Browsing Category
Izindi nkuru
Geoges Bizos waburaniye Nelson Mandela ni muntu ki?
Georges Bizos waburaniye Nyakwigendera Nelson Mandela yari umwe mu banyamategeko bakomeye mu gihugu cya Afrika y'epfo
George Bizos yavukiye mu Bugereki ariko ajya muri Afurika y'epfo afite imyaka 13 ari impunzi ahunze intambara ya!-->!-->!-->!-->!-->…
Umugore witwa CHADIWA w’imyaka 42 yadonzwe n’inkoko arapfa.
inkoko yibasiye umugore witwa Chandapiwa Makaza wari atuye mu mudugudu wa Chingodora mu gihugu cya Zimbabwe, aho yaje gupfa azize ibikomere yagize kubera icyo gitero giteye ubwoba.
Amakuru avuga ko Chandapiwa Makaza ufite imyaka 42,!-->!-->!-->!-->!-->…
Zambia: Perezida wa Zambiya “Edgar Lungu” ari mu bababajwe n’ifi yitwa…
Abanyazambiya bamwe bari mu gahinda kubera urupfu rw'ifi nini yabaga mu kizenga kiri muri kaminuza ya leta nini kurusha izindi, Copperbelt University (CBU).
Iyi fi bahaga akabyiniriro ka Mafishi yatumye Perezida Edgar Lungu!-->!-->!-->!-->!-->…
Mandela Foundation yasubije ku biri mu gitabo byitiriwe Perezida Trump
Umuryango Nelson Mandela Foundation ugamije kubungabunga umurage w'uyu wabaye Perezida wa mbere w'umwirabura w'Afurika y'epfo wasubije ku magambo yitiriwe Perezida Donald Trump w'Amerika.
Ayo magambo bivugwa ko yavuzwe na Bwana!-->!-->!-->!-->!-->…
Kigali: Mu karere ka Gasabo habereye Impanuka ku Gisozi yahitanye abantu babiri abandi bantu…
Mu Mujyi wa Kigali mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Gisozi habereye impanuka kuri uyu wa Kabiri tariki 08 Nzeri 2020 ihitana abantu babiri.
Iyo mpanuka yabereye mu gace gaherereyemo Agakiriro ka Gisozi. Ababibonye bavuga ko mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Gatsibo: Nyuma yo gukora igikorwa cy’ubutwari, Sylvia yashimiwe azamurwa mu ntera
Inama y’umutekano itaguye y’Akarere ka Gatsibo, yafashe icyemezo cyo kuzamura mu ntera umukozi w’urwego rufasha uturere mu by’umutekano Dasso witwa Uwihagurukiye Sylivia, uherutse gutoragura umwana wari umaze iminsi ine avutse!-->!-->!-->…
Isazi yakoreye agashya umugabo ituma atwika inzu ye agiye kuyica!
Umugabo wo mu Bufaransa yatwitse igice cy'inzu ye mu gihe yageragezaga gukubita ngo yice isazi
Uwo mugabo w'ikigero cy'imyaka 80 yari agiye gufata ifunguro rye rya nimugoroba, ariko isazi yariho igendagenda aho nayo ishaka gufata!-->!-->!-->!-->!-->…
Insigamugani: Yazindutse iya marumba!
Uyu mugani baca ngo “yazindutse iyamarumba”, bawuca iyo babonye umuntu yaciye ijoro mo kabiri azinduwe n’ikimubangamiye; ni bwo bavuga ngo “naka yazindutse iyamarumba”. Wakomotse kuri Marumba w’i Kageyo mu Cyingogo ahahoze ari!-->…
Amajyepfo:Bafashwe basengera ahobise mu butayu barenze ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19
Hirya no hino mu gihugu usanga hunvikana inkuru z'abantu bajya gusenga nyamara ukumva ngo bahise mu butayu mugihe Imana ibera hose icyarimwe, ibi bikomeje kwibazwaho na benshi impamvu abantu barenga ku mabwiriza yo kurengera ubuzima bwabo!-->…
Kigali: Inkongi y’umuriro itaramenyekana icyayiteye yibasiye City Valley Motel n’isoko riyegereye
Mu masaha ya saa sita z’amanywa kuri iki Cyumweru tariki ya 06 Nzeri 2020, igice cya Motel City Valley hamwe n’isoko ry’ibiribwa byegeranye mu Murenge wa Muhima mu Karere ka Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali, byafashwe n’inkongi y’umuriro.
!-->!-->!-->…
Nyagatare: Iyubakwa ry’umuhanda Kanyinya-Kagitumba wari waradindiye ugiye gutangira kubakwa
Umuyobozi w’Akarere ka Nyagatare Mushabe David Claudian, avuga ko ibikorwa byo gukora umuhanda wa kaburimbo yoroheje Nyagatare-Kanyinya-Kagitumba bigiye gutangira, kuko imbogamizi zari zihari zavuyeho.
Abitangaje mu gihe uyu muhanda!-->!-->!-->…
AMERIKA: Amafoto ateye ubwoba y’ubukwe y’abageni ya tigishije isi y’ubukwe bwabo…
Umugeni ufite umutima ukomeye yarekuye ikiganza cy’umugabo we bahagaze ku manga ndende,afotorwa asa nk’uwahanutse nubwo amakuru avuga ko hari ukuntu bari bafite ikibateze.
Uyu mukwe n’umugeni bifotoreje ku manga ireshya na metero 579 ku!-->!-->!-->…
Haravugwa ihangana hagati ya La Liga n’umuryango wa Lionel Messi
Jorge Messi ise wa Lionnel MESSI akaba ari nawe umuhagarariye mu mategeko yandikiye urwandiko ruvuga ko amasezerano ya Messi muri FC Barcelona yarangiranye n’umwaka wa 2019/2020 mu gihe L Liga ivuga ko amasezerano agikomeje
Nyuma!-->!-->!-->!-->!-->…
Rwanda: Bamwe mu barimu batangiye kwishakira akandi kazi
Bamwe mu barimu bo mu Rwanda batangiye kwishakira ibindi bakora mu gihe Leta itaravuga igihe amashuri azafungurira.
Nyuma y'aho ku italiki 14 Werurwe 2020 mu Rwanda hagaragaye umurwayi wa mbere wa virusi ya Corona, bwakeye Leta!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Gitifu w’akagari n’umugabo we barashinjwa gukubita umwana icyuma
Gitifu w'akagali ka Gahondo mu murenge wa Busasamana mu Karere ka Nyanza we n'umugabo barashinjwa gukubita umwana witwa Nuuru bamuziza ubujura.
Kanyawera Nuuru utuye mu mudugudu wa Kamatovu, mu Kagari ka Gahondo mu murenge wa!-->!-->!-->!-->!-->…