Browsing Category
Izindi nkuru
ACP Rugwizangoza yarangije ishingano yari afite muri Sudani y’Epfo
Kuri uyu wa Kane tariki ya 2 Nzeri abapolisi bari mu butumwa bw 'umuryango w'abibumbye bwo kubungabunga amahoro muri Sudani y'Epfo basezeye Assistant Commissioner of Police (ACP) Barthelemy Rugwizangoga warangije ishingano ze zijyanye!-->!-->!-->…
Umuhanzi Jay Polly yitabye Imana
Umuhanzi Jay Polly yitabye Imana aguye mu bitaro bya Muhima.
Amakuru y'urupfu rwa Bwana Jay Polly rwamenyekanye mu gitondo cyo kuri uyu wa akane taliki ya 2/9/2021 aturutse ku bitaro byo ku Muhima aho bivugwa ko yaguye.
Kugeza!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Itangazo rya Nishimwe wifuza guhindurirwa amazina.
Uwitwa NISHIMWE mwene Munyarukiko na Nyiransabimana, utuye mu Ntara y'Uburengerazuba, Akarere ka Rutsiro, Umurenge wa Ruhango, ho mu Kagali ka Kavumu, yanditse asaba gihindurirwa amazina yari asanganywe ariyo NISHIMWE, hakinyongeraho!-->!-->!-->…
Rwanda: Perezida Kagame yashumbushije inka eshanu umuturage warasiwe ize.
Inka eshanu zihaka zatanzwe na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, zashyikirijwe Twagirayezu Jean de Dieu wo mu Karere ka Rubavu, nyuma y’uko ize zirashwe n’abantu bitwaje intwaro bari bavuye mu mashyamba ya Congo.
Izo nka!-->!-->!-->!-->!-->…
Inyungu y’asaga miliyoni 780 yavuye mu bukerarugendo agiye gusaranganywa abaturiye za parike
Mu gihe u Rwanda rwitegura kwita izina ingagi 24 zavutse, Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere RDB ruravuga ko muri uyu mwaka hateganyijwe imishinga 30 igamije gusaranganya mu baturage inyungu zavuye mu ubukerarugendo, imishinga ifite!-->!-->!-->…
Umurambo wa Habineza Joseph uherutse kwitaba Imana wagejejwe i Kigali
Umurambo wa Joseph Habineza uherutse kwitaba Imana azize uburwayi wamaze kugezwa i Kigali ngo asezerweho bwa nyuma n'inshuti n'umuryango.(Photo:Igihe)
Mu mpera z'icyumweru gishize nibwo inkuru y'incamugongo yatashye mu matwi ya!-->!-->!-->!-->!-->…
USA: Biravugwa ko abakozi b’Ubutasi ba Amerika CIA babonanye mu ibanga n’Abatalibani
Hari amakuru avuga ko urwego rw'ubutasi rwa USA rwaba rwaragiranye ibiganiro by'ibanga n'ubuyobozi bw'Abatalibani.
Biravugwa ko mukuru wa CIA yahuye mu ibanga n’umuyobozi w’Abatalibani.BBC dukesha iyi nkuru ivuga ko ku munsi wo ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Kamonyi: Polisi yashyikirije umuryango utishoboye inzu yawubakiye ifite agaciro ka miliyoni 18 zose
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 25 Kanama Polisi y'u Rwanda yashyikirije Sumwiza Sylivain w'imyaka 75 n'umufasha we Ntabahweje Agnes w’imyaka 66 n'abana babo 2 inzu yabubakiye nk'umuryango!-->!-->!-->…
Ministeri y’ibidukikije yatangaje ko hari imyanda imwe n’imwe igiye kujya ibyazwa…
Minisiteri y'ibidukikije yatangaje ko mu bihe biri imbere imwe mu myanda iva mu baturage, izajya igurwa n'amasosiyete ayibyaza umusaruro, mu gihe byari bimenyerewe ko ari abaturage bishyura kugira ngo iyi myanda ibavire mu ngo cyangwa!-->!-->!-->…
Umuyobozi mukuru wa Polisi ya Lesotho n’ikipe ayoboye basuye polisi y’u Rwanda.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 24 Kanama Umuyobozi mukuru wa Polisi ya Lesotho Commissioner of Police Holomo Molibeli n'intumwa ayoboye basuye Polisi y'u Rwanda. Ku cyicaro gikuru cya Polisi y'u Rwanda ku!-->!-->!-->…
Joseph Habineza wahoze ari Minisitiri yitabye Imana
Joseph Habineza wigeze kuba Minisitiri w’umuco na Siporo yitabye Imana ku myaka 57, amakuru atangwa n’abo mu muryango we aravuga ko yaguye i Nairobi muri Kenya kuri uyu wa 20 Kanama 2021, aho yari amaze igihe gito kuko yari mu nzira!-->!-->!-->…
Abantu 2 batawe muri yombi kubera gukwirakwiza ibihuha byo gusebya Polisi ku mbuga nkoranyambaga
Polisi y'u Rwanda yatangaje ko yataye muri yombi abagabo babiri bakwirakwizaga amakuru y'ibihuha binyuze ku mbuga nkoranyambaga.
Polisi y'u Rwanda ibinyujije ku rukuta rwayo rwa Twitter yatangaje ko abagabo babiri baraye!-->!-->!-->!-->!-->…
Hamenyekanye akayabo k’amafranga azakoreshwa mu gikorwa cy’ibarura rusange…
Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare mu Rwanda (NISR), gitangaza ko kiri gutegura Ibarura Rusange ry’Abaturage n’Imiturire rizaba muri Kanama 2022, rikaba rizatwara asaga miliyoni 30 z’amadolari, ni ukuvuga asaga gato miliyari 30!-->!-->!-->…
“Kuri iyi nshuro turi hasi cyane” Prezida Kagame nyuma y’itsindwa rya Arsenal
Perezida Paul Kagame akaba n’umufana ukomeye w’ikipe ya Arsenal yo mu Bwongereza, yongeye kugaragaza ko atishimiye imikinire y’ikipe ya Arsenal yatangiye shampiyona itsindwa na Brentford FC ikizamuka mu cyiciro cya mbere.
Perezida!-->!-->!-->!-->!-->…
Ngororero: Habonetse imibiri ibarirwa mu 120 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi
Imibiri bikekwa ko ari iyabazize jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu murima wari umaze igihe uhingwamo
Mu Karere ka Ngororero hakomeje igikorwa cyo gushakisha indi mibiri yavumbuwe mu murima, ni imibiri bikekwa ko ari iyabazize!-->!-->!-->!-->!-->…