Browsing Category
Imyidagaduro
“Ubanguke” – Indirimbo nshya ya King James yakoreye muri Amerika
King James yashyize hanze indirimbo ye nshya yise ‘Ubanguke’ yari amaze imyaka irenga ibiri afatiye amashusho ariko atarajya hanze.
Iyi ndirimbo ni imwe mu zo King James yakoreye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu mwaka wa 2021.
!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
“Tugumane” Indirimbo nshya ya Israel Mbonyi yishimiwe na benshi
Umuhanzi wamenyekanye mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Israel Mbonyi, yashyize hanze indirimbo ‘Tugumane’ abenshi batangira kugaragaza kuyishimira.
Indirimbo ‘Tugumane’ yashyizwe hanze mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere!-->!-->!-->!-->!-->…
YA MICROFONE CARDI B YATEYE UMUFANA UBU IRENDA KUGURWA AKAYABO
NYUMA Y'IMINSI ITATU CARDI B ATEYE UMUFANA MICROFONE, IGIYE KUGURISHWA AKAYABO
Ku itariki ya 29 Nyakanga, 2023, uyu muraperikazi w'Umunyamerika w'imyaka 30 yakoze igitaramo i Las Vegas mu masaha y'umugoroba. Agashya kabereyemo ni!-->!-->!-->!-->!-->…
IBITEKEREZO BIRACYARI BYINSHI NYUMA Y’UKO MARVEL STUDIOS IKOMEJE KUTAVUGWAHO RUMWE.
ABENSHI MU BAKURIKIRANA FRIME ZIKORWA NA MARVEL BAVUGA KO ISHINGIYE KU BITEKEREZO NYAMARA NTACYO ZIGISHA ABAZIREBA.
Niba umaze imyaka itari munsi ya 15 ku isi, waba bazi firime zirimo THE PUNISHER SPIDER MAN HULK AVENGERS n'izindi!-->!-->!-->!-->!-->…
Bruce Melody yahakanye amakuru yavugaga yahagarikiwe igitaramo i Burundi
Bruce Melody yateye utwatsi amakuru yavugaga ko polisi y'i Burundi yamuhagarikiye igitaramo ubwo yari yitabiriye ibitaramo bya Primusic.
Kuri uyu wa mbere taliki ya 31/07/2023 Bwana Bruce Melody uzwi cyane mu ruhando rwa muzika mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Umuhanzi ukomeye Johnny Drille yakoze ubukwe mu ibanga
Umuririmbyi w’Umunya-Nigeria, John Ighodaro wamenyekanye nka Johnny Drille agakundirwa cyane indirimbo ze z’urukundo, yatunguye benshi ubwo hajyaga amafoto hanze y’ubukwe bwe yakoze mu ibanga.
Aya makuru yatangajwe n’Umuyobozi!-->!-->!-->!-->!-->…
Serena Gomez ati” nta byiyumviro mfitiye abo nahagaritse gukurikirana ku rubuga…
Serena Gomez yavuze ko abrimo Zayn yahagaritse gukurikirana nta byiyumviro abafitiye
Byatunguye benshi ubwo uyu muhanzikazi uheruka gukorana indirimbo na Rema yitwa Calm down bayisubiramo(Remix), yahagarikaga gukurikirana bamwe mu!-->!-->!-->!-->!-->…
“Nina siri” Indirimbo ya mbere y’igiswahili Israel Mbonyi ashyize hanze
Umuhanzi umaze kwandika izina rikomeye mu guhimbaza Imana yashyize hanze indirimbo iri mu rurimi rw'igiswahili.
Umuramyi Israel MBONYI umaze kwandikisha izina rye ikaramu y'icyuma mu mitima y'abatari bake mu Rwanda ndetse no mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Amerika: Umuraperi yahanutse ku rubyiniro arapfa
Umuraperi Milton Powell wamamaye muri Amerika nka Big Pokey, yitabye Imana aguye ku rubyiniro muri Texas ubwo yari ari kuririmba mu gitaramo yari yatumiwemo.
Uyu muhanzi ku wa Gatandatu w’icyumweru cyashize yari kuririmba mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Umufana w’umuhanzi Ricky Martin, yibagishije inshuro 40 kugira ngo ase nawe
Ricky Martin ni rimwe mu mazina azwi rugando rw’imyidagaduro cyane cyane muri Amerika y’Amajyepfo aho akomoka, kuko ni umuhanzi w’indirimbo w’icyamamare, akaba n’umwanditsi wazo.
Ricky Martin afite za Miliyoni z’abafana hirya no!-->!-->!-->!-->!-->…
“Wallah” indirimbo ya Brysee ikomeje kwigarurira imitima y’urubyiruko
Indirimbo yitwa Wallah y'umuhanzi ukizamuka ikomeje gukundwa n'abatari bake kubera igitekerezo kirimo bivugwa ko ari inkuru mpamo.
Biragoye ko muri iki gihe wabona umuntu utazi "Passe" ni ijambo rivugwa inshuro zitari nke mu minwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Juda Muzika, itsinda ryari rigezweho muri muzika mu Rwanda ryasenyutse
Abasore babiri Mbaraga Alex na Ishimwe Prince bari bagize itsinda Juda Muzik riri mu yari agezweho muri muzika nyarwanda, batandukanye nyuma y’imyaka itanu baririmbana.
Ni inkuru mbi ku bari abakunzi b’iri tsinda. Kugeza ubu!-->!-->!-->!-->!-->…
Hamenyekanye icyatandukanije Platini n’umugore we bari bamaranye imyaka ibiri yose
Ibimaze iminsi bivugwa ku itandukana ry’umuhanzi Platini n’umugore we Olivia bamaranye imyaka ibiri basezeranye kubana, hari amakuru mashya yavuzweho arimo arebana n’umwana byavugwaga ko ari imfura yabo, bivugwa ko byagaragaye ko atari!-->!-->!-->…
Stromae yahagaritse ibitaramo yateganyaga gukorera i Burayi
Umuhanzi Stromae yatangaje ko kubera impamvu z'ubuzima bwe butifashe neza, yahisemo guhagarika ibitaramo yari afite mu kwezi gutaha.
Stromae, umuhanzi w'icyamamare mu njyana ya Pop yahagaritse gahunda y'ibitaramo yateganyaga!-->!-->!-->!-->!-->…
Jose Chameleone yasabye imbabazi nyuma yo gufotorwa asomana na murumuna we Weasel
Jose Chameleone yasabye imbabazi abakunzi b’umuziki muri Uganda, abafana be ndetse n’inshuti z’umuryango we nyuma yo gufotorwa asomanira na murumuna we Weasel ku rubyiniro.
Nyuma y’igitaramo ‘Legend Gwanga mujje’ Jose Chameleone!-->!-->!-->!-->!-->…