Browsing Category
Izindi nkuru
Umuhanzi Diamond amaze kwibikaho imodoka y’igitangaza ifite agaciro k’arenga miliyoni…
Umuhanzi wo muri Tanzaniya uzwi nka Diamond Platnumz amaze kwibikaho imodoka y'igikurankota ifite agaciro k'arenga miliyoni 650 y'amanyarwanda.
Ibi bibaye nyuma y'aho uno muhanzi yerekeje muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, uno!-->!-->!-->!-->!-->…
Abana bagera ku 254,678 harimo n’abanduye covid-19 batangiye ibizami bisoza amashuri abanza
Abanyeshuri 254,678 uyu munsi baratangira ibizamini bya leta bisoza amashuri abanza mu gihe igihugu ubu cyugarijwe n'inkubiri nshya y'icyorezo Covid-19.
Minisiteri y'uburezi yatangaje ko abanyeshuri banduye Covid barwariye iwabo mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Guhera kuri italiki 30 kamena 2021 nta muntu uvuye Uganda azajya yinjira mu Bwongereza
Leta y'Ubwongereza yashyize igihugu cy'Ubugande ku rutonde rw'ibihugu aho ababivamo batemerewe kwinjira muri icyo gihugu.
Ibi bigendanye no kwiyongera kw’abanduye Coronavirus n’ubwoko bushya bw’iyi virus bwandura vuba cyane, mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Zambia: Umunyamakuru byamurenze aho gusoma amakuru, yivugira uburyo amaze igihe adahembwa
Ibyo byabaye mu mpera z’icyumweru gishize, ku masaha y’umugoroba, ubwo umunyamakuru witwa Kabinda Kalimina yarimo asoma ingingo z’ingenzi z’amakuru kuri Televiziyo yo muri Zambia yitwa ‘KBN TV News’ (Kenmark Broadcasting Network),!-->!-->!-->…
Gisagara: Abaturage bahawe inka ntagatifu zivuye mu mujyi wa Yeruzalemu
Ambasaderi w'igihugu cya Israel mu Rwanda yoroje abaturage bo mu Karere ka Gisagara abaha inka zigera kuri 20 zose ziturutse mu mujyi wa Yeruzalemu
Ni mu muhango wabaye kuri uyu wa kane taliki ya 24 Kamena 2021 ubera mu Karere ka!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Museveni Ejo ni umunsi w’amasengesho nyuma yo gushyiraho #Guma murugo kubera…
Perezida wa Repubulika ya Uganda, Yoweri Kaguta Museveni yatangaje ko ku munsi w’ejo ari ikiruhuko cy’amasengesho yo gusengera igihugu gikomeje kugarizwa bikomeye n’icyorezo cya Covid-19.
Imibare itangazwa na Minisiteri y’Ubuzima!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyagatare:Ubuyobozi bwemeje igishushanyo mbonera cy’umujyi kivuguruye nk’umujyi wunganira Kigali
Ubuyobozi bw’akarere bwemeje igishushanyo mbonera kivuguruye cy’umujyi wa Nyagatare nk’umwe mu mujyi itandatu yunganira Kigali. Abayobozi b’inzego zibanze bavuga ko kuba Covid-19 yaratumye abaturage badahura ngo basobanurirwe uko!-->!-->!-->…
Imodoka ya Nyakwigendera Paul walker yashyizwe ku isoko ku gaciro ka miliyoni 550Rwf
Imodoka ya nyakwigendera Paul Walker amaze imyka isaga umunani yashyizwe ku isoko ihabwa agaciro k'akayabo k'amadorari.
Amakuru aturuka mu muryango wa Nyakwigendera Bwana PAUL WALKER aravuga ko uwo muryango washyize ku isoko!-->!-->!-->!-->!-->…
Joe Biden yifurije iruhuko ridashira imbwa ye CHAMP yaraye ipfuye
Umuryango wa Prezida Joe Biden watangaje ko imbwa yabo yitwa Champ yapfuye ku myaka 13
Prezida wa Leta Zunze ubumwe za Amerika Bwana Joe Biden abinyujije ku rukuta rwe rwa twiter yatangaje ko imbwa ye yitwaga Champ yapfuye ndetse!-->!-->!-->!-->!-->…
Hon. Evode arasanga Paul Rusesabagina yari akwiye gufatwa nk’icyihebe.
Honorable Evode arasanga Bwana Paul Rusesabagina yari akwiye gufatwa nk'ibindi byihebe byose, arasanga ahubwo ubutabera bw'u Rwanda bwaramushyiriyemo imiyaga.
Nyuma y'igihe kitari gito Bwana Paul Rusesabagina ari mu maboko!-->!-->!-->!-->!-->…
Kigali:Abantu 88 bafatiwe mu bukwe barenze ku mabwiriza yo kwirinda COVID-19
Ku wa Gatandatu tariki ya 19 Kamena 2021 Polisi y’u Rwanda yafashe abantu 88 bari mu muhango wo kwiyakira mu bukwe bw’uwitwa Buregeya Saidi Codo w’imyaka 34 na Nyampundu Thausie. Bwari bwabereye mu busitani bwitwa "Green Mountain!-->!-->!-->…
Kigali: Ipfunwe ry’ubusambanyi bwa nyina bwamuteye kujya kuba mu muhanda!
Izina ryahinduwe Gasore, ni umwana w’imyaka 16 y’amavuko wemeza ko yahisemo kwibera mu muhanda mu rwego rwo kwanga gukomeza kureba uburyo nyina utunzwe n’umwuga w’uburaya, ahora asambanira mu maso ye n’abagabo batandukanye.
Uyu mwana!-->!-->!-->…
Nyuma ya Callixte, Nizeyimana Marc nawe yasabiwe gufungwa burundu
Kuri uyu wa Kane tariki ya 17 Kamena 2021, ubushinjacyaha bwasabiye Nizeyimana Marc igihano cy’igifungo cya burundu kubera ibyaha akurikiranyweho bijyanye n’iterabwoba ndetse n’ubwicanyi.
Ni mu rubanza ruburanishwa n’urukiko rukuru!-->!-->!-->!-->!-->…