Browsing Category
Izindi nkuru
Nyamagabe: Babiri bafatanwe udupfunyika 992 tw’urumogi
Polisi y' u Rwanda mu karere ka Nyamagabe, kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 09 Mata yafashe abantu 2 bafite udupfunyika tw'urumogi 992.
Abafashwe ni Baraturwango Jean wafatiwe mu Murenge wa Gatare afite udupfunyika tw'urumogi 886 na!-->!-->!-->!-->!-->…
Kigali: Yafashwe agiye gukorera undi ikizamini cy’urushya rw’agateganyo rwo gutwara ibinyabiziga
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 08 Mata, Polisi yafashe uwitwa Manirafasha Jean Bosco w'imyaka 40, ukurikiranweho kujya gukora ikizamini cy'uruhushya rw' agateganyo mu izina ry'undi. Yafatiwe ku Muhima ahari hagiye gukorerwa ikizamini!-->!-->!-->…
Perezida Museveni yongeye guhura na Kagame imbonankubone.
Perezida Kaguta Yoweri Museveni yavuze ko yahuye akaganira na mugenzi we w'u Rwanda Perezida Paul Kagame ubwo bose bari bitabiriye umuhango wo kwakira ku mugaragaro igihuhu cya DRC muri EAC.
Kuri uyu wa gatanu taliki ya 8 Mata 2022!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Paul yerekeje muri Kenya kwakira DRC mu muryango wa EAC
Perezida wa repubulika Paul Kagame yerekeje mu gihugu cya Kenya aho ajyanywe no gushyira umukono ku masezerano yo kwakira igihugu cya Repubulika iharanira demokarasi ya Congo mu muryango wa EAC.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu!-->!-->!-->!-->!-->…
Amarangamutima ya Perezida Kagame nyuma yo gukorakora ku gisamagwe ari kizima.
Perezida Paul Kagame yavuze ko yishimiye gusura ibikorwa by’ubukerarugendo muri Zambia by’umwihariko mu cyanya kibamo inyamaswa zirimo n’iz’inkazi.
Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Kabiri tariki 05 Mata 2022 yasoje uruzinduko!-->!-->!-->!-->!-->…
Rubavu: Polisi yafashe umwe mu bacuruzi b’ibiyobyabwenge
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Rubavu, ku wa mbere tariki ya 04 Mata, yafashe umwe mu bacuruzaga ibiyobyabwenge wafatiwe mu murenge wa Kanzenze , Akagali ka Nyamirango , Umudugudu wa Mizingo afite umufuka urimo!-->!-->!-->…
Ibyishimo byinshi kuri Popote nyuma yo kwibaruka imfura ye y’umuhungu
Umunyamakuru uzwi cyane ku kazina ka Popote ari mu munyenga w'ibyishimo nyuma y'aho umugore we amubyariye imfura y'umuhungu.
Bwana Nshimyumukiza Janvier uzwi cyane ku kazina na POPOTE yatangaje ko ari mu byishimo byinshi cyane nyuma!-->!-->!-->!-->!-->…
Ubufaransa bugiye kohereza abarimu 70 gufasha mu kwigisaha igifaransa
Abarimu bagera kuri 70 bagiye koherezwa mu Rwanda gufasha mu kwigisha ururimi rw'igifaransa rugiye kongera kwitabwaho mu Rwanda.
Kuri uyu wa gatanu taliki ya 1 Mata 2022 ministeri y'uburezi mu Rwanda yasinyanye amasezerano n'ikigo!-->!-->!-->!-->!-->…
Gitwe: Byari ibyishimo ku baturage baje kwakira Gerard waraye agizwe umwere n’urukiko
Abaturage bo mu gace ka Gitwe mu Karere ka Ruhango basazwe n'ibyishimo nyuma y'aho urukiko rugize umwere Bwana Gerard wari umaze igihe afunzwe akurikiranyweho ibyaha bijyanye na genocide.
Kuri uyu wa Kane tariki 31 Werurwe 2022,!-->!-->!-->!-->!-->…
Urayeneza Gerard wahoze ayobora kaminuza ya Gitwe yagizwe umwere
Urukiko Rukuru, Urugereko Rushinzwe Gukurikirana Ibyaha Mpuzamahanga n’Ibyambukiranya Imipaka, ruri i Nyanza mu Majyepfo y’u Rwanda rwagize umwere Urayeneza Gérard wahoze ayobora Kaminuza ya Gitwe na bagenzi be bashinjwaga ibyaha!-->!-->!-->…
Itangazo rya Nishimwe wifuza guhinduza amazina
Uwitwa NISHIMWE Celestine, mwene Nsekanabanga Celestin na Uwabeza Emerthe utuye Mu mudugudu wa Rukingu, Akagari ka Mburamazi, Umurenge wa Murunda ho mu Karere ka Rutsiro mu Ntara y'Iburengerazuba yanditse asaba guhinduza amazina yari!-->…
Uganda: Juma n’umuryango we basusweho acide nyuma yo kuva mu idini rya Islam.
Nyuma y’uko bafashe gahunda yo guhindura idini basengeragamo bakajya murindi, umuryango w’uwitwa Juma Waiswa bahaswe inkoni ndetse banabamenaho Acid bababwira ko bakwiriye urupfu.
Aya mahano yakorewe uyumugabo n’umugorewe hamwe!-->!-->!-->!-->!-->…
tsinda ry’ abasenateri baturutse muri Zimbabwe bari mu rugendoshuri mu Rwanda
Itsinda ry' abasenateri baturutse mu gihugu cya Zimbabwe, bibumbiye muri komisiyo y'uburinganire n'iterambere, bari mu Rwanda mu rugendoshuri rugamije kubongerera ubunararibonye, rwatangiye tariki 26 Werurwe rukazageza tariki ya 1 Mata!-->!-->!-->…
Burera: Abantu batandatu bafatanwe ibiro 6 by’ amabuye y’agaciro
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Burera, kuri uyu wa gatandatu tariki ya 26 Werurwe yafashe abantu babiri bibye amabuye y'agaciro ibiro 6 mu kirombe cya kompanyi icukura ikanatunganya amabuye y’agaciro, yitwa Gifurwe!-->!-->!-->…
Gatsibo: ingendo Abagitifu b’Utugari bakora bajya mu kazi zarohejwe
Abanyamabanga Nshingwabikorwa b’Utugari two mu Karere ka Gatsibo batangiye guhabwa moto zizabafasha mu guha serivisi nziza abaturage.
Ni moto batangiye guhabwa kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 26 Werurwe 2022, nyuma y’umuganda wabereye!-->!-->!-->…