Browsing Category
Izindi nkuru
UBUREZI: Ibyo Kwimura umunyeshuri uko biboneye byasubiwemo; uko mwalimu abibona
Ministeri y'uburezi mu Rwanda MINEDUC yashyizeho andi mabwiriza agenga kwimuka k'umunyeshuri ava mu mwaka ajya mu wundi.
Uyu ni umwe mu myanzuro yafatiwe mu mwiherero wo ku nshuro ya 17 uherutse kubera mu kigo cya gisirikare i!-->!-->!-->!-->!-->…
MUNEZERO yakatiwe gufungwa burundu nyuma yo kubyara umwana akamuniga agapfa
Urukiko rw'ibanze rwo muu Ntara ya Bururi mu gihugu cy'u Burundi rwaraye rukatiye igifungo cya Burundu umwana w'umukobwa uherutse kubyara umwana akamuniga.
Ku wa gatanu wo muri iki cyumweru gishize taliki ya 22/2/20 urukiko!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Ibitaro by’Akarere ka Nyanza byizihije ibirori byo kwakira abakozi bashya.
Ibyishimo byari byinshi mu birori byo kwakira abakozi bashya mu bitaro by'Akarere ka Nyanza.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa 21 Gashyantare 2020 nibwo abakozi bose b'ibitaro by'Akarere ka Nyanza n'abandi batumirwa batandukanye bahuriye!-->!-->!-->!-->!-->…
Inzovu yakoresheje umutonzi izamuka ahantu byasaga naho bigoranye bitangaza benshi
Amashusho yashyizwe hanze n'ikigo kitwa IFS kiyobowe na Praveen Kaswan yerekanye inzovu yazamutse ingazi ikoresheje umutonzi bituma benshi bacika ururondogoro.
Abinyujije kuri Twitter byose byari biherekejwe n'amagambo agira!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Mukerarugendo yavugishije abantu kubera ifoto yafashwe ari ahantu hateye ubwoba
Uyu mukerarugendo yavugishije abantu nyuma yaho ifoto ye igiriye hanze ari ku musozi ureshya hafi na metero 3000 hafi y'umujyi wa Rio de Jeneiro muri Brazil
Ni ifoto n'amashusho amara amasekonda 15 iteye ubwoba kuko aha hantu!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Intare zabujije abakerarugendo gutambuka zijya nohejuru y’imodoka yabo Imana ikinga akaboko
Intare zagose imodoka yabamukerarugendo muri Parike yitwa Lion and Safari Park mu gace ka Hartbeespoort Imana ikinga akaboko.
Iyi Parike iherereye muri Afurika yepfo ikunze gusurwa cyane hagaragaye Intare zitendetse kuri!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Umukobwa yahondaguye nyina nyuma yaho umu pasiteri amubwiyeko ari umurozi
Umukobwa ukiri muto aherutse gukubita nyina kukarubanda nyuma yaho umu pasiteri yamubwiriyeko umubyeyi we ari umurozi ruharwa.
Mu mashusho yakwirakwijwe ku mbuga nkoranya mbaga nuwitwa Sam Ituama yagaragaje umukobwa ukiri muto!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Abana batatu bapfiriye munzu yafashwe ninkongi mu gihe mama wabo yari yagiye mu kabari
Abana batatu nibo bivugwako bahiriye mu nzu mu gace ka Ihiala ubwo nyina wabo yari yijyaniye n'umugabo mu kabari kuryoshya.
Ibi byabereye mu gihugu cya Nigeriya ubwo inzu iherereye muri leta ya Anambra yafatwaga ninkongi bikaza!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Wa muntu wishe abantu 11 harimo na mama we mu Budage hagaragaye ubutumwa burimo no kuba hari…
Umugabo w'imyaka 43 witwa Tobias uherutse kwiheba akarasa abantu mu budage hagaragaye bumwe mu butumwa yoherereje abantu muri Amerika ababwirako bafite igisirikare gikora ibintu bibi birimo no kuramya shitani.
Nkuko tubikesha!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Umugabo yafashwe n’abagore batanu ku ngufu birangira apfuye
Umugabo w'abana batandatu wari umukire yafashwe n'abagore batanu ku ngufu birangira ashizemo umwuka mu gihugu cya Nigeriya.
Uyu mugabo witwa UNOKO UNOJA ubwo yari amaze kuryamana n'umugore abandi ngo bagize ishyari niko kuzana!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Ikoranabuhanga “ryahuje” umubyeyi n’umwana we wapfuye
Kuri benshi muri twe, kunamira uwatuvuyemo ni ikintu kibabaje cyane ariko kiri mu bigize ubuzima, kandi iyo ari umwana upfuye bikomerera umuntu kurushaho mu kubyakira.
Ariko umubyeyi umwe muri Koreya y'Epfo amaze igihe!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Ihene yatangaje benshi ubwo yabyaraga ikintu gisa n’umuntu
Mu gihugu cya Nigeriya ihene yabyaye ikintu gifite umutwe nk'uwumuntu bitungura benshi.
Ikinyamakuru kitwa Daily Trust kivugako umuganga wamatungo witwa , Dr Afolabi Josephyakijije ubuzima bwiriya hene kuko yarigiye gupfa.
!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Umusore yagiye kwiba umwembe afatwa n’umuriro ahita apfa
Umusore utaratangajwe amazina muri leta ya Enugu ho mu gihugu cya Nigeriya kuruyu wa gatatu yagiye kwiba umwembe umuriro uramufata ahita apfa.
Umwe mubabonye ibi biba Jude Eze yavuzeko uyu musore waruri mu kigero cy'imyaka 18!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
REB yatangaje ko Amanota y’ibizamini bisoza ayisumbuye azasohoka mu cyumweru gitaha
Ikigo k'igihugu gishinzwe iterambere ry'uburezi mu Rwanda REB cyatangaje ko mu cyumweru gitaha kizashyira hanze amanota y'abarangije ayisumbuye umwaka wa 2019
Hashize iminsi abantu bibaza igihe amanota y'abanyeshuri barangije!-->!-->!-->!-->!-->…
Umuryango wa KIZITO MIHIGO wamaze gutangaza igihe naho azashyigurwa
Umuryango w'Umuhanzi KIZITO MIHIGO wapfuye kuri uyu wa mbere wamaze gutangaza igihe azashyingurwa
Nyuma y'aho kuri uyu wa mbere taliki ya 17 Gashyantare 2020 polisi y'igihugu itangaje ko Bwana KIZITO MIHIGO wari ufungiwe muri kasho!-->!-->!-->!-->!-->…