Browsing Category
Izindi nkuru
Wardha w’imyaka 12 wari umaze gupfa yazutse ubwo bamwozaga kugira ngo bamushyingure
Umukobwa w’imyaka 12 witwa Siti Masfufah Wardah yashyizwe mu buruhukiro bw’ibitaro nyuma y’aho abaganga bavuze ko yapfuye ariko ubwo yarimo kozwa agiye gushyingurwa yakangutse abari baje kumushyingura bagwa mu kantu ariko nyuma yaje!-->!-->!-->…
Amashirakinyoma ku irengero rya Marie Michelle UMUHOZA wari umuvugizi wa RIB bivugwa ko yahungiye…
Urwego rw'ubugenzacyaha mu Rwanda RIB rwakuyeho urujijo ku irengero rya Marie Michelle UMUHOZA wari umuvugizi w'urwo rwego umaze iminsi atagaragara.
Hashize iminsi zimwe mu mbuga nkoranyambanga ndetse no mu binyamakuru byandikirwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Burundi: Abagabo babiri bateze abagore babo ku mukino wa PSG na Bayern Munich
Abagabo babiri bo mu gihugu cy'Uburundi mu ntara ya Makamba bafana amakipe abiri agiye guhurira ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League ariyo Paris Saint Germain na Bayern Munich bandikiranye urwandiko bavuga ko utsinda undi!-->!-->!-->…
Nyanza:Mwalimu Jean Marie Vianney yibye umuzungu
Arimo arashakishwa n'ubushinjacyaha bw'u Rwanda kuko akekwaho icyaha cyo kuba yaribye ibikoresho byose bya Bar y'umuzungu witwa Serge Dega utuye mu Karere ka Nyanza.
Ku mugoroba wo kuri iyi tariki ya 22 kanama 2020 nibwo umunyamakuru!-->!-->!-->…
Kigali: Ibikoresho bifite agaciro ka miliyoni 400 byatikiriye mu igaraje
Iyi mpanuka yabaye ahagana saa sita z’amanywa kuri uyu wa Gatandatu, mu mudugudu wa Karuruma, Akagari ka Kabuye mu murenge wa Jabana muri Gasabo igaraje ry’umugabo witwa Murwanashyaka ryahiye rirakongoka. Hahiriyamo ibifite agaciro!-->!-->!-->…
Huye: Hatangijwe ubukangurambaga bwo gushishikariza abantu kwirinda gucukura amabuye mu buryo…
Mu Karere ka Huye hatangijwe ubukangurambaga bushishikariza abaturage kwirinda ubucukuzi bw'amabuye mu buryo bwa magendu
Umuyobozi w'Akarere ANGE SEBUTEGE ari kumwe n'abagize inama y'umutekano itaguye y'Akarere bari mu bikorwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Harry Maguire kapiteni wa Manchester United yatawe muri yombi nyuma yo gukubita umupolisi
Kapiteni wa Manchester United, Harry Maguire, yatawe muri yombi kuri uyu wa Gatanu nyuma yo gukubita umupolisi ku kirwa cya Mykonos mu Bugereki.
Itangazamakuru ryo mu Bugereki ryatangaje ko Harry Maguire yatawe muri yombi ubwo yari!-->!-->!-->!-->!-->…
Huye: Undi mwana w’imyaka 16 yaraye arohamye mu cyuzi cya Kadahokwa arapfa
Undi mwana wari ufite imyaka 16 y'amavuko nawe yaraye arohamye mu cyuzi cya Kadahokwa ubwo yari arimo kwidumba na bagenzi be.
Amakuru y'urupfu rw'uno mwana yamenyekanye ku munsi w'ejo ku wa kane taliki ya 20 Kanama atanzwe na!-->!-->!-->!-->!-->…
Kim Jong Un yazamuye mushiki we mu ntera
Perezida Kim Jong Un umaze imyaka icyenda ayobora Korea ya Ruguru, yahaye mushiki we, Kim Yo Jong, ububasha bwo kuyobora ‘imwe mu mirimo rusange y’igihugu’, nk’uko byatangajwe n’Ibiro by’ubutasi bya Korea y’Epfo.
Amakuru avuga ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Ministre SHYAKA na guverineri basuye abaturage bashishikariza babashishikariza gukunda…
Ministre w'ubutegetsi bw'igihugu Bwana Pr Shyaka Amnastase aherekejwe na guverineri w'intara y'amagepfo na meya w'Akarere ka Nyanza, ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatu taliki ya 19 Kanama basuye imirenge ibiri yo muri ako Karere ka!-->!-->!-->…
Nyanza: Ministre wa Sport yasuye Akarere ka Nyanza byongera ikizere ku ikipe ya Nyanza FC
Meya Erasme yasobanuriye ministre wa sport imishinga ya siporo inyuranye iteganijwe gukorwa mu Karere ka Nyanza bituma ikizere ko ikipe ya Nyanza yemererwa gukina mu kiciro cya kabiri kizamuka
Kuri uyu wa gatatu taliki ya 19 Kanama!-->!-->!-->!-->!-->…
Dore ibihug 10 aho gusomana cyangwa guhoberana mu ruhame ari icyaha
Nubwo benshi bavuga ko guhoberana cyangwa gusomana ari ikintu kiza ku buzima bw'umuntu, ndetse bamwe na bamwe mu bihugu bitandukanye bakabikorera mu ruhame, ariko hari ibindi bihugu aho gusomana cyangwa guhoberana mu ruhame ari icyaha!-->!-->!-->…
Regis Muramira arasanga APR FC idafite ubushobozi bwo gutwara igikombe cya Champions league Nyafrika
Bwana Regis MURAMIRA uzwi cyane mu itangazamakuru rya Sport hano mu Rwanda yatangaje ko Ikipe ya APR FC idashobora gutwara igikombe cy'amakipe yabaye aya mbere iwayo muri Afrika nubwo aribyo ikeneye bwose.
Nyuma y'aho visi prezida!-->!-->!-->!-->!-->…
Amerika yafatiriye imitungo y’Abagande 4 bahamijwe icyaha cy’ubucuruzi bw’abana.
Leta zunze ubumwe za Amerika zafatiriye imitungo y'abagande bane bahamijwe n'urukiko icyaha cyo gucuruza abana.
Nk’uko minisiteri y’imari y’Amerika ibitangaza, aba baturage ba Uganda bane ni abacamanza babiri, Mukiibi Moses na!-->!-->!-->!-->!-->…
Musanze: Inkongi y’umuriro yibasiye inzu ikorerwamo ubucuruzi hangirika byinshi
Mu mugi wa Musanze inkongi y'umuriro yibasiye inzu zikorerwamo ubucuruzi hangirika ibintu bifite agaciro karenga miliyoni ijana.
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere mu mujyi wa Musanze, inzu y’ububiko bw’ibicuruzwa, yibasiwe!-->!-->!-->!-->!-->…