Browsing Category
Izindi nkuru
Gatsibo: Nyuma yo gukora igikorwa cy’ubutwari, Sylvia yashimiwe azamurwa mu ntera
Inama y’umutekano itaguye y’Akarere ka Gatsibo, yafashe icyemezo cyo kuzamura mu ntera umukozi w’urwego rufasha uturere mu by’umutekano Dasso witwa Uwihagurukiye Sylivia, uherutse gutoragura umwana wari umaze iminsi ine avutse!-->!-->!-->…
Isazi yakoreye agashya umugabo ituma atwika inzu ye agiye kuyica!
Umugabo wo mu Bufaransa yatwitse igice cy'inzu ye mu gihe yageragezaga gukubita ngo yice isazi
Uwo mugabo w'ikigero cy'imyaka 80 yari agiye gufata ifunguro rye rya nimugoroba, ariko isazi yariho igendagenda aho nayo ishaka gufata!-->!-->!-->!-->!-->…
Insigamugani: Yazindutse iya marumba!
Uyu mugani baca ngo “yazindutse iyamarumba”, bawuca iyo babonye umuntu yaciye ijoro mo kabiri azinduwe n’ikimubangamiye; ni bwo bavuga ngo “naka yazindutse iyamarumba”. Wakomotse kuri Marumba w’i Kageyo mu Cyingogo ahahoze ari!-->…
Amajyepfo:Bafashwe basengera ahobise mu butayu barenze ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19
Hirya no hino mu gihugu usanga hunvikana inkuru z'abantu bajya gusenga nyamara ukumva ngo bahise mu butayu mugihe Imana ibera hose icyarimwe, ibi bikomeje kwibazwaho na benshi impamvu abantu barenga ku mabwiriza yo kurengera ubuzima bwabo!-->…
Kigali: Inkongi y’umuriro itaramenyekana icyayiteye yibasiye City Valley Motel n’isoko riyegereye
Mu masaha ya saa sita z’amanywa kuri iki Cyumweru tariki ya 06 Nzeri 2020, igice cya Motel City Valley hamwe n’isoko ry’ibiribwa byegeranye mu Murenge wa Muhima mu Karere ka Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali, byafashwe n’inkongi y’umuriro.
!-->!-->!-->…
Nyagatare: Iyubakwa ry’umuhanda Kanyinya-Kagitumba wari waradindiye ugiye gutangira kubakwa
Umuyobozi w’Akarere ka Nyagatare Mushabe David Claudian, avuga ko ibikorwa byo gukora umuhanda wa kaburimbo yoroheje Nyagatare-Kanyinya-Kagitumba bigiye gutangira, kuko imbogamizi zari zihari zavuyeho.
Abitangaje mu gihe uyu muhanda!-->!-->!-->…
AMERIKA: Amafoto ateye ubwoba y’ubukwe y’abageni ya tigishije isi y’ubukwe bwabo…
Umugeni ufite umutima ukomeye yarekuye ikiganza cy’umugabo we bahagaze ku manga ndende,afotorwa asa nk’uwahanutse nubwo amakuru avuga ko hari ukuntu bari bafite ikibateze.
Uyu mukwe n’umugeni bifotoreje ku manga ireshya na metero 579 ku!-->!-->!-->…
Haravugwa ihangana hagati ya La Liga n’umuryango wa Lionel Messi
Jorge Messi ise wa Lionnel MESSI akaba ari nawe umuhagarariye mu mategeko yandikiye urwandiko ruvuga ko amasezerano ya Messi muri FC Barcelona yarangiranye n’umwaka wa 2019/2020 mu gihe L Liga ivuga ko amasezerano agikomeje
Nyuma!-->!-->!-->!-->!-->…
Rwanda: Bamwe mu barimu batangiye kwishakira akandi kazi
Bamwe mu barimu bo mu Rwanda batangiye kwishakira ibindi bakora mu gihe Leta itaravuga igihe amashuri azafungurira.
Nyuma y'aho ku italiki 14 Werurwe 2020 mu Rwanda hagaragaye umurwayi wa mbere wa virusi ya Corona, bwakeye Leta!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Gitifu w’akagari n’umugabo we barashinjwa gukubita umwana icyuma
Gitifu w'akagali ka Gahondo mu murenge wa Busasamana mu Karere ka Nyanza we n'umugabo barashinjwa gukubita umwana witwa Nuuru bamuziza ubujura.
Kanyawera Nuuru utuye mu mudugudu wa Kamatovu, mu Kagari ka Gahondo mu murenge wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Kigali: Abacururiza mu isoko rya Nyarugenge biyemeje ingamba nshya zo guhangana na COVID-19 nkuko…
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwasabye abakorera mu isoko rya Nyarugenge ryasubukuye imirimo kuri uyu wa Kane , kubahiriza ingamba zashyizweho zo kwirinda covid-19 kugirango icyatumye bafungirwa kitazongera kubaho.
Umujyi wa!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Abarimu bakoze ikizamini cy’akazi baragitsinzwe bikabije kugeza 85% none REB igiye gutanga ikindi…
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere Uburezi (REB), kiratangaza ko kiri gutegura gukoresha ibindi bizamini by’akazi ku barimu, nyuma y’uko abarimu 34,134 bangana na 85% by’abari bakoze bose batsinzwe ikizamini cy’akazi.http
!-->!-->!-->…
Umuhungu wa Rusesabagina yahamagariye abantu kumufasha kurwanirira ise uri mu maboko…
Nyuma yaho ku munsi w'ejo urwego rw'ubugenzacyaha mu Rwanda rugaragaje ko rwafashe bwana RUSESABAGINA Paul, kuri uyu munsi umuhungu we witwa Trésor RUSESABAGINA yatangaje ko yiteguye kurwana agakora ibishoboka byose kugira ngo azongere!-->!-->!-->…
Umunyamakuru Rubadiri niwe watsindiye igihembo Komla Dumor cya BBC World News
Victoria Rubadiri, umunyamakuru wo muri Kenya ukora inkuru zicukumbuye akanatangaza amakuru kuri televiziyo, ni we watsindiye igihembo cya '2020 BBC World News Komla Dumor Award'.
Rubadiri ni umunyamakuru kuri televiziyo ya Citizen!-->!-->!-->!-->!-->…
Kigali City market irafungurwa kuri uyu wa kane, kwa Mutangana harakomeza gufungwa
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko isoko rizwi nka “Kigali City Market” riherereye rwagati mu mugi, rizafungurwa ku wa Kane tariki 03 Nzeri 2020, mu gihe isoko rizwi nko Kwa Mutangana riherereye muri Nyabugogo rizakomeza!-->!-->!-->…