Browsing Category
Izindi nkuru
Leta yaraye ikuyeho gahunda ya #gumamurugo# i Kigali no mu tundi turere 8 twari tuyimazemo iminsi…
Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa 30 Nyakanga 2021, iyobowe na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yasuzumye uko icyorezo cya Covid-19 gihagaze mu gihugu, maze yemeza ko Guma mu Rugo mu Mujyi wa Kigali no mu turere umunani!-->!-->!-->…
Prezida KAGAME yatanze imbabazi ku bagororwa 4781 harimo n’abakobwa 10 bakuyemo inda.
Prezida Paul Kagame yaraye atanze imbabazi ku bagororwa 4,781 harimo n'abakobwa bari bakurikiranyweho icyaha cyo gukuramo inda.
Prezida Paul KAGAME yaraye atanze imbabazi ku bagororwa bagera ku 4,781, muri abo bahawe imbabazi harimo!-->!-->!-->!-->!-->…
Rwanda: Abadepite barasaba ko hashyirwaho amashuri yigisha gutwara ubwato.
Abagize inteko ishingamategeko y’URwanda umutwe w’abadepite barasaba ko hashyirwaho amashuri yigisha gutwara ubwato mu rwego rwo kunoza serivise zo gutwara abantu n’ibintu mu mazi kuko izi serivise zirigushyirwamo imbaraga n’igihugu!-->!-->!-->…
Ibigo bya leta bikora ibijyanye n’ubucuruzi byahombye Miliyari 40 Frw
Raporo y’umugenzuzi mukuru w’imari ya leta y’umwaka wa 2020, igaragaza ko ibigo bya leta bikora ubucuruzi byahombye Miliyari 40 z’amanyarwanda biturutse ku micungire mibi yabyo.
Iyi raporo ivuga kandi ko mu myaka 3 ishize, gushyira!-->!-->!-->!-->!-->…
Urukundo rwo gusoma abandi bagore ku munwa byatumye Grand P. yimwa umugeni yari yarijejwe.
Umunyamuziki akaba n’umunyamideri Eudoxie Yao ukomoka muri Côte d’Ivoire yatangaje ko ubu ari wenyine (single) nyuma y’uko atandukanye n’umukunzi we Moussa Sandiana Kaba uzwi ku izina rya Grand P. Na we akaba ari umunyamuziki ukomoka!-->!-->!-->…
Malawi: Abayobozi bakuru ba Polisi y’u Rwanda n’iya Malawi bagiranye ibiganiro
Umuyobozi mukuru wa Polisi y'u Rwanda n'umuyobozi mukuru wa Polisi ya Malawi kuri uyu wa Mbere tariki ya 26 Nyakanga bagiranye ibiganiro mu rwego rwo gukomeza gushimangira ubufatanye buri hagati y'izi nzego zombi. Ni ubufatanye!-->!-->!-->…
Gishali: Abapolisi 30 baraye basoje amahugurwa yo gutwara moto zifashishwa mu gucunga umutekano.
Kuri uyu wa gatanu abapolisi bagera kuri 50 baraye bashoje amahugurwa yo gutwara moto za rutura zifasha mu gucunga umutekano wo mu muhanda.
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 23 Nyakanga mu ishuri rya Polisi riherereye mu Karere ka!-->!-->!-->!-->!-->…
Umupadiri yanditse asezera ashaka gushinga urugo
Padiri Fidèle de Charles Ntiyamira wakoreraga muri Diyosezi ya Byumba, yasezeye ku nshingano ze za gisaseridoti n’izindi bifitanye isano avuga ko abitewe n’impamvu ze bwite ariko harimo no gushinga umuryango.
Umupadiri witwa Fidèle de!-->!-->!-->…
Omar Talal Ali Ambasaderi mushya w’Ubwongereza mu Rwanda yishimiye icyayi cy’u Rwanda
Ambasaderi mushya w’u Bwongereza mu Rwanda Omar Talal Ali Daair, yatangaje ko yanyuzwe n’urugwiro Abanyarwanda bamugaragarije bamwakira, ashimangira ko yakunze ikirere cy’u Rwanda by’umwihariko icyayi cy’u Rwanda gifite !-->!-->!-->…
Impinduka zikomeye mu bizami bya Leta byatangiye gukorwa kuri uyu munsi.
NESA, ikigo cy'igihugu gishinzwe ibizamini n'igenzura ry'imyigishirize cyashyizeho impinduka zitari zisanzweho mu bizamini bya Leta biri gukorwa.
Kuri uyu wa kabiri taliki ya 20 Nyakanga 2021, nibwo hatangizwaga ku mugaragaro!-->!-->!-->!-->!-->…
Sadate arasanga kapiteni w’ikipe y’igihugu ya Basketball y’abagore akwiye…
Nyuma y'aho kapiteni w'ikipe y'igihugu ya basketball y'abagore Tierra Monay Henderson, yambitswe impeta n’umukunzi we w’umugore witwa Amanda Thompson bitegura kurushinga, Bwana Sadate yanenze iyo myitwarire nka kapiteni w'ikipe!-->!-->!-->…
Abarenga 100 bari mu bizamini bya Leta barwaye Covid-19
Mu banyeshuri barengaho gato ibihumbi 195 batangiye ibizami bya Leta bisoza icyiciro cya mbere cy'amashuri yisumbuye, ndetse n'abarangiza ayisumbuye, abagera ku 106 barwaye covid-19.
Kuri uyu munsi wa kabiri nibwo abanyeshuri!-->!-->!-->!-->!-->…
“U Rwanda rufite ibyo rwasangiza abandi mu miyoborere myiza” Meya wa Paris Anne Hidalgo
Umuyobozi w’Umujyi wa Paris mu Bufaransa Anne Hidalgo, ari mu Rwanda aho yitabiriye Inteko ya 41 y’Ihuriro ry’Abayobozi b’Imijyi itandukanye y’ibihugu bikoresha ururimi rw’Igifaransa (Association Internationale des Maires!-->!-->!-->…
Ba mudugudu 3,621 bari guhabwa terefone zigezweho zizabafasha mu kunoza akazi kabo.
Ubuyobozi bw’Intara y’Iburengerazuba, bwatangiye ibikorwa byo gukwirakwiza ‘smart phone’ 3621 ku bakuru b’imidugudu muri iyo Ntara, mu rwego rwo kuborohereza akazi (Photo:Igihe).
Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba, Habitegeko!-->!-->!-->!-->!-->…
Izindi mpunzi 133 zivuye muri Libya zaraye zigeze mu Rwanda
Mu ijoro rishyira kuri uyu wa Gatanu, u Rwanda rwakiriye icyiciro cya gatandatu cy’impunzi n’abasaba ubuhunzi 133 bavuye muri Libya, Minisiteri Ishinzwe Ibikorwa by’Ubutabazi (MINEMA) ikabayemeje ko bageze i Kigali amahoro.
Nyuma!-->!-->!-->!-->!-->…