Browsing Category
Umutekano
Nyarugenge: Polisi yahuguye abaturage ku kwirinda no kurwanya inkongi z’umuriro
Kuri uyu wa Mbere tariki ya 01 Ugushyingo abapolisi bo mu ishami rya Polisi y'u Rwanda rishinzwe ubutabazi no kurwanya inkongi z'umuriro bahuguye abaturage 40 bo mu Karere ka Nyarugenge, Umurenge wa Nyarugenge, Akagari ka Biryogo,!-->!-->!-->…
Diregiteri w’ishuri wavuze ko Inkotanyi zishe abantu zikabasimbuza imirima y’itabi…
Urukiko Rwisumbuye rwa Musanze rwakatiye uwari umuyobozi w’ishuri ryisumbuye rya Cyapa, igifungo cy’imyaka irindwi nyuma yo guhamwa n’icyaha cy’ivangura no gukurura amacakubiri.
Iri shuri riherereye mu Karere ka Burera, mu Murenge!-->!-->!-->!-->!-->…
U Rwanda rurabeshyuza amakuru avuga ko habayeho kurasana hagati ya Congo n’u Rwanda
Leta y'u Rwanda irabeshyuza amakuru yavugaga ko haraye habaye imirwano y'igihe gito hagati y'ingabo a'u Rwanda RDF n'iza Congo FARDC.
Ambasaderi w’u Rwanda muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Vincent Karega, yabeshyuje!-->!-->!-->!-->!-->…
Abasirikare 2 ba RDF bafatiwe ku butaka bwa Congo habaho kurasana
Hari abasirikare babiri ba RDF barenze imbibe z'igihugu bisanga ku butaka bwa Congo
Kuri uyu wa Mbere tariki ya 18 Ukwakira 2021 hari abasirikare 2 ba RDF bafatiwe ku butaka bwa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo gace ka!-->!-->!-->!-->!-->…
Ruhango: Bwana Theoneste yafatanywe amafranga y’amaganano
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 16 Ukwakira Polisi ikorera mu Karere ka Ruhango yafashe Bizimana Theoneste w’imyaka 41 afatanwa amafaranga ibihumbi 7 y’amiganano. Yafatiwe mu Karere ka Ruhango, Umurenge wa Mbuye, Akagari ka Mwendo,!-->!-->!-->…
Kigali: Abarimo uwiyitaga umupolisi bafungiwe guhimba perimi na Pasiporo
Ku wa Kabiri tariki ya 12 Ukwakira Polisi yafashe abantu batatu barimo uwiyitaga umupolisi akagurisha inyandiko mpimbano zirimo uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga rwa burundu (permis definitifs), impapuro z’inzira!-->!-->!-->…
Kirehe: Abana babiri bava inda imwe basanzwe mu murima barishwe
Abana babiri bo mu Karere ka Kirehe mu Murenge wa Musaza basanzwe mu murima wo kwa Sekuru barapfuye, abaturage bakeka ko bishwe na Sekuru abaziza ko batamushyiraga ibiryo.
Ahagana mu masaha ya saa tatu za mugitondo kuri uyu wa 15!-->!-->!-->!-->!-->…
Kigali: Umurambo w’umuntu utaramenyekana wasanzwe uryamye iruhande rw’inzoga
Hari umurambo w'umuntu utari wamenyekana wasanzwe hepfo y'umuhanda, bawusangana icupa ry'inzoga.
Mu murenge wa Kigali, akagari ka Kigali ku muhanda hasanzwe umurambo w'umugabo wari uryamye iruhande rw'icupa ry'inzoga ,aho abaturage!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyaruguru: Hafashwe ibiro 300 bya magendu y’imyenda ya caguwa ivuye i Burundi
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 13 Ukwakira abapolisi bo mu ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe kurwanya abanyereza imisoro bafashe abantu Barindwi bari bafite ibiro 300 bya magendu y’imyenda ya caguwa bari bavanye mu!-->!-->!-->…
MUHIMA: Amabandi yaraye ashimuse umu ajenti wa MTN baramwambura baranamukoretsa bikomeye
Amabandi yaraye ashimuse umucuruzi amujyana mu gashyamba aramwihererana aramwambura aranamukomeretsa bikomeye.
Ku mugoroba wo ku wa Gatatu tariki 13 Ukwakira, ahagana mu ma saa kumi n’ebyiri, mu Murenge wa Muhima, akagari ka Kabeza!-->!-->!-->!-->!-->…
Nsengiyumva Theogene Umuyobozi wa UMUBAVU TV n’abandi 5 batawe muri yombi
RIB yatangaje ko yataye muri yombi abantu batandatu barimo n'umuyobozi w'ikinyamakuru UMUBAVU TV, bose barashinjwa kwitwaza Youtube bagatangaza ibihuha.
Urwego rw'ubugenzacyaha mu Rwanda RIB rwatangaje ko Ku bufatanye n'inzego!-->!-->!-->!-->!-->…
Abadepite b’ubumwe bw’Iburayi bwasabye U Rwanda kurekura Paul Rusesabagina nta mananiza
Inteko ishingamategeko y'ubumwe bw'ibihugu by'iburayi washyize igitutu kuri guverinoma y'u Rwanda, iyisaba kurekura Bwana Paul Rusesabagina agataha nta yandi mananiza.
Mu nama yabaye kuri uyu wa kane taliki ya 8 Ukwakira 2021 ihuza!-->!-->!-->!-->!-->…
Kamonyi: Polisi yafashe bamwe mu bakekwaho ubujura
Abapolisi bakorera mu Karere ka Kamonyi kuri iki cyumeru tariki ya 3 Ukwakira bafashe abantu 27 bagize itsinda ricyekwaho guhohotera no kwiba abaturage. Icyenda muri abo bantu, bafatiwe mu Murenge wa Ngamba aho abaturage bari!-->!-->!-->…
RDF yatangaje umubare w’abasirikare b’u Rwanda bamaze gusiga ubuzima mu gihugu cya…
Igisirikare cy'u Rwanda cyatangaje umubare w'abasirikare b'u Rwanda bamaze gusiga ubuzima mu butumwa bw'akazi bagiyemo muri Mozambique.
Binyujijwe mu muvugizi w'igisirikare cy'u Rwanda RDF, Col Ronald Rwivanga, umuvugizi w'ingabo!-->!-->!-->!-->!-->…
Dr Christopher yahakanye ibyaha byose ashinjwa avuga ko ari ibihimbano gusa.
Dr Kayumba Christopher yitabye urukiko ahakana ibyaha byose ashinjwa n'ubushinjacyaha avuga ko ari ibihimbano bigamije kumwangisha rubanda.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri taliki ya 28 Nzeli urukiko rw'ibanze rwa Kicukiro!-->!-->!-->!-->!-->…