Browsing Category
Izindi nkuru
Sadate arashinja Sam kumuharabika no gushaka kumwangisha rubanda.
Bwana Sadate wahoze ayobora ikipe ya Rayon arashinja Sam Karenzi kuba ari kumuharabika no gushaka kumwangisha rubanda.
Ibi Bwana Sadate wahoze ayobora ikipe ya Rayon sport nyuma akaza kuvanwaho n'urwego rw'imiyoborere mu Rwanda RGB!-->!-->!-->!-->!-->…
Bararira ayo kwarika nyuma yo kugirwa ingumba ku gahato none bagiye kuburana
Urubanza rukomeye rwatangiye kuba muri Peru ku wa mbere, aho uwahoze ari Perezida Alberto Fujimori ashobora kuregwa kugira ingumba abaturage babarirwa mu bihumbi amagana.
Uyu ni umwe mu bigaragambya afite agasabo k'intanga-ngore gakoze!-->!-->!-->…
Polisi yafashe 37 bishe amabwiriza yo kwirinda Covid-19 barimo abafataga amashusho ya Filimi.
Polisi yerekanye abasore n’inkumi 37 bafashwe barenze ku mabwiriza yo kwirinda icyorezo cya COVID19 mu mujyi wa Kigali bari mu bikorwa 2 bitandukanye.
Muri aba bantu 37, 27 bafashwe bafata amashusho ya filime muri guest house!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Hatangijwe igikorwa cyo gusukura umujyi wa Nyanza.
Umuyobozi w'Akarere ka Nyanza yatangije igikorwa cyo gusukura umujyi wa Nyanza.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere taliki ya 1 Werurwe 2021, ari kumwe n'umunyamabanga nshingwabikorwa w'Umurenge wa Busasamana, Umuyobozi w'Akarere ka!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyenzamu w’Amavubi Yves Kimenyi yambitse impeta y’urukundo Miss Muyango.
Umunyezamu wa Kiyovu Sports Kimenyi Yves yambitse impeta y’urukundo umukunzi we Muyango Claudine amusaba ko yazamubera umugore.
Rutahizamu w'ikipe ya Kiyovu sport n'ikipe y'igihugu AMAVUBI, Bwana KIMENYI Yves, kuri uyu wa 28!-->!-->!-->!-->!-->…
Kamonyi: Umugabo yatwikiwe n’umugore we inzu ararira ayokwarika agahakana yivuye inyuma ko nta…
Umugabo witwa Ngarukiyintwari Damien watwikiwe inzu n’umugore we nyuma yo kumwumviriza avugana n’inshoreke, avuga ko atariwe nyirabayazana w’ibyabaye, ko ndetse yari yaramunaniye akamuhunga mu gihe cy’imyaka 15 uhereye muri 2000 nabwo!-->…
Umugore yajugunye abanahasi bari muri etaje barokoka inkongi y’umuriro
Umugore wo mu mujyi wa Istanbul muri Turkia yagaragaye ari kujugunya abana be 4 hasi ubwo inyubako babagamo yo mu igorofa rya 3 yari ifashwe n’inkongi y’umuriro.
Abaturage bari hafi aho bari hasi bahise bashaka umwenda ukomeye!-->!-->!-->!-->!-->…
Clarisse Karasira yasezeranye kubana na Ifashabayo nk’umugore n’umugabo.
Umuhanzikazi uririmba mi njyana gakondo Clarisse Karasira yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we Ifashabayo Sylivain Dejoie.
Uyu muhango wabaye kuri uyu wa 18 Gashyantare 2020 witabirwa n’abantu bake mu rwego rwo gukurikiza!-->!-->!-->!-->!-->…
Amafoto: ibintu 10 bisekeje Trump yakoze mu myaka 4 yayoboye Amerika
Donard Trump wayoboye Leta zunze ubumwe z'Amerika ni umwe mu ba Perezida bakunze kugarukwaho na benshi bitewe n'imikoreshereze ye y'imbuga nkoranyambaga nka Tweeter ndetse n'uburyo yakunze kugaragara mu ruhame avuga cyangwa akora ibintu!-->…
Urukiko rwatangiye kuburanisha mu mizi Rusesabagina na bagenzi be.
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 17 Gashyantare 2021, Paul Rusesabagina na bagenzi be 20 bashinjwa ibyaha bifitanye isano birimo iby’iterabwoba, batangiye kuburanishwa mu mizi n’Urukiko Rukuru.
Urubanza rurimo kuburanishirizwa mu cyumba!-->!-->!-->!-->!-->…
Abakinnyi n’abatoza ba APR FC basezeyeho Lt General Jacques Musemakweli wahoze ayiyobora.
Abatoza ndetse n'abakinnyi ba APR FC basezeye Lt General Musemakweli uherutse kwitaba Imana.
Ku italiki ya 12 z'uku kwezi kwa kabiri nibwo inkuru y'incamugongo y'urupfu rwa Lt General Jacques MUSEMAKWELI wahoze ari umuyobozi w'ikipe!-->!-->!-->!-->!-->…
Itangazo: Itangazo rya NIREMBERE Marie wifuza guhindurirwa amazina.
Uwitwa NIREMBERE Marie, mwene HABYARIMANA Jean de Dieu na AYINKAMIYE Damars, utuye mu Kagali ka Rwebeya, umurenge wa Cyumve, mu Karere ka Musanze mu Ntara y'Amajyaruguru, arifuza guhindurirwa amazina yari asanzwe akoresha, akitwa!-->!-->!-->…
Itangazo rya Mfitumukiza wifuza guhindurirwa amazina.
Uwitwa MFITUMUKIZA JACQUES mwene HABYARIMANA Jean de Dieu na Damars AYINKAMIYE, utuye mu Karere ka Musanze mu Ntara y'Amajyaruguru, mu Murenge wa Cyumve, arifuza guhindurirwa amazina akitwa MFITUMUKIZA JACKSON akaba ari nayo yandikwa!-->!-->!-->…
Mu cyumweru gitaha umurambo wa Padili Ubald ushobora kuzanwa ugashyingurwe mu Rwanda.
Abo mu muryango wa Padiri Ubald Rugirangoga, uherutse kwitaba Imana aguye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika batangaje ko umurambo we uteganyijwe kuzanwa mu Rwanda mu mpera z’uku kwezi ari nabwo uzahita ushyingurwa.
Padiri Ubald!-->!-->!-->!-->!-->…
Kigali: Abantu 119 barenze ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19 bajya mu tubari
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki 13 Gashyantare 2021 Polisi y’u Rwanda yafatiye mu tubari dutandukanye two mu Mujyi wa Kigali abantu 119 barenze ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19.
Mu tubari dutatu two mu Gatsata Polisi!-->!-->!-->!-->!-->…