Browsing Category
Izindi nkuru
Itangazo rya Habiyambere wifuza guhindurirwa izina
Uwitwa HABIYAMBERE mwene Ntawugashira na Banyangandora arasaba uburenganzira bwo guhinduza amazina yari asanzwe akoresha ariyo HABIYAMBERE, kuri iryo zina hakongerwaho AIME PATRICK akitwa HABIYAMBERE AIME PATRICK akaba ari nayo ashyirwa mu!-->…
Itsinda rya Kane ry’impunzi ziturutse muri Libya rizagera mu Rwanda kuwa Kane w’iki…
Minisiteri y’Ibikorwa by’ubutabazi yatangaje ko kuwa Kane taliki 19 Ugushyingo aribwo itsinda rya kane ry’impunzi zizaturuka muri Libya rizagera mu Rwanda , bakazahita bajyanwa gucumbikirwa mu Nkambi ya Gashora.
Iyi Minisiteri!-->!-->!-->!-->!-->…
U rugaga rw’amasendika “CESTRAR” yagaragaje ko umuco wo kuganira hagati…
Urugaga rw’Amasendika y’Abakozi mu Rwanda “CESTRAR” yasabye abakoresha n’abakozi kujya bagirana ibiganiro kugira ngo bashakire ibisubizo ibibazo bihari nyuma yo gusesengura ingaruka zatewe n’icyorezo cya Coronavirus cyibasiye imirimo!-->…
England: Abagabo babiri bafatanwe amafaranga miliyoni 1.58$ ku kibuga cy’indege berekeza Dubai
Abagabo babiri bakomoka muri Czech Republic bafatiwe ku kibuga mpuzamahanga cy'indege cya Heathrow mu Bwongereza batwaye amafaranga miliyoni 1.58 (1,543.96RWF) mu mavarise no mu bikapu berekeje Dubai.
Aba bagabo bafashwe n'ubuyobozi!-->!-->!-->!-->!-->…
Ghana: uwahoze ari perezida w’iki gihugu Jerry John Rawlings yitabye Imana
Jerry John Rawlings wabaye Perezida w’igihugu cya Ghana imyaka 20 akaba no mu gisirikare cya Ghana kirwanira mu kirere yitabye Imana ku myaka 73.
Uyu mugabo yaguye mu bitaro bya Korle-Bu biherereye mu Murwa Mukuru Accra mu gitondo!-->!-->!-->!-->!-->…
Tanzaniya: Lazalo Nyalandu yabujijwe kwambuka umupaka ajya muri Kenya.
Lazalo Nyalandu wahoze ari Minisitiri w'umutungo kamere n'ubukerarugendo muri Tanzaniya, yabujijwe kwambuka umupaka wa Namanga uhuza Kenya na Tanzaniya, umunsi umwe uwari Depite Godbless Lema afatiwe muri Kenya ari gushaka ubuhungiro.
!-->!-->!-->!-->…
Russia: Umusirikare ari guhigwa bukware nyuma yo kwica bagenzi be batatu
Abakora iperereza mu Burusiya bavuga ko bari gushakisha umusirikare ukekwaho kwicisha ishoka mugenzi we akanica abandi babiri abarashe, mu kigo cya gisirikare kiri mu majyepfo y'igihugu.
Uyu musirikare wishe bagenzi be yitwa Anton!-->!-->!-->!-->!-->…
Abantu babiri baguye mu mpanuka yabereye i Save mu Majyepfo abandi barakomereka
Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere tariki 09 Ugushyingo 2020, ikamyo yaturukaga i Huye yagonze imodoka itwara ibicuruzwa bya Enterprise Urwibutso, uwari kumwe na shoferi ahita apfa, undi apfa ageze kwa muganga.
Bamwe mu bayibonye!-->!-->!-->!-->!-->…
Masamba yahishuye uburyo aterekera buri gihe mbere y’uko atangira igitaramo
Bwana MASAMBA INTORE yavuze ko buri gihe mbere y'uko atangira igitaramo abanza agaterekera ise Sentore kandi bikagenda neza.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu ubwo yari mu kiganiro kuri Radio Kiss FM bwana MASAMBA Intore uzwi cyane!-->!-->!-->!-->!-->…
Umukaridinali wo muri Cameroun yashimushwe n’abitwaje intwaro
Ejo kuwa kane, abitwaje intwaro baharanira ubwigenge bw'agace ko muri iki gihugu bashimuse Karidinali Christian Tumi wo muri Cameroun ari nawe gusa iki gihugu kigira.
Amakuru Musenyeri George Nkuo umushumba wa diyoseze ya Kumbo mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Musanze:Abadepite bagize impungenge ku buryo bwo kwirinda COVID-19 basanze mu bigo by’amashuri kuko…
Nyuma y'uko amashuri yo ngeye gufungerwa yari yarahagaritswe ni icyorezo cya Covid-19, Abadepite bagize impungenge ku buryo bwo kwirinda COVID-19 basanze mu bigo binyuranye by’amashuri yo mu Murenge wa Gacaca mu Karere a Musanze, nyuma yo!-->…
RDC: Miliyoni zirenga 150$ zari zigenewe guhemba abarimu zahiriye mu bwato.
Ubwato bukoresha moteri bwari butwaye miliyoni 300 z’amafaranga ya Congo ($153,112,20) yari agenewe guhemba abarimu bo mu Ntara ya Equateur muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bwafashwe n’inkongi n’ayo mafaranga yose!-->!-->!-->…
Gatsibo: Abana 85 bari barataye ishuri bafatiwe mu isoko basubizwa mu ishuri
Nyuma y'uko amashuri yongeye gusubukura hari aho abana banze guhita basubira yo kuko hari abari baramaze kwishora mu mirimo ibaha amafranga, Mu Murenge wa Ngarama mu Karere ka Gatsibo, mu gitondo cyo ku wa kabiri tariki 03 Ugushyingo 2020,!-->…
Gicumbi: Abantu batazwi bakomeje gusenya isoko rya Gaseke.
Isoko rya Gaseke riherereye mu Murenge wa Mutete mu Karere ka Gicumbi, rikomeje kwangirika mu gihe abaricururizamo n’abarituriye bavuga ko atari ugusaza ahubwo ko ari abarisenya bashaka ibyuma byo kujya kugurisha.
Iri soko!-->!-->!-->!-->!-->…
Amashuri abanza n’ayisumbuye yasubukuye amasomo, ingingo y’abanyeshuri 23 mu ishuri…
Kuri uyu wa mbere taliki 02 Ugushyingo amashuri abanza n’ayisumbuye hirya no hino mu gihugu yasubukuye amasomo nyuma y’amezi hafi 8 abanyeshuri bari mu rugo kubera Covi-19.
Ku mashuri menshi mu gihugu, abana bitabiriye amasomo!-->!-->!-->!-->!-->…