Browsing Category
Mu Mahanga
Pasitoro yakatiwe gufungwa burundu nyuma yo guhamwa icyaha cyo gusambanya abana b’impanga
Ku wa gatatu, tariki ya 4 Gicurasi, umucamanza Abiola Soladoye muri Leta ya Lagos, muri Nijeriya, yakatiye Pasiteri Michael Oliseh igifungo cya burundu azira gusambanya abakobwa b’impanga b’imyaka 12 b’umukunzi we.
Mu rubanza rwe,!-->!-->!-->!-->!-->…
Tanzania: Habaye inama y’igitaraganya yiga ku izamuka ry’iciciro by’ibikomoka kuri peterol
Perezida wa Tanzania Madame Samia Suluhu Hassan yatumije inama y’igitaraganya ya Guverinoma yiga ku izamuka ry’ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli.
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ingufu n’amazi, mu cyumweru gishize cyatangaje ko ibiciro!-->!-->!-->!-->!-->…
Umugore wa Perezida Biden yagiriye uruzinduko muri Ukraine
Umugore wa Perezida wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika (USA) Jill Biden, yagiriye uruzinduko muri Ukraine yibasiwe n’ibitero yagabweho n’u Burusiya, ahura na mugenzi we wa Ukraine Olena Volodymyrivna Zelenska ku Cyumweru taliki ya!-->!-->!-->…
Abimukira 44 bifuzaga kujya i Burayi barohamye mu mazi baburirwa irengero.
Abimukira hafi 44 baburiwe irengero igihe ubwato barimo bwibize mu mazi ku nkombe z’amazi muri Sahara y’uburengerazuba kuri iki cyumweru.
Ishyirahamwe ry’abagiraneza rifite icyicaro muri Esupanye, Caminando Fronteras ni ryo!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Abaturage barenga 50 bishwe batemaguwe abandi bararaswa
Abasivile barenga 50 bishwe barashwe abandi batemaguwe n'inyeshyamba ku cyumweru mu gace ka Mabilindeyi muri teritwari ya Djugu, Intara ya Ituri, nk'uko umukuru wa sosiyete sivile yaho abivuga.
Mu gihugu cya Repubulika iharanira!-->!-->!-->!-->!-->…
Nigeria: Umupasiteri yishyuza arenga 750,000Rwf kugira ngo ageze abantu mu ijuru
Umubwirizabutumwa ari mu kaga nyuma yo kubwira abantu ko azi irembo rijya mu ijuru riturutse mu majyepfo ya Nigeria, ndeste ko ashobora kuryerekana mu gihe umuntu yishyuye amafaranga.
Uyu mupasitori witwa Ade Abraham yatanzwe!-->!-->!-->!-->!-->…
USA-Alabama: Imfungwa n’umucungagereza bacikanye bari gushakishwa
Polisi y'Amerika irimo gushakisha imfungwa iregwa ibyaha by'ubwicanyi yatorotse gereza hamwe n'umucungagereza waburanye na yo.
Imfungwa Casey White n'umucungagereza Vicki White, baheruka kubonwa ku wa gatanu mu gitondo ku biro bya!-->!-->!-->!-->!-->…
Igihugu cya Mali kirashinja Ubufaransa kutata igihugu cyabo
Mali yashinje igisirikare cy’Ubufaransa “gutata” nyuma yuko gikoresheje indege nto itarimo umupilote – izwi nka drone – mu gufata amashusho, asa nk’ayerekana abasirikare bahamba imirambo hafi y’ikigo cya gisirikare Ubufaransa buherutse!-->!-->!-->…
Umunyamabanga mukuru wa LONI Guterres arahura na Putin
Umunyamabanga mukuru wa ONU Antonio Guterres biteganyijwe ko none kuwa mbere nimugoroba ahura na Perezida Vladimir Putin i Moscow ariko ibyitezwe kuva mu nama yabo ni bicye nyuma y'ibiganiro byinshi byananiranye.
Hitezwe ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Mwayi Kibaki wayoboye Kenya yitabye imana ku myaka
Muzehe Mwai Kibaki wayoboye igihugu cya Kenya imyaka icumi yose yitabye Imana
Perezidansi ya Kenya imaze gutangaza no kwemeza ko uwigeze kuyobora icyo gihugu cya Kenya Bwana Emilio Mwai Kibaki yaryamiye ukuboko kw'abagabo kuri uyu!-->!-->!-->!-->!-->…
Ethiopia: Abasore benshi bagiye kuri Ambasade y’Uburusiya gusaba akazi ko kurwana mu ntambara ya…
Urubyiruko rw'abasore rukomeje kugaragara kuri ambasade y'Uburusiya i Addis Ababa mu murwa mukuru wa Ethiopia kuri uyu wa kabiri, nyuma y'impuha ko bakeneye abantu bo kujya kurwana muri Ukraine.
Benshi muri abo banya-Ethiopia kuri!-->!-->!-->!-->!-->…
Kenya: Batanu bishwe n’amabandi hafi y’umupaka wa Meru-Isiolo
Abantu batanu byemejwe ko bapfuye nyuma y’uko amabandi yitwaje intwaro ateye agace ka Tiania ku mupaka wa Meru-Isiolo mu Ntara ya Meru muri Kenya.
Polisi yavuze ko mu bapfuye, harimo abishwe barashwe abandi bacibwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Africa y’Epfo: Perezida Ramapfosa yatangaje ko igihugu kiri mu bihe by’akaga
Perezida wa Afrika y’Epfo Cyril Ramaphosa yatangaje ko igihugu kiri mu bihe by’akaga kubera imyuzure y’imvura yateye mu burasirazuba bw’igihugu.
Cyril Ramaphosa yasabye ko kwongera kubaka ibyasenyutse bizatwara igihe kinini.
!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Kenya-Siaya: Umugabo w’imyaka 62 yapfuye yiyahuye
Abatuye ahitwaUkwala muri Ugenya, mu ntara ya Siaya babyukiye mu gahinda nyuma yo kubona umurambo w’umugabo w’imyaka 62 mu giti mu mudugudu wa Nyawita mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere.
Umurambo w’uyu mugabo witwa John Obiero Amenya,!-->!-->!-->!-->!-->…
Africa Y’Epfo: Abarenga 60 bakomeje kuburirwa irengero nyuma y’imyuzure yibasiye umujyi wa Durban
Abarenga 60 bakomeje kuburirwa irengero nyuma y’imyuzure yibasiye agace ka KwaZulu-Natal muri Africa y’Epfo mu cyumweru gishize.
Imyuzure yaturutse ku mvura yahitanye abantu barenga 440 barimo abakozi babiri bashinzwe ibikorwa!-->!-->!-->!-->!-->…