Browsing Category
Izindi nkuru
Rubavu: David na mugenzi we barashwe barapfa ubwo bageragezaga kwinjiza urumogi mu gihugu.
Abagabo babiri, bo mu Karere ka Rubavu baraye barashwe ubwo barimo bagerageza kwinjiza urumogi mu Rwanda.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatandatu abagabo babiri bo mu Karere ka Rubavu mu murenge wa Cyanzarwe aribo David NSANZIMANA na!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: J.Bosco yaraye arashwe na polisi nyuma yo kugerageza gucika inzego z’umutekano
Ku mugoroba wo kuri uyu wa kane nibwo J.Bosco yarashwe agerageza gucika polisi
Abaturage bo mu Karere ka Nyanza mu gace kitwa Rwesero baraye bumvise urusaku rw'amasasu, benshi bagira ubwoba, ariko mu kanya gato baje guhita bamenya!-->!-->!-->!-->!-->…
Bafatanywe inyama z’itungo ryibwe babazengurutsa karitiye bazambaye mu gatuza
Abagabo babiri baraye baguwe gitumo bari kubaga itungo ryibwe bazengurutswa bikoreye inyama zayo
Ku mugoroba wo kuri uyu wa kane taliki ya 9 Mutarama 2020 abagabo babiri batatangarijwe amazina baraye bafatiwe mu cyuho n'inzego!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Bwana BIZIMUNGU yatewe icyuma mu gatuza arapfa ubwo yajyaga gukiza umugore n’umugabo barwanaga
He was found at the crime scene
BIZIMUNGU yaraye atewe icyuma mu gatuza ahita arapfa ubwo yageragezaga gukiza umugore warwanaga n'umugabo we.
Mu ijoro ryo kuri uyu wa kane ahagana saa mbiri z'ijoro zo kuri uyu wa kane taliki ya 9!-->!-->!-->!-->!-->…
Gen. James KABAREBE yasobanuye iby’intama igaragara mu karasisi k’abahoze ari…
Gen.James KABAREBE umwe mu bayobozi bayoboye urugamba rwo kubohora igihugu yasobanuye iby'intama yakunze kugaragara ku karasisi k'abasirikare bahoze ari aba RPA
Ubwo yagezaga ijambo ku barezi bigisha isomo ry'amateka bari mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Pasitori yiciye umugore we mu rusengero
Pasitoro wo muri Kenya yishe umugore amuteye icyuma mu materaniro.
Umuvugabutumwa bwiza w'imyaka 55 y'amavuko wo mu gihugu cya KENYA witwa ELISHA MISIKO mu gitondo cyo kuri iki cyumweru taliki ya 5 Mutarama 2020 yishe umugore we!-->!-->!-->!-->!-->…
Umuyobozi ukomeye muri Congo yagabiye inka 30 Umuhungu wa james Kabarebe mu bukwe bwe
Vital KAMERHE yitabiriye ubukwe bw'umuhungu wa James KABAREBE maze asiga amugabiye inka
Mu bukwe bw'umuhungu wa Gen James KABAREBE Bwana SUNDAY KABAREBE bwabaye kuri uyu wa gatandatu taliki ya 4 Mutarama 2020 ubukwe bwari!-->!-->!-->!-->!-->…
Ibiciro bya Essence na Mazout byongeye byazamuwe
Ikigo k'igihugu ngenzuramikorere RURA cyashyize hanze ibiciro bishya bya Essence na Mazout
Mu itangazo ryaraye rishyizwe hanze n'ikigo ngenzuramikorere mu Rwanda RURA ndetse rikashyirwaho umukono n'umuyobozi wacyo Lt Col Patrick!-->!-->!-->!-->!-->…
Umugore yagurishije umugabo we kuri mukeba yigurira imyenda ye n’iy’abana
Umugore witwa Edna MUKWANA wo mu gihugu cya Kenya yagurishije umugabo we amashilingi 1700
Uno mugore wo mu gihugu cya KENYA yagurishije kuri uya wa gatatu umugabo we ku kiguzi cy'amashilingi 1700 yo muri Kenya, ni amafranga!-->!-->!-->!-->!-->…
Umugabo yapfiriye mu gikorwa cy’imibonano mpuzabitsina
Umusore ukiri muto yaguye mu gikorwa cy'imibonano mpuzbitsina nyuma yo gutega amafaranga atagira ingano.
Uyu musore wo mu gihuu cya Nigeriya wiswe Davy ngo yaguye muri iki gikorwa mu gtihe yarikumwe n'indaya mu gace ka Ejigo ho mu!-->!-->!-->!-->!-->…
REB imaze gushyira hanze amanota ikora n’impinduka ku ngengabihe yo gutangira amashuri
Ikigo k'igihugu gishinzwe uburezi mu Rwanda REB kimaze gushyira hanze amanota y'abanyeshuri basoza abanza, ay'icyiciro rusange n'ay'inderabarezi
Ku mugoroba wo kuri uyu wa mbere taliki ya 30 ukuboza 2019 ikigo k'igihugu gishinzwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Meya ANGE SEBUTEGE yijeje ubufasha n’imikoranire Abikorera bo mu Karere ka HUYE
Meya w'Akarere ka Huye yijeje abikorera bo muri ako Karere bibumbiye mu rugaga PSF ubufatanye n'imikoranire n'Akarere
Mu gikorwa cyo gurora uwagombaga gusimbura Bwana MISAGO AFRODIS wari usanzwe uyobora urugaga rw'abikorera ku!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Kera Kabaye, Leta y’u Rwanda yemeye ko imodoka za,AUTOMATIQUES zizajya zifashishwa mu bizamini…
Gearshift of 4x4
Leta y'u Rwanda imaze kwemera ko imodoka za,Automatiques zizajya zifashishwa mu gukorera uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga.
Leta y'u Rwanda imaze kwemeza ku mugaragaro ko imdoka za automatiques zigiye kwemererwa!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Ikigo cya METEO kiragira inama Abanyarwanda kwirinda muri iyi minsi itatu iri imbere
Nyuma y'aho imvura yo kuri noheli yangije byinshi mu mujyi wa Kigali, ikigo k'igihugu cyasabye Abanyarwanda kwitondera iyi minsi
Nyuma y'aho imvura nyinshi iguye ku mugoroba wo kuri uyu wa 25 Ukuboza 2019 imvura nyinshi idasanzwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Abagore babiri batawe muri yombi na polisi ya Kenya nyuma yo kurwana bapfa umugabo
Aba barimo Sarah Wamaitha ngo yinjiye mu mirwano na mugenzi we Mercy Murithi ku itariki ya 4 ugushyingo bapfa umugabo bose bakundaga.
Batawe muri yombi bashinjwa guhungabanya umutekano wa rubanda,urukiko rwa Makadara rwavuzeko!-->!-->!-->!-->!-->…