Browsing Category
Izindi nkuru
Robert Fisk, umunyamakuru wakoranye ibiganiro bitatu na Osama Bin Laden, yapfuye.
Umunyamakuru Robert Fisk wari ufite imyaka 74 yapfuye, mu bikekwa ko yazize ikibazo cyo gucika k'udutsi two mu bwonko.
Ikinyamakuru Irish Times dukesha iyi nkuru kiravuga ko kuwa gatanu yajyanywe mu bitaro mu mujyi wa i Dublin ari!-->!-->!-->!-->!-->…
Ubufaransa: Batatu bicishijwe icyuma mu mujyi wa Nice.
Polisi y'Ubufaransa yatangaje ko abantu batatu bishwe batewe icyuma mu gitero k'iterabwoba cyabereye kuri Bazirika ya Notre-Dame mu mujyi wa Nice.
Mayor w'umujyi wa Nice Christian Estrosi, yavuze ko buri kintu cyose kigaragaza ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Amateka ya Rukara rwa Bishingwe, umurashi wishe umuzungu Rugigana
Amateka ya Rukara rwa Bishingwe abenshi bakunze kuyafata nk’umugani cyangwa igitekerezo kandi yarabayeho.Uretse bamwe mu bakirigitananga-nyarwanda nka Sebatunzi bacuranze amateka ye, bamwe mu banditsi b’amateka nabo bamwanditseho mu!-->!-->!-->…
Imodoka zakoze zigurishwa muri Afrika zangiza ibidukikije mu buryo bukomeye
Raporo y'ishami rya ONU rishinzwe ibidukikije (UNEP) igaragaza ko Miliyoni nyinshi z'imodoka zihumanya ikirere bikabije ziva mu bihugu bikize ziri "kujugunywa" mu bihugu biri mu nzira y'amajyambere.
Iyi raporo ivuga ko Hagati ya!-->!-->!-->!-->!-->…
Muri Pologne bafunze imihanda bamagana icyemezo cy’urukiko rwaciye burundu gukuramo inda
Ku munsi wa gatanu w'imyigaragambyo yo kwamagana icyemezo cy'urukiko rusa nkaho rwaciye burundu gukuramo inda, abigaragambya bafunze imihanda mu mijyi igera hafi kuri 50 mu gihugu bamagana iki kemezo.
Iyi myigaragambyo ifatwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Habonetse amazi ku kwezi bitanga ikizere cyo guturayo
Ikigo cy'ubushakashatsi mu isanzure cya leta ya Amerika, NASA, cyatangaje ibimenyetso ntakuka by'"ubuvumbuzi bushya butangaje" bw'amazi ari ku nyenyeri yacu, ukwezi.
Uku "kuboneka kudashidikanywaho kw'amazi" kuzatanga icyizere ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Cameroun: Abitwaje intwaro bateye ikigo cy’amashuli bica abana 6, abandi barakomereka
Ejo kuwa gatandatu Abantu bitwaje intwaro bateye ishuli ryigenga rya Mother Francisca ryo mu karere ka Kumba gasanzwe kagaragaramo imvururu, bica abanyeshuli batandatu abandi barakomereka.
Abayobozi b'Akarere ka Kumba kari mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Lee Kun-hee wari Perezida wa Samsung Electronics, yitabye Imana
Lee Kun-hee wari Perezida w'icyubahiro w'uruganda rwa Samsung rukora ibikoresho by'ikoranabunga n'ibindi bitandukanye yitabye Imana kuri iki cyumweru ku myaka 78.
Kuva mu 2014, uyu mugabo Kun-Hee ntiyari akigaragara mu bikorwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Umuhanda wa kaburimbo Ngoma-Bugesera-Nyanza uzoroshya ubuhahirane
Abaturage bo mu Karere ka Nyanza mu Ntara y’Amajyepfo bategerezanyije amatsiko umuhanda wa kaburimbo ugiye kubakwa mu Karere kabo, ngo bakaba biteguye kuwubyaza umusaruro kuko ubuhahirane buziyongera.
Babitangaje ku wa Kane tariki!-->!-->!-->!-->!-->…
Rusizi: Abantu 10 bakekwaho gutera inda abangavu batawe muri yombi
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha mu karere ka Rusizi, rwataye muri yombi abagabo 10 bakekwaho gusambanya abana b’abakobwa bakabatera inda.
Aba bagabo batawe muri yombi bari mu kigero kiri hagati y’imyaka 19 na 36 y’amavuko mu gihe!-->!-->!-->!-->!-->…
Tanzaniya yahawe inkunga yo kugura ibikoresho byo kuzimya umuriro ku musozi wa Kilimandjalo
Tanzaniya yahawe inkunga yo kugura ibikoresho byo kuzimya umuriro ku musozi wa Kilimandjalo
Ambasade y’Ubushinywa yahaye Ikigo k’ikigihu gishinzwe amaparike muri Tanzaniya inkunga ya miliyoni 150 z'Amashiringi ya Tanzaniya (angana!-->!-->!-->!-->!-->…
RUSESABAGINA arongera afungwe indi minsi 30 y’agateganyo
Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwemeje ubusabe bw’Ubushinjacyaha bwo kongera igihe cy’iminsi 30 y’ifungwa ry’agateganyo rya Paul Rusesabagina ukurikiranyweho ibyaha 13 birimo iby’iterabwoba.
Amakuru dukesha igihe.com aravuga ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Akarere kageneye ibikoresho by’ibanze Umuryango uherutse kubyara impanga 3 zisanga…
Akarere ka Nyanza gafatanije n'ibitaro by'akarere bageneye inkunga y'ibikoresho by'ibanze umubyeyi uherutse kubyara impanga z'abana 3 basanga abandi bana barindwi b'uyu muryango.
Kuri uyu wa gatanu taliki ya 23 Ukwakira 2020 mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Hatangijwe igeregeza ryo gushyira ingo z’abanyarwanda mu byiciro bishya by’ubudehe
Abaturage basobanurirwa ibyiciro bishya mbere yuko babijyamo
Kuri uyu wa Kane tariki 22 mu Karere ka Nyarugenge no mu gihugu hose muri rusange, hatangijwe igeregeza ryo gushyira ingo z’abanyarwanda mu byiciro bishya by’ubudehe,!-->!-->!-->!-->!-->…
Abaturage barashimira Leta yemeye kumva akababaro kabo ikagabanya ibiciro by’ingendo.
Nyuma y'aho Leta ifashe umwanzuro wo kugabanya ibiciro by'ingendo byari biherutse gushyirwaho na RURA, bamwe mu baturage barashimira leta kuba yumvise amarira n'akababaro byabo.
Ku itangazo ry'ikigo RURA kigenzura imirimo imwe!-->!-->!-->!-->!-->…