Browsing Category
Izindi nkuru
Bamwe mu Banyamakuru bagaragaje urwango bafitiye EVODE UWIZEYIMANA
Abanyamakuru bamwe na bamwe bagiye bagaragaza urwango bari basanzwe bafitiye ministre Evode
Ku munsi w'ejo kuwa mbere imitwe y'ibinyamakuru byinshi bya hano mu Rwanda harimo n'iki ngiki indorerwamo.com byari bifite inkuru ivuga!-->!-->!-->!-->!-->…
DANIEL ARAP MOI wayoboye KENYA imyaka 24 yose yitabye Imana ku myaka 95
Umusaza DANIEL ARAP MOI wayoboye igihugu cya KENYA yaraye yitabye Imana mu rukerera rwo kuri uyu wa kabiri.
Amakuru y'urupfu rw'uyu mukambwe DANIEL TOROITICH ARAP MOI yamenyekanye mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri taliki ya 4!-->!-->!-->!-->!-->…
Tanzaniya: Abantu 20 bapfiriye mu rusengero ubwo babyiganiraga amavuta y’umugisha
Abantu bagera kuri 20 bapfiriye mu muvundo wo mu rusengero ubwo babyiganiraga kujya gufata ku mavuta y'umugisha
Abantu bagera kuri 20 bapfiriye mu muvundo wo mu rusengero mu gitondo cyo kuri iki cyumweru taliki ya 2/2/2020 muri!-->!-->!-->!-->!-->…
Igihugu cya Tanzaniya mu bihugu Abaturage bayo batemerewe guhabwa visa muri USA
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zashyize TANZANIYA ku rutonde rw'ibihugu abaturage bayo batemerewe guhabwa Visa yo kwerekeza muri USA
Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatanu taliki ya 31 Mutarama 2020 nibwo Leta Zunze Ubumwe za Amerika!-->!-->!-->!-->!-->…
Huye:Mu kagali ka Buhoro umukecuru w’imyaka 65 abaturanyi bamubwiye ko bazamutema none yaheze…
Mu kagali ka Buhoro,umurenge wa Karama ho mu Karere ka Huye umukecuru w'imyaka irenga 65 ntagisohoka nyuma yaho abaturanyi be bamubwiriye ko bazamutema.
Uyu mu kecuru ugeze muzabukuru utuye mu kagali ka Buhoro mu mudugudu wa!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Eheehh,Umugabo yirukanye umugore amuziza ko yasanze afite igitsina kinini
Umugore wo mu gihugu cya Nigeriya aherutse kubengwa n'umugabo amuziza ngo gusanga afite igitsina kinini.
Ibi byabereye muri Leta ya Edo ubwo rubanda rwahururaga nyuma yo kumva ibyabaye.
Uyu mugabo witwa Osamudiame Iyobosa !-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Gasabo: Bwana Viyana yagerageje kwitwikira mu nzu biranga nyuma yaho baje kumutereza cyamunara inzu…
Bwana Vianney NIZEYIMANA yagerageje kwiyahura Imana ikinga akaboko
Umugabo witwa NIZEYIMANA VIANNEY wo mu Murenge wa Jabana mu Karere ka GASABO yagerageje kwitwikira mu nzu ariko Imana ikinga akaboko ntiyapfa. Amakuru dukesha!-->!-->!-->!-->!-->…
Prezida KAGAME yahaye imbabazi abana 18 bari bafungiye muri gereza ya Nyagatare
Abana 18 bari bafungiwe muri Gereza ya Nyagatare bahawe imbabazi na Prezida wa Repubulika
Ku mugoroba wo kuri uyu wa mbere Nyakubahwa prezida wa Repubulika Paul Kagame yamenyesheje inama y'abaministre ko yahaye imbabazi abana 18!-->!-->!-->!-->!-->…
Icyorezo cya CORONA VIRUS kimaze kugera muri Kenya
Cya cyorezo kimaze iminsi gihangayikishije isi kimaze kugera muri Kenya.
Igihugu cya Kenya kimaze gutangaza ko bya bicurane bya Corona Virus bimaze kugera muri icyo gihugu. Uwo muntu wasanzwemo ibyo bicurane yafatiwe ku kibuga!-->!-->!-->!-->!-->…
GASABO-NDERA: Abasore b’ Indera ngo batewe ubwoba n’umukobwa uri kuroga buri musore wese…
Abasore bo murI uno murenge wa Ndera ngo bafite ubwoba buterwa n'umukobwa uri kuroga buri musore wese wamwanze
Mu Karere GASABO mu mugi wa Kigali, mu Murenge wa Ndera haravugwa inkuru y'umukobwa witwa Chantal umaze iminsi uroga!-->!-->!-->!-->!-->…
Ikibazo cyo Kubura Abarimu gitumye MINEDUC yongera kwivuguruza yemerera abatarize uburezi kuba…
Nyuma y'aho ministeri y'uburezi mu Rwanda igize ikibazo cyo kubura abarimu, yahisemo kongera kwivuguruza ivuga ko noneho n'abatarize uburezi bemerewe gupiganira imyanya yo kwigisha mu mashuri abanza n'ayisumbuye
Mu ntangiriro!-->!-->!-->!-->!-->…
KOBE BRYANT wabaye igihangange muri Basketball yaraye apfiriye mu mpanuka y’indege
Kobe Bryant wamenyekanye cyane mu mukino wa Basketball yaraye apfiriye mu mpanuka y'indege ya Kajugujugu ari kumwe n'umukobwa we Giana
Ahagana saa yine n'iminota mike z'ijoro ku masaha ya Kigali nibwo inkuru mbi y'urupfu!-->!-->!-->!-->!-->…
Kigali: Umwuga w’ubunyonzi ugiye kujya ukorwa kinyamwuga
Hatangiye ubukangurambaga ku basanzwe bakora umwuga wo gutwara abantu ku magare ku buryo umwuga bakora wakorwa kinyamwuga.
Ubunyonzi ni umwe mu myuga ikorwa n'abantu benshi kandi ifasha cyane abantu mu ngendo zitandukanye, mu mujyi!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Amaduka yatatswe mu mitako Gakondo
Amazu y''ubucuruzi y'Akarere ka Nyanza yatangiye gushyirwaho imitako gakondo
Umujyi wa Nyanza watangiye gutaka zimwe mu nyubako z'ubucuruzi hifashishijwe amabara gakondo. Inkingi z'amaduka zarimbishijwe hakireshejwe itangaza naho!-->!-->!-->!-->!-->…
Yvonne w’imyaka 52 yahishuye ko amaze imyaka 14 aryamana n’umuhungu we buri wa gatatu…
Madame Benda Yvonne amaze imyaka igera ku 14 aryamana n'umuhungu we kugira ngo akomeze abe umukire.
Umukecuru w'imyaka 52 y'amavuko witwa YVONNE BANDA wo mu gihugu cya Zambiya yahishuriye ikinyamakuru bénin24tv dukesha ino nkuru ko!-->!-->!-->!-->!-->…