Browsing Category
Uncategorized
Umugore yaciye inyuma umugabo we birangira amatanye n’uwari uri kusambanya.
Umugore yaciye inyuma umugabo ajya gusambana n'undi muri Lodge maze amatana n'umusambanya we byanga ko barekurana.
Iyi ni inkuru abantu benshi bari butindeho bibaza niba koko aribyo, amakuru nk'aya ngaya twajyaga tuyumva mu bihugu!-->!-->!-->!-->!-->…
Abanyarwanda 14 bari bafungiye muri Uganda bagejejwe mu Rwanda
Saa kumi n’ebyiri z’umugoroba wo ku wa mbere tariki ya 27 Nzeri 2021, ku mupaka wa Kagitumba hagejejwe Abanyarwanda 14, barimo abagabo bane, abagore bane n’abana batandatu bose bakaba bari bafungiye muri gereza ya Nyabuhikye mu karere!-->!-->!-->…
Abandi Banyarwanda 9 birukanywe muri Uganda baraye bageze mu Rwanda
Kuri uyu wa Kane mu masaha y'umugoroba, ku mupaka wa Kagitumba mu Karere ka Nyagatare urwego rushinzwe abinjira n'abasohoka rwakiriye Abanyarwanda 9 barimo abasore bane, abagabo babiri, abagore babiri, n'umwana umwe birukanwe mu gihugu!-->!-->!-->…
Polisi y’u Rwanda igiye guteza cyamunara ibinyabiziga bigera hafi 200
Polisi y'u Rwanda yatangaje ko igiye guteza icyamunara cy'ibinyabiziga bitandukanye birimo za moto n'imodoka bigera ku 183 byagiye bifatwa mu bihe bitandukanye.
Polisi y'u Rwanda yashyize hanze itangazo rimenyesha rubanda ko igiye!-->!-->!-->!-->!-->…
Birangiye itekinika rikozeho ikipe y’u Rwanda ya Volley ball mu bagore.
Nyuma y'aho u Rwanda rurezwe uburiganya no gukinisha abakinnyi batemerewe mu irushanwa, bimaze kwemezwa ko ruterwa mpaga maze indi mikino igakomeza u Rwanda rutarimo.
Ku wa Kane nibwo u Rwanda rwagombaga gukina umukino usoza itsinda!-->!-->!-->!-->!-->…
Umurundikazi Francine yanditse amateka akomeye muri siporo yo kwiruka
Umurundikazi witwa Francine NIYONSABA ukora siporo yo gusiganwa ku maguru (Athletism) yanditse amateka akomeye ku isi mu kwiruka metero ibihumbi 2000 mu irushanwa rya Boris Hanzekovic Memorial akoresheje iminota 5 n’amasegonda 21 gusa.!-->!-->!-->…
RIB yataye muri yombi umukozi wa REG kubera kwaka ruswa umuturage.
Urwego rw'igihugu rw'ubugenzacyaha rwataye muri yombi umukozi wa REG wafashwe yaka ruswa umuturage kugira ngo amuhe serivisi.
Urwego rw'igihugu rw'ubugenzacyaha mu Rwanda RIB rwatangaje ko rwataye muri yombi umuyobozi w’ishami rya!-->!-->!-->!-->!-->…
“Ntabwo dushaka ibirarane by’ibibazo”: Minisitiri Gatabazi
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Jean Marie Vianney Gatabazi, arasaba abayobozi gukemura ibibazo by’abaturage ku gihe, no kubaha serivise nziza muri rusange.
Yabigarutseho ubwo yatangizaga Inteko z’abaturage mu Murenge wa Mamba!-->!-->!-->!-->!-->…
Central Africa: Abapolisi b’u Rwanda batanze ubuvuzi ku bafungwa
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 7 Nzeri, abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bw’umuryango w’abibumbye bwo kubungabunga amahoro mu gihugu cya Repubulika ya Central Africa bazindukiye mu gikorwa cyo kuvura imfungwa no!-->!-->!-->…
Police FC yabonye umutoza mushya ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 4 Nzeri nibwo Francis Nuttall Elliot w’imyaka 53 ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza yageze mu Rwanda anashyira umukono ku masezerano atoza ikipe y’umupira w’amaguru ya Polisi y’u Rwanda (Police FC). Uyu!-->!-->!-->…
Prezida Kagame yazamuye mu ntera Lt. Col Innocent Munyengango na Lt. Col Claver Karara.
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda Paul Kagame, yazamuye mu ntera abasirikare babiri barimo Lt. Col Innocent Munyengango wahawe ipeti rya Colonel, anagirwa Umuyobozi Mukuru w’Urwego!-->!-->!-->…
Ubuyobozi bw’akarere ka Rubavu bweguje ku gahato ba gitifu b’imirenge 2 yo muri ako…
Ubuyobozi bw'Akarere ka Rubavu bweguje abanyamabanga nshingwabikorwa b'Imirenge babiri bubaziza imikorere idahwitse.
Amakuru dufitiye gihamya aturuka mu Karere ka Rubavu aravuga ko ubuyobozi bw'Akarere bumaze kwakira amabaruwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Min.Gatabazi yasabye rubanda kutirara kuko Covid-19 igihari
Minisitiri w’Ubutegetsi bw'Igihugu, Gatabazi Jean Marie Vianney yatangaje ko kuba ingamba zorohejwe zijyanye no kwirinda icyorezo cya Covid19, atari umwanya wo kwirara, yerura ko abazafatwa banyuranya n’amabwiriza yatanzwe!-->!-->!-->…
MINEDUC yakuyeho urujijo ishyira hanze ingengabihe y’umwaka w’amashuri 2021-2022.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa kane Mineduc yashyize hanze ingengabihe igaragaza igihe umwaka w'amashuri 2021-2022 uzatangirira.
Abatari bake cyane cyane ababyeyi, abarezi ndetse n'abanyeshuri bari bamaze igihe bibaza igihe umwaka!-->!-->!-->!-->!-->…
Burundi: Perezida Evariste yasobanuye impamvu yahagaritse abajyanama be.
Prezida Evariste Ndayishimiye yavuze ko ariwe ubwe wiyukaniye bamwe mu bajyanama be kubera ko bamutanye akazi.
Mu minsi ishize nibwo hakomeje gutambuka zimwe mu nkuru zavugaga ko Prezida Evariste Ndayishimiye w'u Burundi!-->!-->!-->!-->!-->…