Browsing Category
Izindi nkuru
Maroc: Wa mwana w’umuhungu wari waraguye mu iriba byarangiye apfuye
Umwana w'umuhungu w'imyaka itanu wo muri Maroc wari waraguye mu iriba akamaramo iminsi ine byarangiye apfuye, nubwo hakozwe ibikorwa byo kugerageza kumurokora.
Itangazo ry'ubwami bwa Maroc ryatangaje urupfu rwe nyuma gato yuko akuwe!-->!-->!-->!-->!-->…
imyamaswa yicaga inka z’aborozi baturiye ishyamba rya gishwati yishwe
Inyamanswa yari imaze igihe yica inka z’abaturage mu nzuri zituriye Pariki ya Gishwati-Mukura, aho yari imaze guhitana inyana z’imitavu zirenga 80, nayo yishwe.
Aborozi baturiye ishyamba rya gishwati bari bamaze iminsi batabariza!-->!-->!-->!-->!-->…
Itangazo rya NSANZABAGABO wifuza guhinduza amazina.
Uwitwa NSANZABAGABO mwene Ngomituje na Rwajekare utuye mu Ntara y'uburengerazuba, mu Karere ka Rutsiro, Umurenge wa Boneza, Akagali ka Bushaka ho mu mudugudu wa Muramba, yanditse asaba uburenganzira bwo guhinduza amazina yari asanzwe!-->…
Maroc: Igisirikare cyatabaye abimukira benshi bari bagiye kurohama
Ingabo za Maroke zirwanira mu mazi, kuri uyu wa kabiri, zatabaye abimukira 63 barimo abagore 15 n’abana 3, igihe ubwato barimo bari hafi kwinjira muri Esipanye bwari bugiye kurohama.
Abimukira, ahanini bava mu karere ka!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Amezi 3 arashize Imirimo yo kubaka umuhanda uhuza Nyanza na Bugesera ihagaze
Imirimo yo kubaka umuhanda wa Kaburimbo Nyanza-Bugesera imaze amezi atatu ihagaze none byasize abaturage bo mu mirenge itandukanye y’Akarere ka Nyanza mu bibazo birimo ubukene n’inzara kuko imitungo yabo yangiritse ntibishyurwa.
Uwo!-->!-->!-->!-->!-->…
Itangazo rya MUKESHIMANA Sina wifuza guhinduza amazina
Uwitwa MUKESHIMANA SINA mwene Kanyabitaro na Nyiransabimana utuye mu mudugudu wa Kivumu, Akagali ka Kaguriro mu Murenge wa Mushonyi, Akarere ka Rutsiro yanditse asaba uburenganzira bwo guhinduza amazina yari asanzwe akoresha ariyo!-->!-->!-->…
Rusizi: Polisi yafashe batatu barimo na Gitifu w’Akagali bakekwaho gushuka abaturage bakaba…
Polisi ikorera mu Karere ka Rusizi yafashe abantu batatu bacyekwaho gushuka abacuruzi babaka ruswa ngo bazabashyire ku rutonde rw'abahuye n'ibibazo by'ubucuruzi biturutse ku cyorezo cya COVID-19.
Abafashwe ni Nduhirabandi Benjamin!-->!-->!-->!-->!-->…
Kigali:Umubyeyi amaze icyumweru akuwe mu nzu kungufu anyagirirwa hanze.
Umubyeyi witwa Uwanyirigira Agnes w’imyaka 58 utuye mu Mudugudu w’Ubumwe, Akagari k’Akabahizi mu Murenge wa Gitega mu Karere ka Nyarugenge, amaze icyumweru kirenga anyagirirwa hanze nyuma yo gusohorwa mu nzu kugahato igakingwa adahari!-->…
Rwamagana: Abayisilamu b’abapfakazi bavuga ko ihene borojwe na ADEF zizabafasha mu iterambere
Bamwe Bayisilamu b’abapfakazi bo mu Kagali ka Sibagire, Umurenge wa Kigabiro, mu Karere ka Rwagana, bashima umuryango ADEF waboroje ihene, bakavuga ko zizabafasha gukemura bimwe mu bibazo bahuraga nabyo.
Iki gikorwa cyo gutanga!-->!-->!-->!-->!-->…
Hatangijwe gahunda ifasha abaturarwanda gutunga ibikoresho bikonjesha bizigama umuriro
Minisiteri y’Ibidukikije, ibinyujije mu Kigo cy’Igihugu cyo Kubungabunga Ibidukikije (REMA) yatangije Rwanda Cooling Initiative's Green On-Wage (R-COOL GO), gahunda izafasha abaturarwanda kubona ibikoresho bikonjesha bizigama umuriro!-->!-->!-->…
Itangazo rya IGIRIMBABAZI usaba uburenganzira bwo guhinduza amazina.
Uwitwa IGIRIMBABAZI Josephine mwene Karimunzira Berchmas na Nyiranzakizwanimana utuye mu Mudugudu wa Gisunzu, Akagali ka Rurara, Umurenge wa Mushonyi, mu Karere ka Rutsiro ho mu Ntara y'Uburengerazuba yanditse asaba uburenganzira bwo!-->…
Inkubi y’umuyaga yiswe Ana igaragaza ko ikibazo cy’imihindagurikire y’ibihe…
Uhagarariye Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku bana muri Mozambique UNICEF, Maria Luisa Fomara, avuga ko inkubi y’umuyaga yiswe Ana yibasiye ibihugu byo mu majyepfo y'Afrika, igaragaza ko ikibazo cy’imihindagurikire y’ibihe!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yifurije Perezida Suluhu wa Tanzania isabukuru nziza
Kuri uyu wa Kane taliki ya 27 Mutarama 2022, Perezida wa Repubulika y’Ubumwe ya Tanzania Samia Suluhu Hassan, yujuje imyaka 62 y’amavuko. Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yamwifurije isabukuru nziza y’amavuko ye, kurama!-->!-->!-->…
Mozambique-Malawi: Umubare w’abamaze guhitanwa n’umuyaga wiswe Ana wageze ku bantu 12
Ubuyobozi bwatangaje ko abamaze guhitanwa n’inkubi y’umuyanga wiswe Ana bamaze kugera kuri 12 muri Mozambique na Malawi, nubwo hagikomeje ibikorwa byo kubarura ibyagizweho ingaruka n’uyu muyaga wibasiye igice cy’amajyepfo y'Afrika kuwa!-->!-->!-->…
Ibyemezo by’inama y’abaminisitiri byaraye bisimbuje Dr Sabin ku buyobozi bwa RBC
Prof Claude Mambo Muvunyi ni we wagizwe Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima mu Rwanda (RBC) nk’uko byatangajwe mu byemezo by’Inama y’Abaminisitiri ya mbere y’uyu mwaka wa 2022, yateranye ku wa Gatatu taliki ya 26!-->!-->!-->…