Browsing Category
Politike
France: Bidatunguranye Urukiko rwemeje ko indege ya Habyarimana yarashwe n’intagondwa…
Urukiko rw'ubujurire mu gihugu cy'Ubufaransa rwongeye rutesha agaciro ubujurire bw'imiryango y'abapfanye na Habyarimana ndetse ifunga burundu dosiye y'ihanurwa y'iyo ndege.
Mu nkuru Ikinyamakuru Indorerwamo.com yakoze mu gitondo cyo!-->!-->!-->!-->!-->…
Sudan: Babiri mu bigaragambya barashwe barapfa
Ihuriro ry’abaganga muri Sudan ryatangaje ko abashinzwe umutekano barashe abantu babiri mu bigaragambyaga bagapfa.
Ibi byatumye umubare w’abamaze gupfa kuva haba ihirikwa ry’ubutegetsi muri iki gihugu mu Kwakira 2021, ugera ku bantu!-->!-->!-->!-->!-->…
Intambara yatutumbaga hagati ya Ukraine na Russia ubanza itakibaye
Minisiteri y'ingabo y'Uburusiya yatangaje ko irimo kuvana zimwe mu ngabo zayo ku mupaka wa Ukraine.
Mu butumwa bwa Igor Konashenkov, umuvuguzi w'iyo minisiteri, bwatangajwe n'ibiro ntaramakuru Interfax, yavuze ko;
"Unite zo mu!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Ethiopia : Leta yakuyeho ibihe bidasanzwe by’intambara
Inteko ishingamategeko y’iki gihugu yahagaritse ibihe bidasanzwe byari byashyizweho mu Ugushyingo ubwo inyeshyamba za Tigray zari zari zikomeje gusatira umurwa mukuru Addis Abeba, nk’uko byatangajwe na minisiteri y’ububanyi n’amahanga!-->!-->!-->…
RDC: Ingabo zirinda perezida Tshisekedi zakoze urugendo rwo kumushyigikira
Abasirikare ibihumbi n'ibihumbi ba Repubulika ya Demokarasi ya Kongo biraye mu mihanda ku murwa mukuru Kinshasa, mu rugendo rwo gushyigikira perzida Antoine Félix Tshisekedi, nyuma y'imisi mike havuzwe ibijyanye no kumuhirika ku!-->!-->!-->…
“Uburusiya bushobora gutera Ukraine igihe cyose gishoboka”- Umuburo wa USA
Leta ya Amerika yatanze umuburo ko umunsi uwo ari wose Uburusiya bushobora kugaba igitero kuri Ukraine, iburira abaturage bayo bari muri Ukraine kuhava byihutirwa.
Ibiro by’umukuru w’Amerika, White House, byatangaje ko igitero!-->!-->!-->!-->!-->…
EAC yaraye yungutse undi munyamuryango mushya
Inama y’Abaminisitiri b’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) yemeje ko Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DR Congo) yinjira muri uyu muryango.
Itsinda ry’imishyikirano rya EAC ryari riyobowe na Dr. Alice Yalla na Prof.!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida kAGAME yahakanye ko Kakwenza utavuga rumwe na Museveni yahungiye mu Rwanda.
Nyuma y'aho bikomeje kuvugwa ko Kakwenza Rukirabashaija umwanditsi w'ibitabo unenga Perezida Museveni yaba yahungiye mu Rwanda, Prerezida Kagame yahakanye iby'ayo makuru.
Ku munsi w'ejo byinshi mu binyamakuru byo muri Uganda ndetse!-->!-->!-->!-->!-->…
Burundi: Batatu batawe muri yombi nyuma yo gusuzugura ibyemezo bya ministiri.
Urwego rw’Igihugu rw’Iperereza mu Burundi (SNR), rwataye muri yombi abayobozi batatu bo mu nzego nkuru baherutse guterana amagambo na Minisitiri ufite mu nshingano ubwikorezi bapfa icyemezo cyo kuzamura ibiciro by’ingendo.
!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Kera kabaye Leta yagize icyo ivuga kuri KUDETA iherutse gupfuba
Avuga ku byabaye muri weekend ishize, umuvugizi wa Perezida Félix Tshisekedi yatangaje ko "kugerageza kose guhungabanya inzego za demokarasi" kutazihanganirwa.
Leta ya Kinshasa yari itaratangaza amakuru ayo ariyo yose ku byabaye!-->!-->!-->!-->!-->…
Guinne-Bissau: Ubwoba ni bwose nyuma yuko abitwaje intwaro bibasiye radio mu murwa mukuru
Urusaku rw'imbunda ziremereye rwumvikanye ejo kuwa mbere, mu murwa mukuru wa Guinee-Bisau, rwateye ubwoba bamwe mu bakozi ba Leta, nyuma y’icyumweru habaye kugerageza guhirika ubutegetsi.
Igitero cyagabwe n’abantu bataramenyekana ntabwo!-->!-->!-->…
Hanzuwe ko Abanyarwanda 8 basubizwa Arusha nyuma yo kwirukanwa muri Niger
Kuri uyu Mbere tariki ya 7 Gashyantare 2022 urwego rwashyiriweho gukurukirana imirimo yasizwe n’urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda IRMCT rwanzuye ko abanyarwanda 8 bari boherejwe muri Niger basubizwa i Arusha aho!-->!-->!-->…
Uburusiya-Ukraine: Amerika yohereje abasirikare 1700 muri Pologne ku mupaka wa Ukraine
Abasirikare ba Leta zunze ubumwe za Amerika bagera ku 1700 bageze muri Polonye ejo ku cyumweru, gufasha mu rugamba rw’intambara ishobora kwaduka hagati y’Uburusiya na Ukraine.
Uyoboye izo ngabo avuga ko bagiye guhangana n’intambara!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Haravugwa kugerageza guhurika ubutegetsi bwa Tshisekedi
Mu gihugu cya Repubulika iharanira demokarasi ya Congo haravugwa igikorwa cyo kugerageza guhirika ubutegetsi byatumye Perezida ataha igitaraganya mu nama yari arimo muri Ethiopia.
Mu gihugu cya Repubulika iharanira demokarasi ya!-->!-->!-->!-->!-->…
Ubushinwa bwiyunze ku Burusiya mu kwamagana ko NATO yagura ibikorwa byayo
Ubushinwa bwifatanije n’Uburusiya mu rugamba rwo kurwanya ko umuryango uhuza ingabo z’ibihugu byo ku mugabane w’Iburayi n’Amerika ya ruguru(OTAN/NATO), ukomeza kwagura ibikorwa byawo.
Ibi bihugu kandi byanunze ubumwe mu guhangana!-->!-->!-->!-->!-->…