Browsing Category
Mu Mahanga
Mozambique: 12 nibo bamaze guhitanwa n’umuyaga wiswe GOMBE
Abantu bagera kuri 12 nibo bivugwa ko bamaze guhitanwa n'umuyaga wiswe gombe mu gihugu cya Mozambique
Umuyaga uvanze n'imvura nyinshi wanyuze mu gihugu cya Mozambique muri iki cyumweru gishize biravugwa ko wasize uhitanye abagera!-->!-->!-->!-->!-->…
Gabon: Nubwo atakibasha kwigenza, Ali Bongo aziyamamariza kuyobora igihugu umwaka utaha.
Perezida wa Gabon ALI BONGO yatangaje ko aziyamamariza kongera kuyobora icyo gihugu mu matora azaba mu mwaka utaha wa 2022.
Nubwo amaze igihe kitari gito ari guhagana n'umubiri kubera burwayi bwatumye udutsi two mu bwonko bwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Nigeria yafashe imifuka amagana y’inyama z’Indogobe
Ubuyobozi bwa gasutamo muri Nigeria bwafashe imifuka 1390 irimo inyama z’indogobe mu majyaruguru y’uburengerazuba bwa leta ya Kebbi hafi y’umupaka wa Niger.
Iperereza ry’ibanze ryagaragaje ko indogobe 1000 zabazwe, inyama zazo!-->!-->!-->!-->!-->…
ISIS yashizeho umuyobozi mushya
Umutwe w’iterabwoba wa reta ya kiyisilamu kuri uyu wa kane wemeje urupfu rw’umukuru wawo Abu Ibrahim al-Qurashi, nyuma y’ukwezi yishwe, unagena ko Abu Hasan al-Hashemi al-Qurashi afata inshingazo yo kuyobora uyu mutwe.
Kuva uyu!-->!-->!-->!-->!-->…
Ukraine n’Uburusia basubukuye ibiganiro bibera muri Turukiya
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burusiya, Sergei Lavrov na mugenzi we wa Ukraine, Dmytro Kuleba baragirana ibiganiro by’imbonankubone muri Turkey bibaye ibya mbere byo ku rwego rwo hejuru kuva u Burusiya bwashoza intamara muri!-->!-->!-->…
Ukraine yahamagaje vuba na bwangu abasirikare bayo bari mu bindi bihugu mu butumwa bwa Loni
Perezida wa Ukraine yahamagaje abasirikare, abapolisi n’ibikoresho bari baratanze mu bikorwa byo kugarura amahoro mu bindi bihugu kugira ngo batahe bafashe igihugu cyabo cyugarijwe n’intambara kirwanamo n’u Burusiya.
Igihugu cya!-->!-->!-->!-->!-->…
Uburusiya bwatanze akandi gahenge ku baturage bahunga intambara mu mijyi ya Ukraine
Uburusiya bwongeye guhagarika ibitero kugira ngo abasivile bari mu mijyi iri kugabwaho ibitero babashe guhuga nk’uko ibitangazamakuru bya leta y’Uburusiya byabitangaje.
Ejo leta ya Ukraine yatangaje ko yashoboye guhungisha abagera!-->!-->!-->!-->!-->…
Australia: Ibihumbi by’abaturage basabwe kuva mu byabo kubera imyuzure yibasiye Sydney
Ibihumbi by’abatuye umujyi wa Sydney basabwe kuva mu ngo zabo kubera imyuzure yibasiye uburasirazuba bwa Australia.
Mu minsi mike ishize, leta ya New south Wales n’iya Queenland byibasiwe n’imvura nyinshi yateje imyuzure igahitana!-->!-->!-->!-->!-->…
Muhoozi Kainerugaba yatangaje ko asezeye mu gisirikare.
Gen Muhoozi Kainerugaba umuhungu wa Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda yatangaje ko asezeye mu gisirikare.
Abicishije mu butumwa yashyize kuri twitter yagize ati ” Nyuma y’imyaka 28 ndi mu kazi mu gisirikare gifite!-->!-->!-->!-->!-->…
COTE D’IVOIRE: Abantu bane bagwiriwe n’inzu barapfa, abarenga 30 barakomereka
Abagera kuri bane bapfuye abandi 30 barakomereka ubwo inzu y’amagorofa ane yabagwiraga mu karere ka Cocody mu murwa mukuru Abidjan.
Abashinzwe kuzimya inkongi bavuze ko iyi mpamuka yabaye mu ijoro ryo kuwa mbere.
Iyi nyubako!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Nigeria: Abagera kuri 63 bishwe n’abitwaje intwaro
Amakuru ava mu leta ya Kebbi iri majyaruguru y’uburengerazuba bwa Nigeria avuga ko abitwaje intwaro bari kuri mapikipiki bishe abagera kuri 63 mu gace ka Zuru mu gitero cyo mu ijoro ryo ku Cyumweru.
Umuyobozi w’umudugudu wa Takita.!-->!-->!-->!-->!-->…
Uburusiya-Ukraine: Uburusiya bwanze kwitaba mu rukiko mpuzamahanga mpanabyaha
Uburusiya bwanze kwitaba mu rukiko mpuzamahanga mpanabyaha, aho Ukraine iri gusaba ihagarikwa ry’ibitero.
Ambasaderi w’uburusiya I Lahe mu Buhorandi, Alexender Shulgin, yavuze ko igihugu cye nta gahunda yo kwitaba uru rukiko gifite.!-->!-->!-->!-->!-->…
Jacob Zuma wayoboye Afrika y’Epfo yashyigikiye Putin ku ntambara yatangije kuri Ukraine
Uwahoze ari Perezida wa Afrika y’Epfo, Jacob Zuma , yagaraje gushyigikira perezida Vladimir Putin ku ntambara Uburusiya buhanganyemo na Ukraine, amugaragaza nk’umugabo w’amahoro.
Mu itangazo ryasohowe n’umuryango yashinze, bwana!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida wa Ukraine yarakariye OTAN ko yanze kubuza indege z’Uburusiya kuguruka mu kirere cya…
Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky yibasiye mu ijabo ry’uzuye uburakari Umuryango wubwirinzi w’Uburayi na Amerika OTAN/NATO ku kuba baranze gushyira mu bikorwa itegeko rikumira indege kuguru mu kirere cya Ukraine.
Umwanzuro!-->!-->!-->!-->!-->…
Tanzaniya: Freeman Mbowe Utavuga Rumwe n’Ubutegetsi yarekuwe
Leta ya Tanzaniya yarekuye ,Freeman Mbowe, umuyobozi w’ishyaka Chadema ritavuga rumwe n’ubutegetsi, nyuma y’uko abashinjacyaha bahagaritse ibirego bamureze mu mwaka ushize nk’uko ishyaka rye ryabitangaje kuri uyu wa gatanu.
Freeman!-->!-->!-->!-->!-->…