Browsing Category
Izindi nkuru
Urukiko rwatesheje agaciro ubusabe bw’umuryango wo kwa Rwigara wasaba gusubika cyamunara
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, Urukiko rw’Ubucuruzi mu Rwanda rwatesheje agaciro ikirego cyihutirwa cyatanzwe n’uruganda rw’itabi rwa Nyakwigendera Assinapol Rwigara.
Uruganda Premier Tobacco Company rwareze rusaba guhagarikisha!-->!-->!-->!-->!-->…
Umumotari yahawe inkwenene nyuma y’aho atoye ibihumbi 50$ akabisubiza nyirabyo
Umumotari wo mu gihugu cya Liberia yahawe inkwenene na benshi nyuma y'aho atoraguye ibihumbi 50$ nyuma akabisubiza nyirabyo
Umusore witwa Emmanuel Touloe uri mu kigero cy'imyaka 18 y'amavuko aherutse gutora amafaranga ibihumbi 50!-->!-->!-->!-->!-->…
Umusore w’umwirabura yategetswe kwirirwana icyapa cyanditseho ko yaciye inyuma umukunzi we.
Nyuma yo guca inyuma umukunzi we, umusore w'umwirabura yahawe igihano cyo kwirirwa yikoreye icyapa cyanditsweho ngo "Naciye inyuma umukunzi wanjye"
Umusore wo mu gihugu cy'Ubwongereza mu mujyi wa Liverpool ariko utatangarijwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda IGP Munyuza yitabiriye inama ya EAPCCO irimo kubera i Kinshasa
Umuyobozi mukuru wa Polisi y'u Rwanda, IGP Dan Munyuza kuri uyu wa Kane tariki ya 14 Ukwakira yitabiriye inama ihuza abayobozi ba Polisi bo mu bihugu byo mu muryango w'Iburasirazuba (EAPCCO). Ni inama irimo kubera mu gihugu cya!-->!-->!-->…
“…hari aho kiliziya yagiye ihutaza rubanda kugira ngo igere ku ntego zayo” Papa…
Umushumba wa kiliziya Gatolika mu Rwanda yavuze ko hari aho kiliziya yagiye ikoresha imbaraga z'ikirenga mu kugera ku migambi yayo.
Umushumba wa kiliziya Gatolika, Papa Francis, yavuze ko Kiliziya yakoze amakosa mu gushingira ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Abigira muri za gereza bashobora kuzajya bagera ku rwego rwa Kaminuza
Umushinga w’itegeko ryemerera abagororwa kujya biga bakageza ku rwego rwa Kaminuza, uramutse wemejwe n’Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, mu gihe kizaza batangira kujya biga amasomo yo kuri urwo rwego mu gihe bari muri za gereza.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Abarimu barashimira Leta kuba yarabashyiriyeho gahunda nziza zo kubateza imbere.
Abarimu barashimira Leta kuba yarabashyiriyeho gahunda zitandukanye zigamije kubateza imbere.
Ubwo kuri uyu wa 5 Ukwakira 2021 u Rwanda rwifatanyaga n'isi yose mu kwizihiza umunsi mpuzamahanga wa Mwalimu, bamwe mu barimu bitabiriye!-->!-->!-->!-->!-->…
Mwalimu Masengesho wakoze “Robot” niwe wahize abandi barezi uno mwaka
Umwarimu wahize abandi mu mwaka w’amashuri 2020-2021, mu kiciro cy’amashuri abanza yigenga, yahaze udushya turimo Robot ndetse n’amapave akozwe mu macupa ya pulasitiki.
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 05 Ukwakira 2021, umunsi hizihizwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Zimbabwe igiye kohereza abarimu mu Rwanda mu kuzahura ireme ry’uburezi
Leta ya Zimbabwe yemeye ubusabe bwa Prezida Kagame yaabye icyo gihugu kuyitera ingabo mu bitugu ikayiha abarimu bazafasha ab'u Rwanda mu kuzahura ireme ry'uburezi.
Leta ya Zimbabwe yatangaje ko yatangiye gukora ku busabe bwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Ababyeyi n’abarezi bishiniye icyemezo MINEDUC yafashe cyo kongera gusibiza abanyeshuli
Nyuma yo gutangazwa ko abanyeshuri basaga 60,000 baje mu cyiciro cya gatanu (unclassified division) bakwiye gusibizwa, ababyeyi n’abarezi batandukanye mu gihugu bagaragaje ko bishimiye iyi ntambwe ikomeye itewe mu kwimakaza ireme!-->!-->!-->…
Nyuma y’imyaka 20, Mineduc yakuyeho icyitwaga “Promotion automatique”
Bamwe mu babyeyi bashimishijwe n'umwanzuro wa ministeri y'uburezi nyuma y'aho igaruriye gahunda yo gusibiza abanyeshuri batatsinze.
Ikibazo cy'ireme ry'uburezi ni kimwe mu bibazo bihangayikishije igihugu na rubanda muri rusange.!-->!-->!-->!-->!-->…
Mu myaka itatu gusa ibyaha byo gusambanya abana byariyongereye bikabije
Imibare y’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB igaragaza ko mu myaka 3 ishize ibyaha byo gusambanya abana byakomeje kuzamuka, kuko imibare igaragaza ko kuva mu myaka 3 ishize, uru rwego rwagenje ibyaha 12,840 byo gusambanya abana.
!-->!-->!-->!-->…
Yvonne Idamange yahamijwe ibyaha akatirwa gufungwa imyaka 15
Urugereko rw'urukiko rukuru ruburanisha ibyaha byambukiranya imipaka mu Rwanda rwahamije Yvonne Idamange Iryamugwiza ibyaha yarezwe rumukatira gufungwa imyaka 15.
Idamange yaburanye ahakana ibyaha byose yarezwe avuga ko ari!-->!-->!-->!-->!-->…
Umugore yaciye inyuma umugabo we birangira amatanye n’uwari uri kusambanya.
Umugore yaciye inyuma umugabo ajya gusambana n'undi muri Lodge maze amatana n'umusambanya we byanga ko barekurana.
Iyi ni inkuru abantu benshi bari butindeho bibaza niba koko aribyo, amakuru nk'aya ngaya twajyaga tuyumva mu bihugu!-->!-->!-->!-->!-->…
PAC yanenze MINECOFIN imicungire mibi y’imishinga iba igamije iterambere
Ministere y'imali n'igenamigambi mu Rwanda yanenzwe kuba idakurikirana imishinga igamije iterambere.
Kuri uyu wa mbere tariki 27 Nzeri 2021, Komisiyo ishinzwe gukurikirana iby’imari n’umutungo bya Leta mu Nteko Ishinga Amategeko!-->!-->!-->!-->!-->…