Browsing Category
Uncategorized
Hamenyekanye ingano ya “RUSWA” Dr ISAAC MUNYAKAZI yariye mbere yuko yegura.
Hamenyekanye ingano y'amafranga uwahoze ari umunyabanga wa Leta muri ministeri y'uburezi Dr ISAAC MUNYAKAZI yakiriye nka ruswa kugira azamure mu mwanya ikigo cyari mu myanya ya nyuma
Mu minsi ishize nibwo hamenyekanye inkuru ijyanye!-->!-->!-->!-->!-->…
Biravugwa ko KIZITO MIHIGO yagerageje guha agatubutse abaturage ngo bamwambutse bamubera ibamba
Abaturage bo mu Murenge wa Nyabimata baravuga ko KIZITO yaba yagerageje kubaha amafranga ibihumbi 300 ngo bamwambutse barabyanga.
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 13 Gashyantare 2020 byinshi mu binyamakuru byo mu Rwanda byari bifite!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Hatangijwe igikorwa cyo guca inzererezi mu mugi wa Nyanza
Mu Murenge wa Busasamana hatangijwe igikorwa cyo guca inzererezi muri uwo mugi
Mu gitondo cyo kuri uyu wa kane taliki ya 13 Gashyantare 2020 mu Karere ka Nyanza mu Murenge wa Busasamana urwego rw'umurenge, ku bufatanye bwa Polisi!-->!-->!-->!-->!-->…
RIB igiye gusuzumisha Bwana BARAFINDA ukekwaho uburwayi bwo mu mutwe
Urwego rw'igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha rwatangaje ko rugiye gusuzumisha Bwana BARAFINDA kuko bikekwa ko afite uburwayi bwo mu mutwe.
Urwego rw'ubugenzacyaha mu Rwanda rwamenyesheje ko rugiye gusuzumisha bwana BARAFINDA FRED!-->!-->!-->!-->!-->…
PELE, umunya Brezil wabaye icyamamare muri Ruhago ubuzima bwe bugeze ahaga
MELBOURNE, AUSTRALIA - MARCH 26: Pele holds a replica Wolrd Cup trophy during a press conference at The Peninsula on March 26, 2015 in Melbourne, Australia. (Photo by Robert Cianflone/Getty Images)
Ubuzima bw'uwahoze ari icyamamare mu!-->!-->!-->…
Uruhinja rwanduye Coronavirus nyuma y’amasaha 24 gusa ruvutse
Abantu bakomeje guterwa agahinda n'uruhinja rwanduye ya virus ya coronavirus.
Coronavirus imwe mu ndwara ihangayikishije Ubushinwa n'isi yose muri rusange kubera uburyo iri gufata intera mu isi yose. Inkuru iri gukora ku mitima!-->!-->!-->!-->!-->…
FERWAFA yashyiriyeho ubwishingizi amakipe
FERWAFA yashyireyeho ubwishingizi amakipe yose y'abanyamuryango.
Nyuma y'aho hagaragaye ikibazo cy'impanuka zitandukanye zikunze kubera mu bibuga by'umupira w'amaguru, ari izoroheje n'izikomeye, kuri ubu FERWAFA ishyirahamwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Claudette wigaruriye imitima ya benshi mu “Inama y’Umunsi” ku Isango STAR nawe…
NSENGIMANA CLAUDETTE wamenyekanye cyane mu kiganiro Inama y'umunsi cyanyuraga ku Isango Star nawe amaze gusezera kuri icyo gitangazamakuru.
Biragoye kumva cyangwa kubona umuntu muri iyi minsi utazi ikiganiro cyangwa utarigeze yumva!-->!-->!-->!-->!-->…
Bamwe mu Banyamakuru bagaragaje urwango bafitiye EVODE UWIZEYIMANA
Abanyamakuru bamwe na bamwe bagiye bagaragaza urwango bari basanzwe bafitiye ministre Evode
Ku munsi w'ejo kuwa mbere imitwe y'ibinyamakuru byinshi bya hano mu Rwanda harimo n'iki ngiki indorerwamo.com byari bifite inkuru ivuga!-->!-->!-->!-->!-->…
RIB yavuze ko igiye guhagurukira ikibazo cya Ministre Evode uherutse guhutaza umusekirite
Ku mugoroba w'ejo kuwa mbere nibwo mu bitangazamakuru ndetse no ku mbuga nkoranyambaga hiriwe impaka nyinshi zishingiye ku kuba Ministre Evode yarahiritse umukobwa ushinzwe gusaka abantu binjira muri imwe mu magorofa yitwa Pension!-->!-->!-->…
Icyizere cy’Urukingo rwa SIDA cyayoyotse
Abari bategereje urukingo rwa SIDA baciwe intege n'ibisubizo byavuye mu bushakashatsi
Icyizere cy'urukingo rwa SIDA kimaze kuyoyoka nyuma y'aho abashakashatsi bo mu kigo gishinzwe ubuzima muri Leta Zunze ubumwe za Amarika gifashe!-->!-->!-->!-->!-->…
Abarenga 10 nibo baraye bishwe n’imvura nyinshi yaraye iguye mu Rwanda
Ministeri y'ibikorwa by'ubutabazi mu Rwanda imaze gutangaza ko abantu 10 aribo baraye basize ubuzima bwabo mu mvura nyinshi yaraye iguye mu Rwanda
Ku mugoroba w'ejo kuya 2 Gashyantare 2020 imvura nyinshi kandi idasanzwe yaguye mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Abafana ba Manchester United bariye karungu batera urugo rw’umuyobozi w’ikipe yabo
Abafana b'ikipe ya MAN United baraye bibasiye urugo rw'umuyobozi wabo Ed Woodward
Ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri, abafana b'ikipe ya Manchester united baraye bibasiye bikomeye urugo rwa Ed Woodward umuyobozi wungirije w'iyi kipe!-->!-->!-->!-->!-->…
Urukiko rwateye utwatsi Ubujurire bwa Prezida PIERRE NKURUNZIZA
Urukiko rw'ubujurire bw'i Paris mu Bufaransa bwaraye buteye utwatsi ubujurire bwa prezida w'u Burundi PIERRE NKURUNZIZA. Ni mu rubanza prezida yaregaga abantu batatu aribo BERNARD MAINGAIN, Umwanditsi GAKUNZI BERNARD ndetse!-->…
“LAROUSSE” yemeye gukosora inyandiko yakoresheje ipfobya genoside
Kera kabaye inzu y'ibitabo ya Larousse yemeye gukosora inyandiko yari yakoresheje yagaragayemo gupfobya genoside.
Me GISAGARA Richard uhagarariye umuryango w'Abanyarwanda batuye mu Bufaransa yatangarije ikinyamakuru igihe.com!-->!-->!-->!-->!-->…