Browsing Category
Imikino
Umutoza wa Senegal yijeje abakunzi bayo ibyishimo n’ubwo bwose adafite Sadio Mane…
Umutoza w'ikipe w'ikipe y'igihugu ya Senegal Bwana Aliou Cissé yijeje abakunzi b'iyo kipe ko batari bubure ibyishimo n'ubwo bwose iyo kipe idafite kizigenza wayo Bwana Sadio Mane uherutse kugira imvune itazatuma yitabira iyo mikino!-->!-->!-->…
Undi mukinnyi wa France yagize imvune itazatuma akina kino gikombe cy’isi
Nyuma y'abandi bakinnyi bakomeye b'ikipe y'umupira w'amaguru y'Ubufaransa batazitabira kino gikombe kubera imvune, ubu byemejwe ko na Benzema atazakina kubera imvune yagiriye mu myitozo.
Ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru mu gihugu!-->!-->!-->!-->!-->…
FERWAFA yasabye imbabazi ku myitwarire idahwitse ya Muhajir mu mukino wa gicuti
Ishyihamwe ry'umupira w'amaguru mu Rwanda ryasohoye itangazo risaba imbabazi Abanyarwanda ndetse n'Abanyasudani kubera imyitwarire mibi y'umukinnyi wayo mu mukino waraye ubaye.
Nyuma y'aho umukino wa gishuti wahuzaga ikipe y'u!-->!-->!-->!-->!-->…
Bidasubirwaho, Sadio Mane yakuweho ku rutonde rw’abazakina mu gikombe cy’isi
Nyuma yo kuvunikira mu kibuga, bakemeza ko hari imikino azakina, kuri ubu byemejwe ko Sadio Mane atazakina umukino n'umwe w'igikombe cy'isi.
Rutahizamu wa Sénégal Sadio Mané yabazwe ku ivi kubera imvune yagize ubwo yari arimo!-->!-->!-->!-->!-->…
Johan Hamel umwe mu basifuzi bakomeye mu Bufaransa yituye hasi mu myitozo arapfa.
Johan Hamel wari umusifuzi ukomeye w’umupira w’amaguru mu gihugu cy’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 42.
Sendika yo mu Bufaransa y’abasifuzi b’umupira w’amaguru mu cyiciro cya mbere yatangaje muri iki gitondo ko uyu musifuzi wo!-->!-->!-->!-->!-->…
Umutoza Adil yavuze ko adateze kugaruka muri APR FC anavuga impamvu yabimuteye
Umutoza ukomoka muri Maroc, Adil Mohamed Erradi, yatangaje ko atigeze agaruka muri APR FC kuko yabwiwe n’ubuyobozi bw’iyi kipe ko atagishakwa muri iyi kipe.
Mu Ukwakira,uyu mutoza yahagaritse ukwezi kumwe we na kapiteni w’ikipe!-->!-->!-->!-->!-->…
Christiano Ronaldo yavuze amagambo akomeye ku mutoza no ku buzima bw’ikipe ye
Rutahizamu wa Manchester United n'ikipe y'igihugu ya Portugal Bwana Christiano Ronaldo yavuze ko umutoza Ten Hag atamugomba icyubahiro na gike kuko nawe ubwe atigeze amwubaha.
Ku mugoroba wo kuri iki cyumweru taliki ya 13 Ugushyingo!-->!-->!-->!-->!-->…
NYANZA FC itangiye championnat inyagira Rugende FC yari yayakiriye ku kibuga cyayo
Ikipe ya Nyanza FC imaze kunyagira ibitego bitatu byose ikipe ya Rugende bahuye mu mukino wa mbere wa Championnat.
Mu mpera z'iki cyumweru nibwo championnat y'u Rwanda yo mu cyiciro cya kabiri mu mupira w'amaguru yagombaga!-->!-->!-->!-->!-->…
“Ikipe ya Rayon nyishyize muri dumburi” Perezida wa Kiyovu nyuma yo gutsinda Rayon Sport
Nyuma y'aho ikipe ya Kiyovu sport yongeye gukubita ikipe ya Rayon sport FC, perezida MVUKIYEHE Juvenal wa Kiyovu Sport avuze ko ikipe ya Rayon sport amaze kuyishyira muri dumburi.
Ibi Bwana MVUYEKURE Juvenal abivugiye kuri stade,!-->!-->!-->!-->!-->…
Rayon Sport ikomeje kuba insina ngufi imbere ya Kiyovu Sport
Nyuma y'impaka nyinshi n'imihigo yagiye ihigwa ku mpande zombi, birangiye ikipe ya Kiyovu sport yongeye kwisengerera ikipe ya Rayon sport ihagarika umuvuduko iyo kipe ya Rayon yari imaranye.
Kuri uyu wa gatanu taliki ya 11!-->!-->!-->!-->!-->…
Kera kabaye FERWAFA yashyize hanze kalendari y’imikino yo mu cyiciro cya kabiri.
Nyuma y'igihe kitari gito abakunzi n'abayobozi b'amakipe yo mu cyiciro cya kabiri bategereje kumenya igihe championnat yo mu cyiciro cya kabiri izatangira n'uburyo amakipe azahura, kera kabaye uyu munsi FERWAFA yasohoye kalendari.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Breaking: Imvune aherutse kugira itumye SADIO MANE wari witezwe cyane mu gikombe cy’isi…
Inkuru itari nziza ku bakunzi n'abafana b'umukinnyi Sadio Mané ukinira ikipe ya Bayern Münich yo mu Gihugu cyu Budage ndetse n'ikipe y'i Gihugu ya Sénégal yagize imvune ikomeye izatuma atazagaragara mu gikombe cy'isi giteganyijwe mu!-->!-->!-->…
Ikipe ya Gasogi Utd yasobanuye iby’umukinnyi wayo wayireze muri FIFA
Ubuyobozi bw'ikipe ya GASOGI Utd bwasobanuye iby'umukinnyi wayo bivugwa ko amaze gutanga ikirego cye muri FERWAFA.
Nyuma y'aho umukinnyi w'ikipe ya Gasogi Utd Bwana Gabriel Nanbur Nannim ukomoka mu gihugu cya Nigeria atangarije ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyuma y’imyaka 12 bayifite, abaherwe b’ikipe ya Liverpool F.C bayishyize ku isoko
Ikigo cy’Abanyamerika Fenway Sports Group (FSG) cyashyize ku isoko imwe mu mitungo yacyo harimo n’ikipe ya Liverpool F.C yo mu Bwongereza, ikaba igiye kugurishwa nyuma y’imyaka 12 yegukanywe n’aba bashoramari.
Mu 2021 Abarabu!-->!-->!-->!-->!-->…
Arsenal ntihagarikwa,Unai Emery ku mukino we wa mbere aratsinda, Messi yagize imvune mbere…
Arsenal ikomeje urugendo rwayo rwo kwitwara neza muri Championnat y'Ubwongereza, English Premier League nyuma y'umukino wayihujemo na Chelsea ku kibuga Stamford Bridge ikayitsinda igitego 1-0 byahise bituma irara ku mwanya wa mbere!-->!-->!-->…