Browsing Category
Izindi nkuru
Muhanga: Yafashwe agiye kuvunjisha amadorari y’amahimbano
Polisi y’u Rwanda mu karere ka Muhanga yafashe umugabo witwa Ndayishimiye Reverien wari ugiye muri Banki ya UNGUKA Ishami rya Muhanga riherereye mu kagari ka Ruli mu murenge wa Shyogwe agashaka kuvunjisha amadolari y’Amerika!-->!-->!-->…
NASA YEMEJE KO HARI INDI MIBUMBE 500 NYUMA Y’IYARI ISANZWE IZWI
Nasa yatangaje yemeza ko hanze y’igice cyo mu isanzure isi n’indi mibumbe yari isanzwe izwi bibarizwa, hari indi mibumbe 5000 hakaba harimo ishyuha cyane imeze nka Jupiter imeze nk’isi ndetse n’imeze nka neptunes.
Ubusanzwe habarwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Gatsibo: Polisi yagaruje moto yari yibwe
Polisi y’u Rwanda mu karere ka Gatsibo, tariki ya 20 Werurwe yafashe uwitwa Bizimana Christophe w’imyaka 25, wari wibye moto y’uwitwa Mwesigye Geoffrey.
Bizimana yayiftanwe iyi moto ashaka kuyigurisha mu kagali ka Remera, mu!-->!-->!-->!-->!-->…
“Ubugabo si ubutumbi” Nukomeza nzagukuramo amenyo
Grand P yahaye gasopo undi muhanzi mugenzi we amubwira ko nakomeza kumuteretera umugore azamukuramo amenyo.
Moussa Sandiana Kaba umuhanzi ukomeye cyane ukomoka mu gihugu cya Guinea ariko akaba azwi cyane ku kazina ka Grand P,!-->!-->!-->!-->!-->…
Isomwa ry’urubanza rwa Rusesabagina ryatewe ipine
Urukiko rw’Ubujurire rwasubitse isomwa ry’urubanza ruregwamo Paul Rusesabagina na bagenzi be 20 rwemeza ko byatewe n’uko iminsi 30 bari bihaye yo kurwandika yarangiye batararangiza kubikora.
Guhera saa tatu za mugitondo (09:00 AM)!-->!-->!-->!-->!-->…
STECOMA irasaba abakoresha kwita ku bafundi bakajya babahembera ku ma konti, ndetse…
Mu gihe, imyumvire y’abakoresha n’abakozi yahindutse, umukoresha akumva ko akwiye guhembera umukozi we kuri konte, akamugenera ubwiteganyirize n’ubwishingizi, bizahindurira ubuzima bw’umukozi , binafashe umukoresha guhabwa sirivise!-->!-->!-->…
MIFOTRA yatangaje ko ibizamini by’akazi ka Leta bizajya bikorwa mu ikoranabuhanga.
Ministeri y'abakozi ba Leta yatangaje ko ibizamini by'akazi ka Leta bitazongera gukoreshwa ikaramu, ko ahubwo bizajya bikorwa mu ikoranabuhanga.
Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo (MIFOTRA), yatangaje ko nta kigo cya leta!-->!-->!-->!-->!-->…
Steven Mutabazi, umwe mu bahanga u Rwanda rwari rufite mu ikoranabuhanga yitabye Imana
Mutabazi Steven wari mu bahanga u Rwanda rwari rufite mu bijyanye n’ikoranabuhanga ndetse akaba ari nawe wakurikiranye igitekerezo cy’umushinga wa Kigali Innovation City mu ntangiriro, yitabye Imana.
Mutabazi kuri ubu yari umwe mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Umurundi wavuze ko ashaka gutanga imfashanyo y’ibigori ku mpunzi za Ukraine yahawe…
Umugabo w'Umurundi witwa Adrien arifuza gutanga imfashanyo y'ibiro 100 z'ibigori ku mpunzi z'Abanya Ukraine, yahawe urw'amenyo na bagenzi be babyita ko ari kwibonekeza ku bazungu.
Hari umugabo w'Umurundi witwa Adrien Nimpagaritse wo!-->!-->!-->!-->!-->…
Cardinal Antoine Kambanda ari i Burundi, yakiriwe na Perezida Ndayishimiye Evariste
Umushumba wa Arikidiyosezi ya Kigali akaba n'umuyobozi wa Diyosezi ya Kibungo yagiriye uruzinduko i Burundi abonana na Perezida Evariste Ndayishimiye.
Kuri uyu wa kane taliki ya 17 Werurwe 2022, mu gihugu cy'u Burundi, mu Ntara ya!-->!-->!-->!-->!-->…
HRW irashinja Leta y’u Rwanda kumarira ku icumu abatavuga rumwe nayo
Umuryango Human right watch urashinja Leta y'u Rwanda kubangamira uburenganzira bw'abatavuga rumwe nayo.
Kuri uyu wa gatatu taliki ya 16 Werurwe 2022, umuryango Humana right watch uharanira uburenganzira bwa muntu washyize hanze!-->!-->!-->!-->!-->…
Kigali: Ikamyo yari itwaye isukari yakoze impanuka umushoferi wayo arapfa
Imodoka yari ivuye Kimironko yerekeza mu Murenge wa Kinyinya mu Karere ka Gasabo, yacitse feri igwa munsi y’umuhanda umushoferi wari uyitwaye ahita apfa.
Ahagana saa tanu z’amanywa kuri uyu wa Gatatu tariki 16 Werurwe 2022 nibwo iyi!-->!-->!-->!-->!-->…
Rulindo: Polisi yafashe uwacukuraga amabuye y’agaciro mu buryo butemewe
Polisi ifatanije n’izindi nzego z’umutekano, kuri uyu wa Mbere tariki ya 14 Werurwe yafatiye mu cyuho umugabo witwa Uwiragiye Felecien w’imyaka 20, abitse ibiro 139,5 by'amabuye y'agaciro yo mu bwoko bwa "Wolfram"mu nzu atuyemo.!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yagabiye inka z’inyambo umuhungu wa Museveni.
Kuri uyu wa Kabiri taliki ya 15 Werurwe 2022, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yagabiye inka z’Inyambo Lt Gen Muhoozi Kainerugaba uri mu ruzinduko rw’iminsi itatu mu Rwanda.
Perezida Kagame yagabiye uyu muhungu wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yavuze uburyo umwuzukuru we yamusanze mu kazi amwibutsa kujya kuruhuka
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yavuze ko umwuzukuru we yamusanze mu biro amusaba gutaha.
Umwe mu basizi b'Abanyarwanda bakomeye b'ibihe byose uzwi nka Nyakayonga mwene Musare wa Kalimunda niwe washyize hanze igisigo yise!-->!-->!-->!-->!-->…