Browsing Category
Inkuru zidasanzwe
Umugabo byakekwaga ko yapfuye yasubiye ku ivuko nyuma y’imyaka 50
Umugabo wo muri Kenya witwa Joseph Odongo wavuye iwabo mu gace ko muri Homa Bay mu 1972 afite imyaka 30, yongeye kuboneka nyuma y’imyaka 50 nta wuzi aho yarengeye.
Muri iyo myaka yose uko ari 50, umuryango we ntiwigeze umenya!-->!-->!-->!-->!-->…
Batandatu bitabiriye ubukwe baguye mu cyobo barapfa
Muri Kenya, abantu batandatu bari mu bukwe bapfuye nyuma yo kugwa mu cyobo bari bahagaze hejuru, cyari gipfundikiye ariko kikaza kuriduka bitewe n’ibiro byinshi cyari cyikoreye.
Iyo mpanuka yabaye mu mpera z’icyumweru gishize, ibera!-->!-->!-->!-->!-->…
Nigeria: Umusaza yishe umukecuru bashakanye amuziza kwanga ko baryamana
Umusaza w’imyaka 84, witwa Gabriel Ahuwa, yemeje ko yishe umugore we w’imyaka 75 kubera umujinya kuko ngo yangaga ko baryamana, kandi akajya anumva bamubwira hari abayobozi bo mu itorero baryamana n’uwo mugore we.
Uwo musaza!-->!-->!-->!-->!-->…
U Buyapani: Hatangijwe uburyo bufasha umuntu gusinzira ahagaze
Mu Buyapani batangije uburyo bushya bwiswe ‘The Giraffenap’, aho umuntu asinzirira mu kintu kimeze nk’akazu gato gafunganye, agasinzira ahagaze mu masaha ya ku manywa, bikamufasha kuruhuka akagarura imbaraga zo gukora akazi ke neza.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Kenya: Umugabo akurikiranyweho kugerageza konka mu buryo bunyuranyije n’amategeko amabere…
Umugabo ukomoka muri Kenya yafunzwe akurikiranyweho icyaha cyo gushaka konka ku ngufu amabere y’umupolisikazi wamusanze iwe aje kumufunga.
Bwana Ben Marita Mokema uzwi ku izina rya Jembe Kali arashinjwa kugerageza konka mu buryo!-->!-->!-->!-->!-->…
Cocaïne yatumye abantu bahungishwa muri White House
Ikintu ku cyumweru cyateje guhungisha abantu igitaraganya mu biro bya perezida w'Amerika bizwi nka White House, nyuma yo kugisuzuma basanze ari ikiyobyabwenge cya cocaïne (cocaine).
Urwego rw'Amerika rucunga umutekano w'abategetsi!-->!-->!-->!-->!-->…
Yareze umuyobozi wa group ya Whatsapp ko yamukuye muri group
Urukiko rwa Makindye muri Uganda rwategetse umugabo ugenzura ibikorwa by’urubuga rwa WhatsApp ruhuriramo abantu benshi (administrator), gusubizamo umwe mu bari barugize, wiyambaje ubutabera avuga ko yavukijwe uburenganzira bwe bwo!-->…
Itangazo rya Habimana wifuza guhinduza amazina
Uwitwa HABIMANA mwene MUJYARUGAMBA na Sindizera utuye mu ntara y'iburengerazuba, Akarere ka Rutsiro, umurenge wa Ruhango, akagali ka Gihira mu mudugudu wa Bitenga yanditse asaba uburenganzira bwo guhindura amazina yari asanzwe akoresha!-->!-->!-->…
Uganda: Umuzamu umaze amezi 9 adahembwa yariye karungu akingirana ba shebuja mu biro
Umuzamu yariye karungu akingirana abayobozi mu biro kubera ko yari amaze amezi atari make adahembwa kandi yirirwa akora.
Kuri uyu wa kabiri taliki ya 23 Gicurasi 2023 mu gihugu cya Uganda, Umugabo witwa Karim Kanku uri mu kigero!-->!-->!-->!-->!-->…
Mona Faiz wabeshyaga urukundo Abanyamerika b’abasaza akabarya utwabo yatawe muri yombi
Umuhanzi ukomeye muri Ghana yashyikirijwe inkiko za Amerika nyuma yo gukekwaho icyaha cyo kurya amafaranga abasaza b'Abanyamerika ababeshya urukundo
Umunyamuziki wo muri Ghana akaba n’uvuga rikumvwa (influencer) ku mbuga!-->!-->!-->!-->!-->…
Uganda: Umusore yiyise “Zainabu” arya amafaranga y’abagabo ababeshya ko ari…
Umusore ufite imyaka 25 yatawe muri yombi, kubera ibirego yarenzwe n'abagabo bamuteretaga, bamushinja kwihindura umukobwa akarya amafaranga yabo bashaka gusambana nawe.
Uwo musore wiyitaga Zainabu ufite imyaka 25 utuye ahitwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Sobanukirwa: Amavu n’amavuko y’umunsi mpuzamahanga wahariwe umurimo ku isi
Umunsi mpuzamahanga w’abakozi ufite inkomoko ku cyiswe “Haymarket affair”, iyi ikaba ari imyigaragambyo yabereye i Chicago mu 1886 aho abakozi baharaniraga ko amasaha y’akazi yagabanywa akava kuri 12 akagirwa 8 ku munsi.
Urubuga rwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Zambia: Umugabo akurikiranyweho gusambanya inyana avuga ko nyirabayazana ari umugore we.
Umugabo yatawe muri yombi na Polisi ya Zambia akekwaho gusambanya inyana y'inka, kandi avuga ko umugore we nawe yabigizemo uruhare.
Uyu mugabo yatawe muri yombi na Polisi kuwa Kane tariki ya 20 Mata 2023. Umuvugizi wa Polisi!-->!-->!-->!-->!-->…
India: Jadab umudepite w’ishyaka riri ku butegetsi yafashwe ari kurebera pornographie mu nteko
Umudepite w'ishyaka riri ku butegetsi mu gihugu cy'Ubuhinde yafashwe amashusho ari kureba video ya pornographie ubwo yari nteko.
Umudepite w'ishyaka riri ku butegetsi mu gihugu cy'Ubuhinde Bwana Jadab Lal Nath yafashwe ari kureba!-->!-->!-->!-->!-->…
Umwalimu yahamijwe icyaha cy’ubuhemu nyuma yo kubenga umusore wamwishyuriye kaminuza
Umwalimu wo mu gihugu cya Uganda yahamijwe icyaha cy'ubuhemu no gutatira indahiro nyuma y'aho uwo mukobwa abense umusore wamwishyuriye kaminuza.
Urukiko rwo mu burengerazuba bwa Uganda rwahamije icyaha mu cyumweru gishize umukobwa!-->!-->!-->!-->!-->…