Browsing Category
Izindi nkuru
Burundi: 3 baciriwe igifungo k’imyaka 30 nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo gutera amabuye…
Abantu batatu harimo umugore umwe n'abagabo babiri bo mu Ntara ya Kayanza bakatiwe n'urukiko imyaka 30 y'igifungo nyuma yuko bahamijwe icyaha cyo gushaka guhitana prezida wa Repubulika bakosheje amabuye.
Aya makuru tuyakesha Radio!-->!-->!-->!-->!-->…
Umusaruro muke watumye JOSEPH HABINEZA avanwa ku buyobozi bwa ‘Radiant yacu’ yari…
Joseph Habineza wari umaze umwaka ayobora kiriya kigo, yavanywe kuri uriya mwanya mu cyumweru gishize nk’uko umuseke dukesha ino nkuru ibikesha abafite amakuru yizewe yo muri kiriya kigo cy’Ubwishingizi buciriritse.
Bivugwa ko inama!-->!-->!-->!-->!-->…
Menya Julia Pastrana umugore w’uburanga bubi ku isi wabenze abagabo barenga 20 bamwifuzaga
Julia PAstrana niwe mugore kugeza ubu wagize uburanga bubi ariko akaba yarabenze abasore n'abagabo barenga 20 bose bifuzaga kumugira umugore.
PASTRANA Julia ni umugore wakomokaga mu gihugu cya Mexico, yari umuhanzi akaba!-->!-->!-->!-->!-->…
Kenya: Parike ya Tsavo yugarijwe n’inkongi y’umuriro, hitabajwe igisirikare mu kuzimya
Igisirikare cya Kenya cyohereje ingabo muri Tsavo West National Park gufasha abazimya umuriro bari kugerageza kuva kuwa gatandatu ubwo umuriro ukomeye wongeye kwibasira iki cyanya.
Amafoto amwe yagaragajwe ku mbuga nkoranyambaga!-->!-->!-->!-->!-->…
MINEDUC na REB Zirashinjwa uburangare bigatuma hasohoka ibitabo byuzuyemo amakosa
Hakomeje kugaragara amakosa menshi mu bitabo bishyirwa hanze na ministeri y'uburezi, Bamwe mu babyeyi barasanga ari uburangare bwa MINEDUC na REB
Nyuma y'aho mu minsi ishize hagaragajwe amafuti ari ku gifuniko (cover) k'igitabo!-->!-->!-->!-->!-->…
India: Umuriro wadutse ahavurirwa abarwayi ba Coronavirus uhitana abagera ku 10
Uwo muriro wadutse kuri hoteli iri kwifashishwa by'agateganyo mu kuvura abarwayi ba Covid-19
Abarwayi batari munsi ya 10 bapfuye ubwo inkongi y'umuriro yadukaga ku bitaro byakira mu buryo bw'agateganyo abanduye Covid-19 byo mu mujyi!-->!-->!-->!-->!-->…
Alphonsine wari ufite ubukwe vuba yarohamye mu Kivu arapfa abo bari kumwe bose bararokoka.
Alphonsine wari ufite ubukwe muri uku kwezi kwa cumi ariko abo bari kumwe bose bararokoka.
Mu mper z'icyumweru gishize umukobwa witwa Alphonsine Tombola wari ufite ubukwe mu Ukwakira 2020, yarohamye mu Kivu ahita apfa. Urupfu rwa!-->!-->!-->!-->!-->…
RDC: Umusirikare uheruka kurasa abantu 14 yafashwe n’abaturage.
Umusirikare w’Ingabo za Congo Kinshasa (FARDC), uheruka kurasa ku baturage 14 bakitaba imana naho umunani bagakomereka, yafashwe n’irondo ry’abaturage kuri uyu wa Kane bamwitiranije n’umujura, bamushyikiriza ingabo za Congo.
Tariki!-->!-->!-->!-->!-->…
India: Indege yacitsemo kabiri, ihitana abantu 18
Mu gihugu cy'Ubuhinde, mu gace kazwi nka Kerala indege ya kompanyi Air India Express yacitsemo kabiri, abantu 12 bahasiga ubizima.
Abategetsi bavuga ko indege ya kompanyi Air India Express yari irimo abantu 190 yakoreye impanuka ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Ku myaka 96 ye y’amavuko Paterno yabonye diplome y’ikiciro cya mbere cya kaminuza
Umutaliyani Giuseppe Paterno wariho mu gihe cy’intambara ya kabiri y’isi yakuriye mu bukene bituma atiga. Ku wa gatanu tariki 07 Kanama 2020 afite imyaka 96, yasohoje kaminuza abona impamyabumenyi mu mitekerereze ya muntu, akaba ari we!-->!-->!-->…
Sobanukirwa amavu n’amavuko y’Umuganura, umunsi ukomeye mu mateka y’u Rwanda
Mu gihe buri wa 5 wa mbere w’ukwezi kwa Kanama, abanyarwanda bizihiza umunsi w’umuganura, abakuze bavuga ko gukomera kuri uyu muhango ari ugusigasira umurage w’u Rwanda kuko umuganura ukubiyemo indangagaciro zirimo kwishimira!-->!-->!-->…
A South Korean lawmaker has come under fire for her outfit. Her offense? She wore a dress
Ryu Ho-jeong wore a dress to South Korea's legislative assembly on Tuesday.
A barrage of online abuse directed at a South Korean lawmaker over her choice of attire has sparked a debate in the East Asian nation, where women have long!-->!-->!-->!-->!-->…
Ho-Jeong umudepite wo muri Koreya y’epfo yokejwe igitutu nyuma yo kugaragara yambaye agakanzu…
Depite Ryu Ho-Jeong yokejwe igitutu n’abakoresha imbuga nkoranyambaga muri Koreya y’Epfo nyuma y’amafoto ye yasakaye amugaragaza ari mu Nteko Ishinga Amategeko yambaye ikanzu ngufi.
Depite Ryu Ho-Jeong w’imyaka 28 ni we muto mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Sobanukirwa n’umunsi mpuzamahanga wa “BYERI” wizihijwe uyu munsi.
Ku nshuro ya 13 isi yizihije umunsi mukuru wa byeri
Uwa gatanu wa mbere wa buri kwezi kwa munani isi yizihiza umunsi mukuru wa byeri ku rwego rw'isi, uwo munsi watangiye kwizihizwa mu mwaka wa 2007 n'itsinda ry'abantu bagera kuri!-->!-->!-->!-->!-->…
Denise Coates niwe mugore uhembwa agatubutse ku isi
Denise Coates ukorera kompanyi y'amahirwe niwe mugore uhembwa amafranga menshi ku ishi.
Uno mugore DENISE COATES ukorera ikigo gicuruza imikino y'amahirwe izi nka betting yitwa Bet 365 niwe mugore uhembwa amafranga menshi ku isi,!-->!-->!-->!-->!-->…