Browsing Category
Umutekano
Abasirikare 5 ba RDF bakekwaho guhohotera abaturage batangiye kuburanishwa
Urukiko rwa gisirikare mu Rwanda rwatangiye kuburanisha abasirikare batanu bakekwaho guhohotera abaturage. (Photo Igihe.com)
Urukiko rwa gisirikare mu Rwanda rwatangiye rwatangiye kuri uyu wa mbere taliki ya 11 Gicurasi kuburanisha!-->!-->!-->!-->!-->…
Rubavu: Abantu 2 barashwe ubwo bageragezaga kwinjiza ibiyobyabwenge mu Rwanda
Inzego z'umutekano mu Karere ka Rubavu zatangaje ko zaraye zirashe abantu babiri umugore n'umugabo ubwo bageragezaga kwinjira ku butaka bw'U Rwanda banyuze mu nzira zitemewe kandi bikoreye imifuko y'urumogi.
Abo bantu uko ari babiri!-->!-->!-->!-->!-->…
Wa musore waraye witurikirijeho igisasu cya grenade ku Kimironko yamenyekanye
Polisi y'U Rwanda yamaze gushyira hanze amazina y'umusore waraye witurikirijeho igisasu cyo mu bwoko bwa grenade ku Kimironko
Ahagana saa kumi nebyiri z'u mugoroba nibwo umusore yinjiranye igisasu cyo mu bwoko bwa grenade muri!-->!-->!-->!-->!-->…
Kimironko: Umugabo utaramenyekana yiturikirijeho Grenade arapfa
Umugabo utaramenyekana yiturikirijeho igisasu cyo mu bwoko Bwa Grenade ahita arapfa.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane taliki ya 7 Gicurasi ahagana saa kumi n'ebyiri z'umugoroba mu murenge wa Kimironko ahazwi nko ku cyapa cyo kwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyaruguru:Umuyobozi ushinzwe ubuhinzi w’Umurenge yatawe muri yombi akekwaho kunyereza imbuto…
Ubuyobozi bw’akarere ka Nyaruguru buratangaza ko umuyobozi ushinzwe ubuhinzi mu murenge wa Ruheru akekwaho uburiganya ,aho yafataga ibyagenewe abaturage akabikoresha nabi,aho ishwagara,ifumbire n’imbuto y’ibirayi yafatatanyaga n’abacuruzi!-->…
Rusizi:Yishe ifumberi 2 muri Nyungwe atabwa muri yombi
Ku bufatanye n’abashinzwe kurinda Pariki ya Nyungwe, kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 02 Gicurasi Polisi y’u Rwanda yafashe uwitwa Riberakurora Samson ufite imyaka 30. Yafatanwe inyamanswa ebyiri zo mu bwoko bw’ifumberi, yari amaze kuzica!-->…
Rutsiro: Abayobozi 4 batawe muri yombi bakurikiranyweho icyaha cyo “gukubita no…
Urwego rw’Igihugu rushinzwe ubugenzacyaha (RIB), rwataye muri yombi abayobozi bane bo mu Murenge wa Nyabirasi, mu Karere ka Rutsiro bakekwaho gukubika no gukomeretsa umukobwa w’imyaka 20 bitwaje ububasha bahabwa n’amategeko.
Abayobozi!-->!-->!-->…
Gasabo: Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere ka Gasabo yasabye ba Gitifu b’Imirenge kugeza abarwayi…
Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere ka Gasabo, Umwali Pauline, yandikiye Abanyamabanga Nshingwabikorwa b’Imirenge 15 igize aka Karere, abasaba gufasha abarwayi bafitanye gahunda na muganga kugerayo no kuvayo basubira mu ngo.
Uyu!-->!-->!-->…
Mu karere ka Ruhango Umwarimukazi yasuye mugenzi we apfirayo.
Umwarimukazi wo mu Murenge wa Byimana yatawe muri yombi nyuma yuko mugenzi we bikekwa ko yari arwaye aguye mu rugo rwe.
Uyu mwarimukazi yari acumbikiye mugenzi we aho atuye mu Mudugudu wa Rugerero mu Kagari ka Kamusenyi mu Murenge wa!-->!-->!-->…
Rwanda: Police yashyizeho uburyo bwo gusaba uruhushya ruzajya rufasha abashaka serivisi z’ingenzi…
Polisi y’u Rwanda yashyizeho uburyo bw’ikoranabuhanga abanyarwanda n’abaturarwanda, bazajya bakoresha basaba uruhushya rwo kujya gushaka serivisi z’ingenzi nko kuri Banki, Farumasi, gushyingura, kwivuza n’ibindi byihutirwa bakaba bazajya!-->…
KARONGI: RIB yataye muriyombi Gitifu w’umurenge na DASSO bakurikiranyweho icyaha ‘gukubita…
Ku wa gatanu nijoro Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwataye muri yombi Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Gashari na DASSO bakekwaho gukubita umuturage, Amakuru aherutse gusohoka uvuga ko hari Umwarimu aba!-->…
Rwanda: polisi yerekanye abagera kuri 40 bishe amabwiriza ya #gumamurugo#
Abantu bagera kuri 40 batawe muri yombi nyuma yo kutubahiriza amabwiriza ya gahunda yo kuguma mu rugo mu rwego rwo kwirinda covid-19
Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu tariki ya 24 Mata 2020 Polisi y’u Rwanda yagaragaje abantu bagera!-->!-->!-->!-->!-->…
RIB yataye muri yombi 3 bakekwaho gushaka gutorokesha Col Tom BYABAGAMBA
Urwego rw'igihugu rushinzwe ubugenzacyaha mu Rwanda rwamaze guta muri yombi abantu abantu 3 bakekwaho gushaka gutorokesha Colonel BYABAGAMBA Tom.
Nyuma y'aho kuri uyu wa 4 Mata ubushinjacyaha bwa gisirikare butangaje ko mu byaha!-->!-->!-->!-->!-->…
Umuryango wa J.Damascene uherutse kuraswa ntuvuga rumwe na Polisi ku rupfu rwe.
Umugore nyakwigendera NIYONZIMA ntiyemeranya nibyo polisi ivuga ku rupfu rw'umugabo we, avuga ko Polisi yari imimaranye iminsi ine nyuma ikavuga ko yamufashe yagiye kwiba maze agashaka kurwanya inzego agahita araswa
Umuryango wa!-->!-->!-->!-->!-->…
NIGERIA:Abagore basigaye bagendana Akayuya kubera agatsiko kiyise “One Million Boys”…
Umujyi wa Lagos muri Nigeria hadutse agatsiko k’abasore biyita "One Million Boys "biba bakanafata abagore ku ngufu muri ibi bihe bya Covid-19, ntibanazuyaza kubanza guteguza aho bagiye kugaba igitero .
Itsinda ryi insoresore zo mu!-->!-->!-->…