Browsing Category
Imikino
Real Madrid yiteguye gutanga Akayabo ngo ikunde yegukane N’GOLO KANTE
N'golo KANTE arifuzwa cyane mu ikipe ya Real Madrid ngo abafashe kugarira
Ikipe ya REAL MADRID yo mu gihugu cya ESPAGNE yatangaje ko yiteguye gutanga igishoboka cyose kugira ngo yegukane umukinnyi w'Umufaransa ukinira ikipe ya…
Ese Sadio Mane imvune yagize izatuma adakina umukino Liverpool izacakiranamo na Manchester United…
Sadio Mane yaje gutera ubwoba abafana ba Liverpool ubwo bakinaga umukino wa gishuti na Brazil aho yaje kugaragara asa nuwagize akabazo kimvune.
Muri uyu mukino baje kunganyamo na Brazil 1-1 uyu musore wanaje gutsinda igitego cyo…
Ikipe ya Tanzaniya izakina n’URwanda ibura inkingi 2 zambwamba (Reba ibyaranze imikino…
Mu gihe ikipe y'Urwanda Amavubi yamaze guhamagarwa mu rwego rwo kwitegura umukino wa gishuti uzayihuza na Tanazaniya ku wa mbere,Tanzaniya yo nubwo nayo yamaze kugera mu Rwanda ikiciro cyambere cy'abakinnyi bazakina n'Amavubi badafite…
Ikipe ya MAN CITY itsindiwe iwayo, Chelsea Inyagira Southampton
Ikipe ya Manchester City itsindiwe iwayo ituma ikinyuranyo hagati yayo na Liverpool kiyongera.
Uy munsi ku cyumweru nibwo imikino yo ku munsi wa munani wa champiyona y'Ubwongereza, imwe muri za Championat zikunzwe ku isi, yagombaga…
NIYONZIMA HARUNA :” Ikipe ya Rayon Sport ndayubaha ariko ntabwo nyitinya na gato”
Niyonzima HARUNA kizigenza wa AS KIGALI yatangaje ko biteguye gukina na Rayon Sport ndetse bakaba bayitwara igikombe cya Super Cup.
Mbere y'uko umukino wa Super Cup uri buhuze ikipe ya Rayon sport, ikipe yatwaye igikombe cya…
Sobanukirwa aho BALLON D’OR itandukaniye na THE BEST PLAYER OF FIFA
Sobanukirwa aho igihembo cya BALLON D'OR gitandukaniye n'igihembo cy'umukinnyi wahize abandi muri ruhago (The Best football player of the Year).
Mu minsi ishize impuzamashyirahamwe mu mupira w'amaguru ku isI FIFA yatanze igihembo…
Ikipe y’u Rwanda AMAVUBI itsindiye iya Ethiopia iwayo mu mikino y’amajonjora ya CHAN
Mu mikino yo gushakisha itike yo mu mikino ya CHAN, ikipe y'u Rwanda AMAVUBI amaze gutsindira iwayo ikipe ya Ethiopia.
Ku mugoroba wo kuri iki cyumweru taliki 22/09/2019 nibwo umukino w'ikipe y'u Rwanda wari uteganijwe kubera mu…
Bidasubirwaho JAVIER MARTINEZ niwe Mutoza mukuru wa Rayon Sport, Hakuweho Urujijo
Nyuma y'amakuru yari yazindukiye mu bitangazamakuru avuga ko Rayon Sport yasinyishije umuBiligi nk'umutoza Mukuru, ubuyobozi bwa Rayon rubeshyuje ayo makuru.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatandatu, bimwe mu binyamakuru byo mu Rwanda…
Umubiligi JEAN FRANCOIS LOSCIUTO yongeye Kugirwa Umutoza Mukuru wa Rayon Sport
Nyuma y'amezi arenga abiri ikipe ya Rayon asport itagira umutoza mukuru, kuroi ubu imaze guhitamo umutoza mukuru wigeze na none kuyitoza.
Bwana JEAN FRANCOIS LOSCIUTO, umuzungu ufite ubwenegihigu bw'Ababiligi guhera ubu niwe ugiye…
Ikipe y’U Rwanda y’Abafite Ubumuga Yatsinze iya Kenya Mu Mikino Nyafrika
Mu mukino uryoheye amaso ariko utari woroshye, byarangiye ikipe y'u Rwanda ya Volley mu bafite ubumuga itsinze ikipe ya Kenya.
Mu marushanwa nyafrika y'umukino wa Volley ball ku bafite ubumuga izwi nka sottitting Volleyball yatangiye…
Amarangamutima y’umutoza Jose MORINHO ku mukinnyi ETO FILS
José Morinho MARIA yavuze ko atiyumvisha impamvu ET'O FILS atigeze abona Ballon D'or mu gihe cyose yakinnye umupira.
Umutoza mpuzamahanga wamenyekanye kubera amateka yandikishije ikaramu y'icyuma mu ruhando rw'umupira w'amaguru ku…
Ikipe ya PARIS SAINT GERMAIN yanyagiye Ikipe ya Real Madrid mu mikino ya UEFA Champions League
Mu mikino y'amatsinda yabaye ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri n'uwa gatatu, ikipe ya Paris Saint Germain yanyagiye ikipe ya Real Madrid iyinyabika ibitego 3 byose ku busa.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatatu taliki ya 18/9/2019 mu…
Ku Nshuro ya Mbere mu mateka ikipe y’u Rwanda AMAVUBI itsinze ikipe ya Congo LES LEOPARDS
Mu mukino wa gicuti wahuje ikipe y'u Rwanda AMAVUBI n'iya Repubulika Ya Demokrasi ya Congo, U Rwanda rwatsindiye Congo iwabo ibitego 3 kuri 2
Mu myiteguro yo guhatanira gukina imikino ya CHAN, ikipe y'u Rwanda AMAVUBI yakinnye…
Ikipe y’u Rwanda y’Abagore mu bafite Ubumuga Yatsinze Misiri Yegukana Igikombe Nyafrika
Ikipe y'Abagore ya Sitting Volleyball yatsinze ikipe y'igihugu cya Misiri yegukanye igikombe nyuma y'aho itsinze ikipe ya Misiri ku mukino wa nyuma.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri hasozwaga imikino Nyafrika ya Paralympique cyari…
Ikipe ya MUKURA VS isezereye ikipe ya APR mu gikombe cy’Agaciro
Mu mukino wa mbere w'irushanwa ry'Agaciro, ikipe ya MUKURA VS itahabwaga amahirwe isezereye ikipe ya APR FC kuri za penaliti.
Irushanwa ry'agaciro ryatangiye uyu munsi ku wa gatanu taliki ya 13/9/2019. Kuri gahunda, ikipe ya MUKURA…