Browsing Category
Imikino
Champions League: Chelsea yatomboye Real Madrid muri ¼- Uko tombola yagenze
Muri tombola y’irushanwa rya Champions League ku mugabane w’Uburayi yabaye kuri wa gatanu taliki 18 Werurwe, 2022, yasize Chelsea yo mu Bwongereza izakina na Rael Madrid yo muri Espagne mu mikino ya 1/4.
Uko tombola yagenze
!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Imyaka 22 irashize ikipe ya APR FC ikubiswe nk’iz’akabwana
Imyaka 22 irihiritse ikipe ya gisirikare y'umupira w'amaguru mu Rwanda APR FC ikubiswe inkoni itazigera yibagirwa mu mateka yayo ubwo yanyagirwaga imvura y'ibitego bigera kuri 7 byose ubwo yakinaga n'ikipe ya Esperance de Tunis yo mu!-->!-->!-->…
Federasiyo ya Volley Ball mu Rwanda yaciwe amande ya miliyoni 120 kubera uburiganya.
Ishyirahamwe ry’umukino wa Volleyball mu Rwanda ryaciwe amande ya Miliyoni 120 Frw kubera amakosa yakozwe mu gikombe cya Afurika giheruka kubera mu Rwanda.
Ishyirahamwe ry’umukino wa Volleyball ku Isi ni ryo ryatangaje ibihano!-->!-->!-->!-->!-->…
SPOTIFY YEMERANYIJE NA FC BARCELONA IMIKORANIRE.
Spotify yemeje amasezerano yo gutera inkunga yanditse amateka mu mikino muri espanye no kwisi yitwaFC Barcelona.
Mu kwezi gushize, byatangajwe ko iyi kipe n'iki kigo gisangwaho ibikorwa by'imyidagaduro birimo n'indirimbo z'abahanzi!-->!-->!-->!-->!-->…
REG BBC bigoranye itsinze US Monastir biyiha itike yo kuzitabira imikino ya nyuma i Kigali
Mu mukino utari woroshye, ikipe ya REG BBC itsinze ikipe ya US Monastir yo muri Tunisiya biyihesha amahirwe yo kuzakina imikino ya nyuma izabera i Kigali.
Mu mikino ya BAL imaze iminsi ibera mu gihugu cya Senegal, kuri uno mugoroba!-->!-->!-->!-->!-->…
APR FC inaniwe kwikura i Huye ibererekera Kiyovu gufata umwanya wa mbere
Ikipe ya APR FC inganije na MUKURA VSL biha amahirwe Kiyovu sport yo kuyobora championnat
Kuri iki cyumweru taliki ya 13 Werurwe 2022 chapionnat y'umupira w'amaguru mu Rwanda Primus National League yakomeje ku munsi wayo wa 21, hari!-->!-->!-->!-->!-->…
BAL 2022: REG BBC yatsinzwe na DUC biyishyira ahakomeye.
Ikipe ya REG BBC ntabwo yabashije kwitwara neza mu mukino w’umunsi wa 6 w’imikino y’amajonjora ya BAL 2022 nyuma yo gutsindwa n’ikipe ya DUC yo muri Senegal amanota 92 kuri 86.
Uyu wari umukino wa gatatu ku ikipe ya REG BBC yari!-->!-->!-->!-->!-->…
BAL: Mu buryo bugoranye REG BBC yatsinze SLAC biyongera amahirwe yo gukina 1/4
Ahagana mu masegonda ya nyuma ikipe ya REG BBC yatsinze ikipe ya SLAC, ikintu cyatumye yongera amahirwe yo kuzakina imikino ya kimwe cya kane.
Ku masegonda yanyuma bigoranye REG BBC ihagarariye u Rwanda mu mikino BAL yatsinze SLAC!-->!-->!-->!-->!-->…
Uwari umutoza w’abazamu muri Police FC yeretswe umuryango
Ubuyobozi bwa Police FC bwafashe icyemezo cyo gusesa amasezerano bwari bufitanye n’Umurundi Ndizeye Aimé Désiré ‘Ndanda’ watozaga abanyezamu bayo kubera imyitwarire mibi.
Ibaruwa Police FC yandikiye Ndanda ku wa Mbere tariki ya 7!-->!-->!-->!-->!-->…
Eritereya yikuye mu marushanwa yo gushaka itike ya AFCON
Ikipe y'umupira w'amaguru ya Eritrea yikuye mu marushanwa Nyafrika yo guhatanira itike y'imikino ya AFCON izaba umwaka utaha.
Ikipe y'igihugu ya Eritrea izwi ku kazina ka ZEBRA yikuye mu marushanwa yo guhatanira itike yo gukina!-->!-->!-->!-->!-->…
NTA GAHUNDA YO KUGARURA WENGER MURI ARSENAL iHARI N’UBWO BYAKOMEJE KUVUGWA
<img src="https://static.standard.co.uk/2022/03/01/07/newFile-5.jpg?width=640&auto=webp&quality=50&crop=2989%3A1995%2Csmart" alt="<p>Current Arsenal boss Mikel Arteta played under Arsene Wenger at!-->…
DORE IBYATUMYE PERESIDA WA GICUMBI F.C
Ku munsi w’ejo ku wa kabiri tariki 28 Gasyantare nibwo perezida wa Gicumbi F.C yeguye ku nshingano ze zo kuba perezida w’iyi kipe nyuma yo kunyagirwa na Kiyovu sports byatewe n’iki?
Ikipe ya Gicumbi F.c ni imwe mu makipe avugwamo!-->!-->!-->!-->!-->…
UMUKINO WA NYUMA WA UEFA CHAMPIONS LEAGUE WIMURIWE I PARIS
NYUMA YO KUVANA UMUKINO WA NYUMA WA UEFA CHAMPIONS LEAGUE MU BURUSIYA I SAINT PETERSBOURGH UEFA YANZUYE KO UZAKINIRWA MU MURWA MUKURU W’UBUFARANSA
Mu ntangiriro z’iri rushanwa rihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo ku!-->!-->!-->!-->!-->…
FIFA YAHAGARITSE ZIMBABWE NA KENYA Mu mARUSHANWA MPUZAMAHANGA KUBERA KWIVANGA KWA LETA Z’IBYO BIHUGU
FIFA yabaye ihagaritse Kenya na Zimbabwe kwitabira amarushanwa mpuzamahanga kubera ukwivanga kwa Leta mu bikorwa by’amashyirahamwe y’umupira w’amaguru w’ibyo bihugu byombi.
Kuri uyu wa kane tariki 24 Gashyantare nibwo!-->!-->!-->!-->!-->…
U Burusiya ntibucyakiriye umukino wa nyuma wa UEFA Champions league
Nk’uko byamaze gutangazwa n’Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku mugabane w’I Burayi UEFA, Umukino wa nyuma wa UEFA champions League wari kuzabera I Saint Petersbourgh mu Burusiya ntukihabereye.
Uyu ni umwanzuro wafashwe!-->!-->!-->!-->!-->…