-->!-->!-->!-->!-->…
Rubavu: Abasore babiri bafatanwe ibikoresho bari bibye mu nzu y’umuturage
Polisi ikorera mu Karere ka Rubavu yafashe abasore 2 batoboye inzu y’umuturage witwa Uwineza Johnson bakamwiba ibikoresho byo mu nzu bitandukanye birimo televiziyo, mudasobwa na teremusi 2.Abo basore bafashwe Tariki ya 03 Werurwe, mu!-->!-->!-->…
Imibare y’Abarusiya bamaze kugwa ku rugamba yamenyekanye.
Leta y'Uburusiya yamaze gutangaza imibare y'abasirikare bayo bamaze kugwa ku rugamba rwo muri Ukraine.
Icyumweru kirashize Leta y'Uburusiya itangije igikorwa cyo kumisha ibisasu mu gihugu cya Ukraine, imibare y'abasize ubuzima bwabo!-->!-->!-->!-->!-->…
Rulindo: Polisi yafashe uwinjizaga ibikoresho bya magendu byifashishwa mu gupima Covid-19
Ku wa kabiri tariki ya 1 Werurwe, Polisi ikorera mu Karere ka Rulindo yafashe uwitwa Ndayamabje Jean Pierre afite ibikoresho byifashishwa mugupima Covid-19 yafatiwe mu Karere ka Rulindo, Umurenge wa Rusiga, Akagali ka Kirenge,!-->!-->!-->…
Rulindo: Polisi yafashe abantu batatu bakekwaho gukwirakwiza urumogi
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 2 Werurwe , Polisi ishami rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (ANU) ryafashe abantu 3 bafite urumogi ibiro birenga 31 n’udupfunyika tw’urumogi 200 rwinjiye mu gihugu ruvuye mu gihugu cya Uganda!-->!-->!-->…
Zimbabwe yafashije abanyeshuli bayo 118 kuva muri Ukraine
Guverinoma ya Zimbabwe yatangaje ko yafashije abanyeshuri bayo 118 guhunga bava muri Ukraine berekeza mu bihugu bituranye n’iki gihugu kiri mu ntambara n’Uburusiya.
Abanyeshuri 28 bajyanwe muri Romania, 15 bajya muri Hongriya, 26!-->!-->!-->!-->!-->…
Polisi yafashe umwarimu ukekwaho kwaka ruswa umunyeshuri
Kuri uyu wa mbere tariki ya 28 Gashyantare Polisi ishami rishinzwe gutegura no gukoresha ibizamini byo gutwara ibinyabiziga ryafashe uwitwa Rizinde Jean De Dieu ukekwaho kubeshya umunyeshuri yigishaga gutwara ikinyabiziga ngo!-->!-->!-->…
Nyanza: Batanu bari bagiye gutekera umutwe umuturage batawe muri yombi
Kuri uyu wa mbere tariki ya 28 Gashyantare, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Nyanza ifatanije n’inzego z’ibanze ndetse n’abaturage yafashe abagabo 5 bakekwaho gutekera umutwe uwitwa Mukantwari Collette w’imyaka 51 bamubwira!-->!-->!-->…
Miss Ukraine yafashije ikamba hasi ajya ku rugamba
Mu gihe igihugu cye kimaze iminsi mu ntambara n'igihugu cy'Uburusiya, umukobwa wigeze kuba nyampinga mu mwaka wa 2015 yiyemeje gushyira ikamba hasi ajya ku rugamba gufasha basaza be.
Hashize iminsi igihugu cy'Uburusiya cyinjiye ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Russia: Ibihumbi by’abaturage biraye mu mihanda bamagana ibitero bya Putin kuri Ukraine.
Mu mijyi inyuranye mu Burusiya, abantu ibihumbi n’ibihumbi biraye mu mihanda bigaragambya bamagana intambara Igihugu cyabo cyashoje muri Ukraine bavuga ko ibyaha biri gukorerwa Abaturanyi babo, ari kimwe no kubibakorera.
Iyi!-->!-->!-->!-->!-->…
Abasivile 102 barimo abana barindwi baguye mu ntambara y’Uburusiya kuri Ukraine-ONU
Ishami rya ONU rishinzwe uburenganzira bwa muntu ritangaza ko abasivile 102 barimo abana barindwi bishwe kuva uburusiya bwatangiza intambara kuri Ukraine mu minsi itanu ishize.
Iri shami rivuga ko imibare ya nyayo ishobora kuba iri!-->!-->!-->!-->!-->…
Kayonza: Batatu bafatiwe mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro butemewe
Polisi ikorera muri Karere Kayonza yafatiye abantu batatu mu bikorwa by’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro butemewe.
Aba uko ari batatu bafashwe ku wa Gatandatu tariki ya 26 Gashyantare bafatirwa mu Murenge wa Rwinkwavu, Akagari ka!-->!-->!-->!-->!-->…
Yahunze intambara Abatalibani bafata ubutegetsi muri Afganistani, none ari guhunga intambara…
Umunya-Afganistani wahunze imvururu ubwo Abatalibani bafataga Kabul muri Nzeri 2021, avuga uburyo yageze muri Ukraine agasanga ibintu ari bibi kubera intambara Uburusiya bwatangije kuri iki gihugu.
Haidar Seddiqi wahoze ari!-->!-->!-->!-->!-->…
Minisitiri w’ubutabera w’u Burundi ari mu ruzinduko mu Rwanda
Minisitiri w’ubutabera akaba n’intumwa Nkuru ya Leta, Dr Ugirashebuja Emmanuel yakiriye mugenzi we w’u Burundi, Banyankimbona Domine uri mu ruzinduko rw’akazi mu Rwanda.
Abayobozi b’impande zombi barimo kugirana ibiganiro bigaruka!-->!-->!-->!-->!-->…
Rubavu: Gitifu yafatiwe mu cyuho yakira ruswa y’umuturage
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Rubavu, mu Murenge wa Gisenyi mu Karere ka Rubavu, yafatiwe mu cyuho yakira ruswa y’ibihumbi 50 by’amafaranga y’u Rwanda kugira ngo arekure inka zari zafatiwe ku musozi wa Rubavu.
Uyu!-->!-->!-->!-->!-->…