Browsing Category
Imikino
Eric IRAMBONA wari urambye mu ikipe ya Rayon Sport nawe amaze kwerekeza mu ikipe ya Kiyovu Sport
Eric IRAMBONA umwe mu bakinnyi bari bamaze igihe kitari git mu ikipe ya Rayon Sport amaze kwerekeza mu ikipe y'urucaca
Mu gihe championnat y'U Rwanda imaze gushyirwaho akadomo maze igikombe kigahabwa ikipe ya APR FC, amakipe akomeje!-->!-->!-->!-->!-->…
Lionel Andrés Messi Cuccittin yarasezeye mu ikipe ya FC Barcelona habura gato!
Rutahizamu ukomoka mu gihugu cya Argentine Lionel Andrés Messi Cuccittin umaze imyaka igera kuri 18 mu ikipe ya FC Barcelona yavuze ko yari agiye gusezera muri FC Barcelona mu mwaka wa 2017.
Lionel Messi w’imyaka 32 yatangaje ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Munyakazi Sadate arashinja ubujura bwo kunyereza miliyoni 229 Frw no guhombya Rayon Sports miliyari…
Mu buryo bweruye, ubwumvikane buke bw’abagize Komite Nyobozi ya Rayon Sports n’Akanama Ngishwanama kiganjemo abigeze kuyobora iyi kipe bwatangiye kujya ahagaragara.
Mu byumweru bibiri ishize ubwo hashyirwagaho Akanama Ngishwanama!-->!-->!-->!-->!-->…
Shampiyona yasojwe imburagihe APR FC yegukana igikombe cya 18 ibitse.
Inama ya Komite Nyobozi ya FERWAFA yateranye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 22 Gicurasi, yafashe icyemezo cyo guha APR FC igikombe cya Shampiyona y’Icyiciro cya mbere mu Rwanda muri uyu mwaka w’imikino wa 2019/2020.
APR FC yemejwe!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
U Butaliyani:Rutahizamu Christiano Ronaldo yagarutse mu myitozo ya Juventus n’abagenzi be.
Christiano Ronaldo yagaragaye ku kibuga cy’imyitozo cya Juventus , aje gukorerwa ibizamini by’ubuzima kuri uyu wa kabiri nyuma y’ibyumweru icumi(10) byose adahari, maze yereka itangaza-makuru igikumwe.
Uyu mugabo ufite Ballon Dor!-->!-->!-->!-->!-->…
Ntibikiri ibihuha, Umutoza Abdou Mbarushimana amaze kwerekeza mu ikipe ya Bugesera FC
Nyuma y'amagambo menshi yavugaga ku merekezo y'umutoza Abdou Mbarushimana, ubu byemejwe ko yamaze kwerekeza mu ikipe ya Bugesera FC. (Photo:igihe.com)
Amakuru yize we dukesha impande zitandukanye, aremeza akanashimangira ko kuri ubu!-->!-->!-->!-->!-->…
Bidasubirwaho, Olivier KAREKEZI amaze gusinyira ikipe ya Kiyovu Sport nk’Umutoza mukuru
Olivier KAREKEZI amaze gusinyana n'ikipe ya Kiyovu Sport kuyibera umutoza mukuru
Ntibikiri amagambo cyangwa ibihuha, amakuru afitiwe gihamya ni uko Bwana KAREKEZI OLIVIER amaze kugirana amasezerano n'ikipe ya Kiyovu, amasezerano!-->!-->!-->!-->!-->…
Iradukunda Jean Bertrand wakiniraga Mukura VS yamaze gusinya muri Gasogi united
Aya makuru yagiye hanze mu mpera z’icyumweru gishize, akaba yarahise yamaganirwa kure na Perezida w’iyi kipe aho yavugaga ko batari ku rwego rwo kuba basinyisha umukinnyi nka Bertrand wifuzwa n’amakipe arimo APR FC na Rayon Sports.
Uyu!-->!-->!-->…
Serumogo Ally yahakaniye amakipe yamushakaga yongera amasezerano muri Kiyovu Sport
Myugariro ukina ku ruhande rw’iburyo muri Kiyovu Sport, Serumogo Ally, byavugwaga ko yifuzwa n’amakipe atandukanye arimo na Rayon Sports, yamaze gusinya amasezerano mashya y’imyaka 2 azakinira Kiyovu Sport (Urucaca).
Serumogo Ally!-->!-->!-->…
Umutoza Roberto Manchin yizeye ko Zaniolo azaba umukinnyi ngenderwaho mu ikipe y’igihugu…
Roberto Manchin yizeye ko umukinnyi ukina hagati muri As Roma Nicola Zaniolo azaba umukinnyi wingenzi ku butaliyani.
Zaniolo yari kuzasiba Euro 2020 nyuma yo kugira imvune y’imitsi muri Mutarama.
Uyu musore w’imyaka 20 yungukiye!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Agasuzuguro gatumye umutoza wa MUSANZE FC yirukanwa
Ubuyobozi bw'ikipe ya Musanze FC bwaraye butangaje ko bwatandukanye n'uwari umutoza wayo kubera agasuzuguro.
Ubuyobozi bw'ikipe ya Musanze FC bwaraye butandukanye n'uwari umutoza wayo Bwana Abdelrahman Ibrahim Adel, uno mugabo yari!-->!-->!-->!-->!-->…
Gacinya Chance Denis na Paul Muvunyi bagarutse muri Rayon Sports kubafasha kwisuganya
Akanama ngishwanama kagizwe n’abahoze bayobora ikipe ya Rayon Sports FC mu myaka yashize barimo Ruhamyambuga Paul, Theogene Ntampaka, Ngarambe Charles, Muhirwa Prosper, Gacinya Chance Denis, Dr. Emile Rwagacondo, na Paul Muvunyi niko!-->…
Sadate MUNYAKAZI prezida wa Rayon Sport mu muryango umusohora muri Ruhago Nyarwanda
Birashoboka ko mu myanzuro iri bufatirwe Bwana Sadate MUNYAKAZI prezida wa Rayon Sport n'umunyamabanga we harimo kuba bahagarikwa mu bijyanye na sport mu Rwanda
Kuri uyu wa kane taliki ya 6 Gicurasi ahagana saa cyenda nibwo Bwana!-->!-->!-->!-->!-->…
Bundesliga Shampiyona y’u Budage yabaye iya mbere yemewe kugaruka igakinwa!
Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Budage “Bundesliga” n’icya Kabiri, zombi zemerewe kongera gukinwa mu mpera z’uku kwezi nyuma y’igihe kigera hafi ku mezi abiri zihagaritswe n’icyorezo cya Covid-19 cyibasiye Isi muri rusange.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Ese kubera iki Perezida wa Rayon Sports n’Umuvugizi wayo bahamagajwe muri FERWAFA?
Munyakazi Sadate uyobora Rayon Sports n’Umuvugizi wayo, Nkurunziza Jean Paul, bombi bahamagajwe n’Akanama gashinzwe imyitwarire mu Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) kugira ngo batange ibisobanuro ku magambo batangaje ku!-->…