Browsing Category
Uncategorized
Uganda: Umuhanzi BIG EYE agiye gushyira prezida Museveni n’ishyaka rye mu nkiko kubera umwenda…
Umuhanzi uzwi ku izina rya Big eye wo mu gihugu cya Uganda yatangaje ko agiye gushyira mu nkiko prezida Museveni n'ishyaka rye rya NRM kubera umwenda bamurimo
Umuhanzi ukomeye wo mu gihugu cya Uganda uzwi nka Big Eye yatangaje ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Kirehe: Bwana HITIMANA yakandagiwe bikomeye n’Imvubu umusiga ari intere
Imvubu yavuye mu mazi ijya mu mirima y'abaturage, ikandagira umuntu imusiga ari intere
itimana yari yagiye kurinda imyaka ye, imvubu aramusatira imuruma ku gakanu, imukandagira no mu mbavu nk’uko mubyara we yabibwiye Umuseke.
Uyu!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Sunny yasabye imbabazi Abanyarwanda ku mubabarira ku mabara yakoze agatakarizwa ikizere nu mukunzi…
umuhanzikazi Sunny Dorcas Ingabire
umuhanzikazi Ingabire Dorcas uzwi kumanzi Sanny akaba ari umuhanzikazi ukizamuka mu muziki Nyarwanda kandi akaba ari umunyamideri akaba umucuruzi, nyuma yo gushyira hanze ubwambure bwe ku karubanda!-->!-->!-->…
Menya Ahantu H’amayobera Hatangaje Kurusha Ahandi ku Isi
Kuri iyi si dutuye uzatembera ugerageze kugera kure hashoboka hatandukanye n'aho wageze mbere. Gusa hari aho ushobora kugera cyangwa se wageze ukabona hadasanzwe kuri wowe bitewe n'imimerere yaho.
Nibyo koko hari ibyo uzabona!-->!-->!-->!-->!-->…
Uganda: Bobi Wine yavuze ko agiye guhangana na Leta akiyamamariza mu kivunge nubwo Leta ye yabyanze
Bobi Wine, umunyamuziki n'umunyapolitiki wo muri Uganda yavuze ko azakoresha mitingi zo kwiyamamaza nubwo akanama k'amatora mu gihugu kabibujije kubera kwirinda ubwandu bwa coronavirus.
Robert Kyagulanyi wamenyekanye cyane nka Bobi!-->!-->!-->!-->!-->…
Rwamagana: Yatawe muri yombi nyuma yo gutekera umutwe umugore akabona kumwiba amuteye imiti
Polisi y'u Rwanda yataye muri yombi Bwana NDAYISABA nyuma yaho yibye umugore abanje kumutera imiti imutwara ubwenge
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Rwamagana kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 20 Kamena yafashe ndetse ita muri!-->!-->!-->!-->!-->…
Gitifu yabaye uwa mbere ukoze ubukwe mu Kiliziya nyuma yo gukomorerwa!
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Ruhengeri, Barikumwe Isaie n’umukunzi we Nyiraneza Evelyne, bari mu byishimo nyuma y’uko basezeranye imbere y’amategeko n'imbere y’Imana ku itariki 20 Kamena 2020, bakaba bishimira uburyo ubukwe!-->…
Perezida wa Misiri yasabye ingabo ze kwitegura,igihugu cye gishobora kwinjira muri Libya
Perezida wa Misiri, Abdel Fattah al Sisi yavuze ko ingabo ze zishobora kwinjira muri Libya
Perezida wa Misiri,Abdel Fattah al Sisi yatangaje ko igihugu cye gifite uburenganzira bwo kwinjira muri Libya ndetse anahamagarira ingabo ze!-->!-->!-->…
RDC: Imyaka 20 niyo Vital KAMERHE yakatiwe n’urukiko rukuru rw’i Kinshasa
Vital KAMERHE wakoraga mu biro bya Prezida Felix Chisekedi yakatiwe igifungo k'imyaka 20 nyuma yo guhamwa n'icyaha cyo kunyereza umutungo wa Leta
Kuri uyu munsi nibwo hari hategereje isomwa ry'urubanza rwa Kamerhe Vital wari usanzwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Rutsiro: Abakozi 7 b’inzego z’ibanze bari mu kato banabazwa impamvu bagiye mu karere ka…
Abakozi barindwi (7) bo mu Mirenge ibiri (2) yo mu Karere ka Rutsiro bashyizwe mu kato nyuma yo kumenya ko bagiye mu Karere ka Rusizi kari kuvugwamo icyorezo cya COVID-19. Aba bakozi bari no kubazwa uko bagiye muri kariya karere kabaye!-->…
Gerard, nyiri Kaminuza ya Gitwe yatawe muri yombi azira guhishira ibimenyetso bya Genoside yakorewe…
Bwana Urayeneza Gerard nyiri Kaminuza ya Gitwe yaraye ayawe muri yombi nyuma yuko muri kaminuza ye hagaragaye imibiri y'abazize genoside yakorewe abatutsi
Amakuru afitiwe gihamya aravuga ko Bwana Gerard URAYENEZA nyiri Kaminuza ya!-->!-->!-->!-->!-->…
Umugabo yahungiye kuri polisi yambaye ubusa nyuma yo gufatwa ari gusambanya umugore w’abandi
Umugabo wo mu gihugu cya Kenya yahungiye kuri station Ya Polisi yambaye ubusa nyuma gufatwa yagiye gusambanya umugore w'umusirikare
Kuri uyu wa gatandatu ahagana saa tanu z'ijoro, umugabo utatangarijwe amazina wo gihugu cya Kenya!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyuma yo gutsinda igitego, myugariro wa Real Madrid Marcello yazirikanye Georges Floyd uherutse…
Nyuma yo gutsinda kimwe mu bitego bitatu ikipe ye yatsinze, Marcello yapfukamishije ivi rimwe mu kuzirikana Georges Floyd umwirabura uherutse kwicwa
Kuri iki cyumweru taliki ya 14 Kamena 2020 ubwo ikipe ya Real Madrid yakinaga!-->!-->!-->!-->!-->…
Icyoba ni cyose nyuma y’imibare mishya y’abanduye Covid-19 kuri iki cyumweru
Nyuma y'aho Ministeri y'ubuzima itangarije imibare mishya y'ubwandu bwa Coronavirus kuri iki cyumweru, abantu benshi bahiye ubwoba.
Kuva umuntu wa mbere ufite ubwandu bwa coronavirus agaragaye mu Rwanda, kuri iki cyumweru nibwo!-->!-->!-->!-->!-->…
Mu birori bisekeje, umukecuru w’imyaka 65 yasezeranye n’umusore yareraga w’imyaka…
Mbah Gambreg w'imyaka 65 y'amavuko yasezeranye na Ardi Waras w'imyaka 24, Nyuma y'uko bahuriye mu majyepfo ya Sumatra muri Indonesia, akamugira umwana we.
Mbah Gambreng yasezeranye n'umwana yareraga, witwa Ardi arusha imyaka 41
!-->!-->!-->!-->!-->…