Browsing Category
Izindi nkuru
Igihugu cya Cuba cyatangije icyumweru cyo kunamira prezida NKURUNZIZA Uherutse kwitaba Imana
Mu rwego rwo kwifatanya n'Abarundi, igihugu cya Cuba cyatangije iminsi yo kunamira prezida NKURUNZIZA Uherutse kwitaba Imana Hamanurwa amabendera mu gihugu cyose
Iminsi ibaye itanu uwari prezida w'igihugu cy'Uburundi yitabye Imana!-->!-->!-->!-->!-->…
Dosiye iregwamo Me Evode Uwizeyimana yarashyinguwe ntagikurikiranwe naho Dr munyakazi aracyakorwaho…
Dr Munyakazi Isaac we aracyakorwaho iperereza ku cyaha cya Ruswa
Me Evode Uwizeyimana wirukanwe ku mwanya w’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubutabera ushinzwe Itegeko Nshinga n'andi Mategeko, Ubushinjacyaha bwanzuye ko!-->!-->!-->…
Nyina wa Prezida NKURUNZIZA nawe ngo yaba amaze kwitaba Imana nyuma y’urupfu rw’umuhungu…
Amakuru afitiwe gihamya aremeza ko nyuma y'urupfu rwa Prezida Pierre NKURUNZIZA, mama we umubyara nawe yitabye Imana
Nyuma y'aho inkuru ibaye kimomo ko uwari Prezida w'U Burundi PIERRE NKURUNZIZA yitabye Imana azize indwara!-->!-->!-->!-->!-->…
J.Luc, Fuadi, Sidik, na Gicumbi bari bakunzwe cyane kuri Radio10 bamaze kwirukanwa
Abanyamakuru ba sport bari bakunzwe cyane kuri Radio10 bamaze kwirukanwa burundu nyuma yo kuvuga ko bakorera mu kwaha kwa Castar nawe wirukanywe
Amakuru afitiwe gihamya aravuga ko abanyamakuru bari bakunzwe cyane mu rubuga!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Ubuyobozi bw’Akarere buramagana amakuru yavugaga ko habonetse umurwayi wa Covid-19
Nyuma y'aho kuri uyu wa mbere amakuru yakomeje gucicikana hirya no hino avuga ko mu Karere Nyanza habonetse umurwayi wa Covid-19 kandi ko hari uduce tumwe na tumwe tutari nyabagendwa, ku mugoroba wo kuri uyu wa mbere taliki ya 8 Kamena!-->…
Bruxelles: Abarenga 10,000 bigaragambije bamagana akarengane gakorerwa abirabura
Ku gicamunsi cyo kuri iki cyumweru abantu basaga 10,000 bari mu mihanda y'I Buruseri bamagana urugomo n'ihohotera rikorerwa abirabura
Urupfu rw'umwirabura Georges Floyd uherutswe kwicwa bunyamaswa n'Umupolisi muri Leta Zunze ubumwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Musanze: Abagera kuri 51 bafashwe bica amabwiriza yo kwirinda Covid-19 barimo gusengera ku musozi…
Abantu 51 bafashwe mu masaha y’igicamunsi cyo kuri iki cyumweru tariki 07 Kamena 2020 basengera ku musozi witwa Ndabirambiwe uherereye mu Murenge wa Muhoza mu Kagari ka Cyabararika.
Abafashwe bahise bashyikirizwa Polisi station ya!-->!-->!-->!-->!-->…
Bwana UWIHOREYE yiyahuye nyuma yo kumenya ko uwo bari kuzarwubakana yarongowe n’undi mugabo
Umusore w'imyaka 24 y'amavuko yiyahuye arapfa nyuma yaho amenyeye ko umukobwa bateganyaga kurushinga yarongowe n'undi mugabo.
Bwana UWIHOREYE Jean Bosco w’imyaka 24 wari utuye mu Karere ka Musanze, Umurenge wa Murama akagari ka!-->!-->!-->!-->!-->…
Amashuri yigenga yashyiriwe inguzanyo idasanzwe”IRAMIRO” ngo babashe gufata neza…
Koperative Umwalimu Sacco, itangaza ko yatangije inguzanyo yiswe "IRAMIRO" igiye kujya igurizwa ibigo by’amashuri yigenga kugira ngo bishobore gukomeza guhemba abarimu muri iki gihe bagizweho ingaruka n’icyorezo cya coronavirus.
!-->!-->!-->!-->!-->…
USA:George Floyd yishwe kubera ivanguramoko!
Umunyamategeko wa George Floyd yabwiye abitabiriye umuhango wo kumusezeraho ko "icyorezo cy'irondabwoko" aricyo cyamwishe.
Abari bateraniye muri uwo muhango bahagaze bucece igihe cy'iminota 8 n'amasegonda 46, igihe bivugwa ko aricyo!-->!-->!-->…
Huye: Padiri yamaze gutabwa muri yombi kubera kurenga kumabwiriza yo kwirinda Covid-19 agasezeranya…
Padiri Witwa Ngomanzungu Joseph,wo muri paruwasi ya Rusatira iherereye mu karere ka Huye, umurenge wa Rusatira, akagari ka Kiruhura, yatawe muri yombi n’umugeni witwa Sibomana Pascal bazira gusezerana mu kiriziya kandi bitemewe kubera!-->…
Abamotari batangiye kucibwa amande ndetse hirya no hino mubyaro Abanyonzi bakomeje gukora kandi…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 3 Kamena 2020, ni bwo umunsi wari utegerejwe cyane ku batwara moto washyitse nyuma y’’iminsi ibiri usubitswe, bitewe n’ubwandu bushya bwa COVID-19 bwagaragaye mu Karere ka Rusizi.
Ni!-->!-->!-->!-->!-->…
CP John Bosco Kabera yasubije abibwiraga ko Abanyonzi bemerewe gutwara abagenzi uyu munsi.
Nyuma y’uko ibyemezo by’Inama y’abaminisitiri byemereye abamotari bo mu turere 28( ukuyemo Rusizi na Rubavu), gutwara abagenzi, hari abanyonzi bibajije uko bo bazamera kandi nabo akazi kabo gasa n’ak’abamotari. Polisi ibasaba kwihangana!-->…
Bidasubirwaho, iserukiramuco ryiswe The Giant of Africa(GOA) ryasubitswe kubera Covid-19
Isaerukiramuco ryahawe akazina ka Giants Of Africa byamaze gutangazwa ko ritakibaye kubera gukumira no kwirinda ikwirakwira rya coronavirus
Ubundi iryo serukiramuco ryagombaga kubera i Kigali ku wa 3 Kamena 2020 ariko kubera!-->!-->!-->!-->!-->…
Umugenzi yahoberanye ubwuzu Moto yari akumbuye cyane bitangaza abantu!
Ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye hakwirakwiriye ifoto y’umugenzi wagaragarije amarangamutima menshi ikinyabiziga cya Moto ubwo yari yongeye kuyurira nyuma y’amezi asaga 2 yari amaze atumva umunyega wayo.iyi foto ije isanga Save the date!-->…