Browsing Category
Izindi nkuru
Nyuma y’imyaka 20, Mineduc yakuyeho icyitwaga “Promotion automatique”
Bamwe mu babyeyi bashimishijwe n'umwanzuro wa ministeri y'uburezi nyuma y'aho igaruriye gahunda yo gusibiza abanyeshuri batatsinze.
Ikibazo cy'ireme ry'uburezi ni kimwe mu bibazo bihangayikishije igihugu na rubanda muri rusange.!-->!-->!-->!-->!-->…
Mu myaka itatu gusa ibyaha byo gusambanya abana byariyongereye bikabije
Imibare y’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB igaragaza ko mu myaka 3 ishize ibyaha byo gusambanya abana byakomeje kuzamuka, kuko imibare igaragaza ko kuva mu myaka 3 ishize, uru rwego rwagenje ibyaha 12,840 byo gusambanya abana.
!-->!-->!-->!-->…
Yvonne Idamange yahamijwe ibyaha akatirwa gufungwa imyaka 15
Urugereko rw'urukiko rukuru ruburanisha ibyaha byambukiranya imipaka mu Rwanda rwahamije Yvonne Idamange Iryamugwiza ibyaha yarezwe rumukatira gufungwa imyaka 15.
Idamange yaburanye ahakana ibyaha byose yarezwe avuga ko ari!-->!-->!-->!-->!-->…
Umugore yaciye inyuma umugabo we birangira amatanye n’uwari uri kusambanya.
Umugore yaciye inyuma umugabo ajya gusambana n'undi muri Lodge maze amatana n'umusambanya we byanga ko barekurana.
Iyi ni inkuru abantu benshi bari butindeho bibaza niba koko aribyo, amakuru nk'aya ngaya twajyaga tuyumva mu bihugu!-->!-->!-->!-->!-->…
PAC yanenze MINECOFIN imicungire mibi y’imishinga iba igamije iterambere
Ministere y'imali n'igenamigambi mu Rwanda yanenzwe kuba idakurikirana imishinga igamije iterambere.
Kuri uyu wa mbere tariki 27 Nzeri 2021, Komisiyo ishinzwe gukurikirana iby’imari n’umutungo bya Leta mu Nteko Ishinga Amategeko!-->!-->!-->!-->!-->…
Rwandair yashyizwe ku mwanya wa mbere muri Afrika gutanga serivisi nziza
Kompanyi Nyarwanda RwandAir ikora ubwikorezi bwo mu Kirere yashyizwe ku mwanya wa mbere ku mugabane wa Afrika mu kugira abakozi batanga serivisi inoze.
RwandAir, kompanyi Nyarwanda ikora ibikorwa by'ubwikorezi mu ngendo zo mu kirere!-->!-->!-->!-->!-->…
USA: Amasanduku yari abitse imirambo y’abantu yagaragaye mu mihanda
Mu mihanda y'abanyamaguru mu mujyi wa Louisianne hakomeje kureremba amasanduku yari abitsemo imirambo y'abantu bapfuye, ni imirambo yazanywe n'imyuzure imaze iminsi yibasira uwo mujyi.
Abaturage bo mu mujyi wa Louisiane muri Leta!-->!-->!-->!-->!-->…
Harageze ngo Isi ihagurukire ikibazo cy’ibiribwa-Perezida Kagame
“Uruhererekane rw’ibiribwa ku Isi rufite agaciro ka tiliyari zisaga 8 z’amadolari y’Amerika, angana na kimwe cya cumi cy’ubukungu bw’Isi yose. Muri Afurika, 70% by’abantu bakuru bakora mu buhinzi n’ubucuruzi bushingiye ku buhinzi!-->!-->!-->…
Polisi yahuguye abakozi ba Bralirwa ku kwirinda no kuzimya inkongi y’umuriro
Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe ubutabazi no kurwanya inkongi kuva kuwa Gatatu tariki ya 22 Nzeri kugeza tariki ya 23 Nzeri ryatanze amahugurwa ku bakozi bo mu ruganda rwa Bralirwa ishami rya Gisenyi mu Karere ka Rubavu.!-->!-->!-->…
Abataliban baherutse kwigarurira Afghanistan barasaba gutumirwa mu nteko rusange ya Loni.
Aba Taliban basabye kugeza ijambo mu nteko rusange y'umuryango w'abibumbye (ONU/UN) muri iki cyumweru iteraniye i New York muri Amerika.
Minisitiri w'ububanyi n'amahanga w'uyu mutwe yatanze ubwo busabe mu ibaruwa yo ku wa mbere.!-->!-->!-->!-->!-->…
United Scholars center yatanze amahirwe ku bashaka kwiga no gukora hanze ya Afrika.
United Scholars Center yongeye itanze amahirwe ku bifuza kujya kwiga hanze itibagiwe abashaka kujya gushakirayo akazi.
Kujya kwiga mu bihugu by'i Burayi, Amerika cyangwa na za Canada, ni zimwe mu nzozi z'urubyiruko rwinshi mu Rwanda!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyabihu: Babiri Polisi yabafatanye udupfunyika tw’urumogi tugera kuri 7,493
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 11 Nzeri abapolisi bakorera mu Karere ka Nyabihu bafashe udupfunyika 7,493 tw’urumogi barufatana Niyomugabo Theoneste w’imyaka 21 na Twizerimana Hitabatuma w’imyaka 34. Bafatiwe mu Karere ka!-->!-->!-->…
Gatabazi yibukije abayobozi ko bagomba gukora ku nyungu za rubanda
Kuri uyu wa gatatu Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu Gatabazi Jean Marie Vianney yakomereje uruzinduko rw’akazi arimo mu Ntara y’Amajyepfo mu Karere ka Nyaruguru, yibutsa ko umuturage aza ku isonga kandi ko umuyobozi ari we mukozi!-->!-->!-->…
PAC yatangiye kubaza ibigo bya Leta kuri raporo y’Umugenzuzi mukuru w’Imari ya Leta
Kuri uyu wa Gatatu, Komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y'Imari n'Umutungo by'Igihugu, PAC yatangiye igikorwa cyo kubariza mu ruhame abayobozi b'ibigo n'inzego za Leta kugira ngo batange ibisobanuro ku makosa yagaragaye muri!-->!-->!-->…
“Sainte Trinité Schools” mu rugamba rwo kuzamura ireme ry’uburezi mu Rwanda.
"Sainte Trinite Schools", ibigo byaragijwe roho mutagatifu birakataje mu rugamba rwo kuzahura no kuzamura ireme ry'uburezi mu Rwanda.
Ijambo "Ireme ry'uburezi" ni rimwe mu magambo ahora mu kanwa ka benshi hano mu Rwanda, ndetse!-->!-->!-->!-->!-->…