Browsing Category
Izindi nkuru
U Rwanda rwaje ku rutonde rw’ibihugu RDC ifitiye umwenda usanga miliyoni $
Banki Nkuru ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, BCC, yasohoye inyandiko yayo y’imari yanakorewe igenzura yo kugeza ku wa 31 Ukuboza 2019, igaragaza imyenda ifite n’abo iyifitiye, biza kugaragara ko harimo n’u Rwanda.
Iri genzura!-->!-->!-->!-->!-->…
Ubutumwa bwa Prezida Paul Kagame ku munsi mpuzamahanga wa mwalimu
Prezida Kagame yifurije umunsi mwiza abarimu ndetse ababutsa ko ababyeyi n'abana bishimira serivisi za mwalimu.
Kuri uyu wa mbere taliki ya 5 Ukwakira 2020, u Rwanda ndetse n'isi yose muri rusang irizihiza umunsi mukuru wa mwalimu,!-->!-->!-->!-->!-->…
Ministeri y’ubuzima yateye utwatsi iifuzo cy’abanyonzi basabaga gukora nta gapfukamunwa
Mu gihe abanyonzi bagaragaza ko gutwara igare wambaye agapfukamunwa bibabangamira mu guhumeka bitewe n’uko bakora akazi gasaba ingufu, bakifuza ko bahabwa uburenganzira bwo kutakambara, Minisiteri y’Ubuzima iratangaza ko nta yandi!-->!-->!-->…
Russia: Umuyobozi w’ikinyamakuru SLAVINA yitwikiye imbere ya ministeri y’umutekano
Uwari umuyobozi w’ikinyamakuru kigenga cyitwa Koza Press mu Burusiya, Irina Slavina, yapfuye yiyahuriye imbere y’ishami ry’ibiro bya Minisiteri ishinzwe umutekano w’imbere mu gihugu mu mujyi wa Nizhny Novgorod.
Kuri uyu wa Gatanu!-->!-->!-->!-->!-->…
Nta munyeshuri wa Kaminuza y’u Rwanda uzongera kwiga aba muri Ghetto
Ubuyobozi bwa Kaminuza y'u Rwanda bwatangaje ko nta munyeshuri uziga yicumbikira muri za Ghetto mu gihe bazaba bemerewe gutangira.
Kuri uyu wa gatanu za ministeri zitandukanye zakoranye ikiganiro n'itangazamakuru, mu rwego rwo!-->!-->!-->!-->!-->…
Meteo Rwanda yaburiye Abantu ko kuno kwezi kwa 10 hazagwa imvura nyinshi irimo n’umuyaga…
Ikigo k’Igihugu k’iteganyagihe Meteo Rwanda cyatangaje ko igice cya mbere cy’ukwezi k’Ukwakira 2020 (hagati y’itariki ya 1 n’iya 10) mu Rwanda hateganyijwe imvura iri hagati ya mirimetero 10 na 80.
Imvura iteganyijwe izaturuka ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Malawi: Hari agace aho abana b’abakobwa babanza gusambanywa n’abasaza ngo babasukure mu…
Mu muco w’iwacu ntibisanzwe ndetse hari abo byagora kubyumva batabanje gusoma iyi nyandiko, ariko mu gace ka Nsanje kari mu majyepfo ya Malawi barabizi, barabyumva ndetse babigusobanurira ukabyumva, kuko ni wo muco wabo; ni bwo buzima!-->!-->!-->…
Imbwakazi yemeye kubwagaguza abana b’intare banzwe na nyina.
Muri Pariki yitiriwe “Intare Zera” iherereye mu gace ka Kiparisovo, Umujyi wa Vladivostok wo mu Burusiya, intare yahimbwe Sirona yabwaguye ibibwana bibiri ihita ibyanga, yanga no kubyonsa.
Iyo ntare yagaragaye mu mashusho ihinda!-->!-->!-->!-->!-->…
Umunya Ghana Jacky Appriah arahakana amakuru yavugaga ko atwite inda ya Prezida wa Liberia
Umukinnyi wa filime wo mu gihugu cya Ghana yateye utwatsi amakuru yari amze iminsi avuga ko atwite inda ya prezida wa Liberia bwana Georges Weah.
Mu minsi mike ishize ku mbuga nkoranyambaga nka instagram hakwirakwijwe inkuru ivuga!-->!-->!-->!-->!-->…
Umunya Ecosse Philipe Cotton uyobora kaminuza y’u Rwanda yahawe ubwenegihugu bw’u Rwanda
Umuyobozi wa Kaminuza y’u Rwanda (UR), Prof. Phillip Cotton, yahawe ubwenegihugu bw’u Rwanda nyuma y’imyaka itanu ayiyobora.
Cotton amaze igihe mu Rwanda kuko na mbere yo kuyobora iyi kaminuza, yari asanzwe akurikiye Ishuri!-->!-->!-->!-->!-->…
Gatsibo: Ibitaro bya Ngarama birishyuzwa asaga miriyoni 300
bitaro bya Ngarama biherereye mu Karere ka Gatsibo mu ntara y’Iburasirazuba, biravugwamo ideni ry’amafaranga asaga miriyoni 300 bifitiye ba rwiyemezamirimo n’ibigo bya Leta. Hiyongeraho n’ikibazo cy’abakozi bari mu kazi mu buryo!-->!-->!-->…
Kayonza: Polisi yagaruje ibiro birenga 110 by’amabuye y’agaciro byari byibwe
Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’izindi nzego z’umutekano zikorera mu karere ka Kayonza bagaruje ibiro birenga 110 by’amabuye y’agaciro aherutse kwibwa mu kirombe cy’amabuye y’agaciro giherereye mu murenge wa Ruramira, Akagari ka!-->!-->!-->…
Itsinda rya 18 ry’abaganga b’Abashinwa bageze muri Zimbabwe gufasha gihugu kurwanya…
Itsinda ry'abaganga 10 b'Abashinwa bageze muri Zimbabwe mu gufasha iki gihugu kurwanya icyorezo cya coronavirus.
Bagiye gukorera mu itsinda ry'ibitaro bizwi nka Parirenyatwa Group of Hospitals, aho bazamara igihe cy'amezi 12, nkuko!-->!-->!-->!-->!-->…
Hayley yabaze inkuru y’uburyo yaguye igihumure mu gihe yari ari gusezerana imbere…
Umugore witwa Hayley Hale w’ahitwa Rhymney Valley yaguye igihumure ata ubwenge ubwo yari amaze kurahirira kubana akaramata n’umugabo we Matthew Hale.
Hayley umubyeyi w'abana babiri, bivugwa ko yari amaze igihe k'imyaka 10 yose!-->!-->!-->!-->!-->…
Rwarutabura Rayon Sport aragereranya Sadate n’imboga mbi zari zaranze kuva mu nkono
Umufana wa Rayon Sports uzwi kurusha abandi mu Rwanda Rwarutabura yavuze ko kuba Munyakazi Sadate yaravuye muri Rayon bishimishije n’ubwo byabanje kugorana. Kuri we, bimeze nk’uko imboga mbi zava mu nkono n’ubwo biba bitoroshye!
Mu!-->!-->!-->!-->!-->…