Browsing Category
Uncategorized
Sam Karenzi yagizwe umuyobozi wa “Radio FINE FM”
Umunyamakuru Sam Karenzi nyuma yo kugera kuri Radio ya Fine FM atangije ikiganiro cy’imikino cyiswe ’Urukiko rw’Ubujurire’ yahise agirwa umuyobozi w’iyi Radio.
Iyi Radio ibinyujije ku rukuta rwayo rwa Twitter, yatangaje ko yishimiye!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyabugogo: Umumasayi asabye amazi bayamwimye abateza inzuki.
Umugabo w'umumasai asabye amazi yo kumirisha irindazi yari aguze bayamwimye abateza inzuki
Ahagana saa cyenda z'amanywa, hano muri gare ya Nyabugogo nyuma y'aho abagenzi bakatishiriza amatike ya Bisi za Stella na Virunga, ahantu!-->!-->!-->!-->!-->…
Ubuyobozi bwa Youtube bwasibye indirimbo zose za R.Kelly
Nyuma yo guhamnywa ibyaha n'inkiko zo muri Amerika, ubuyobozi bwa Youtube bwafashe icyemezo cyo gusiba indirimbo za R. Kelly
Ubuyobozi b'urubuga rwa Youtube rwafashe icyemezo cyo gusiba indirimbo z’umuririmbyi w'Umunyamerika!-->!-->!-->!-->!-->…
Abanyeshuri batsinze ibizamini bya Leta bongerewe icyumweru cyo kwitegura
Minisiteri y’Uburezi yamaze impungenge abanyeshuri basoza icyiciro cy’amashuri abanza bitagura gutangira ayisumbuye ndetse n’abasoje icyiciro rusange bagiye kwimukira mu mwaka wa kane w’amashuri yisumbuye bari bafite ubwoba ko!-->!-->!-->…
Iradukunda Bertrand yabonye ikipe yo muri Botswana.
Bidasubirwaho Iradukunda Jean Bertrand yamaze gusinyira ikipe ya Township Rollers yo muri Botswana kuyikinira imyaka 2.
Mu minsi ishize nibwo ISIMBI dukesha iyi nkuru yatangaje ko uyu musore ukinira ikipe ya Gasogi United ashobora!-->!-->!-->!-->!-->…
Umunyamakuru yasabye imbabazi ku bw’amafoto y’ubwambure bwe, yikoma uwari umukunzi we
Baravuga ngo urukundo ni nk’intambara, biroroshye kurutangira ariko bikagora kurusoza, ni kenshi iyo abantu bashwanye bamwe bibagora kwakira gutandukana, ibi nibyo bishobora kuba byarabaye kuri Anne Nakawombe uzwi nka Annie Nixon,!-->!-->!-->…
Itangazo rya Byukusenge wifuza guhindurirwa amazina
Uwitwa BYUKUSENGE Modeste mwene Rwagasore na Nyiransabiyumva utuye mu mudugudu wa Kiryoha, akagali ka Milindi, Umurenge Mudende, Akarere Rubavu, mu ntara y'Uburengeranzira arasaba uburenganzira, yanditse asaba uburenganzira bwo!-->!-->!-->…
Umugore yaciye inyuma umugabo we birangira amatanye n’uwari uri kusambanya.
Umugore yaciye inyuma umugabo ajya gusambana n'undi muri Lodge maze amatana n'umusambanya we byanga ko barekurana.
Iyi ni inkuru abantu benshi bari butindeho bibaza niba koko aribyo, amakuru nk'aya ngaya twajyaga tuyumva mu bihugu!-->!-->!-->!-->!-->…
Abanyarwanda 14 bari bafungiye muri Uganda bagejejwe mu Rwanda
Saa kumi n’ebyiri z’umugoroba wo ku wa mbere tariki ya 27 Nzeri 2021, ku mupaka wa Kagitumba hagejejwe Abanyarwanda 14, barimo abagabo bane, abagore bane n’abana batandatu bose bakaba bari bafungiye muri gereza ya Nyabuhikye mu karere!-->!-->!-->…
Abandi Banyarwanda 9 birukanywe muri Uganda baraye bageze mu Rwanda
Kuri uyu wa Kane mu masaha y'umugoroba, ku mupaka wa Kagitumba mu Karere ka Nyagatare urwego rushinzwe abinjira n'abasohoka rwakiriye Abanyarwanda 9 barimo abasore bane, abagabo babiri, abagore babiri, n'umwana umwe birukanwe mu gihugu!-->!-->!-->…
Polisi y’u Rwanda igiye guteza cyamunara ibinyabiziga bigera hafi 200
Polisi y'u Rwanda yatangaje ko igiye guteza icyamunara cy'ibinyabiziga bitandukanye birimo za moto n'imodoka bigera ku 183 byagiye bifatwa mu bihe bitandukanye.
Polisi y'u Rwanda yashyize hanze itangazo rimenyesha rubanda ko igiye!-->!-->!-->!-->!-->…
Birangiye itekinika rikozeho ikipe y’u Rwanda ya Volley ball mu bagore.
Nyuma y'aho u Rwanda rurezwe uburiganya no gukinisha abakinnyi batemerewe mu irushanwa, bimaze kwemezwa ko ruterwa mpaga maze indi mikino igakomeza u Rwanda rutarimo.
Ku wa Kane nibwo u Rwanda rwagombaga gukina umukino usoza itsinda!-->!-->!-->!-->!-->…
Umurundikazi Francine yanditse amateka akomeye muri siporo yo kwiruka
Umurundikazi witwa Francine NIYONSABA ukora siporo yo gusiganwa ku maguru (Athletism) yanditse amateka akomeye ku isi mu kwiruka metero ibihumbi 2000 mu irushanwa rya Boris Hanzekovic Memorial akoresheje iminota 5 n’amasegonda 21 gusa.!-->!-->!-->…
RIB yataye muri yombi umukozi wa REG kubera kwaka ruswa umuturage.
Urwego rw'igihugu rw'ubugenzacyaha rwataye muri yombi umukozi wa REG wafashwe yaka ruswa umuturage kugira ngo amuhe serivisi.
Urwego rw'igihugu rw'ubugenzacyaha mu Rwanda RIB rwatangaje ko rwataye muri yombi umuyobozi w’ishami rya!-->!-->!-->!-->!-->…
“Ntabwo dushaka ibirarane by’ibibazo”: Minisitiri Gatabazi
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Jean Marie Vianney Gatabazi, arasaba abayobozi gukemura ibibazo by’abaturage ku gihe, no kubaha serivise nziza muri rusange.
Yabigarutseho ubwo yatangizaga Inteko z’abaturage mu Murenge wa Mamba!-->!-->!-->!-->!-->…