Browsing Category
Ubuzima
Rubavu: Abantu 5 baraye bahitanywe n’impanuka ikomeye y’ikamyo
Abantu bagera kuri batanu nibo bimaze kumenyekana ko bahitanywe n'impanuka yaraye ibaye mu Karere ka Rubavu mu murenge wa Nyakiriba.
Iyo mpanuka yabaye mu masaha ya saa munani na 40 z’igicamunsi yatewe n’ikamyo yacitse feri ubwo!-->!-->!-->!-->!-->…
Abantu benshi bashenguwe umutima n’urupfu rw’Umuvandimwe wa Apotre MASASU
Bishop SIMON MASASU wari mukuru wa Apotre MASASU yitabye Imana mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu azize uburwayi.
Inkuru y'urupfu rw'uyu muvugabutumwa rwamenyekanye mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu taliki ya 19 Kanama 2020 mu masaha!-->!-->!-->!-->!-->…
Abamaze kwicwa na Coronavirus mu Rwanda bamaze kugera ku icumi
Nk'uko byatangajwe na ministeri y'ubuzima mu Rwanda ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri taliki ya 18, mu Rwanda abandi bantu babiri baraye bahitanywe n'icyorezo cya Covid-19, bituma bose hamwe muri rusange abamaze guofa bagera ku icumi.
!-->!-->!-->!-->…
Bwana Ntahomvukiye Etienne yafatiwe mu cyuho ari gukora inzoga z’igikwangari zitemewe
Polisi ikorera mu Karere ka Huye yafashe uwitwa Ntahomvukiye Etienne w’imyaka 21 akorera iwe mu Murenga wa Gishamvu inzoga zitujuje ubuziranenge zizwi ku izina ry’ibikwangari.
Yaguwe gitumo amaze gukora litiro 1000, aho!-->!-->!-->!-->!-->…
Bamwe mu bacuruza imyaka kwa Mutangana baravuga ko bahombejwe n’icyemezo cy’Umugi wa Kgl
Abacuruza imyaka mu isoko rizwi nko kwa Mutangana baravuga ko icyemezo cy'Umugi wa Kigali cyatumye bahomba kuko bagurishije ibyo bari bafite ku gihombo
Ahagana saa yine z'ijoro ryo kuri iki cyumweru taliki ya 16 Kanama 2020 nibwo!-->!-->!-->!-->!-->…
Imibare y’abarwayi ba covid-19 ikomeje kuzamuka cyane, benshi bakomeje kwibaza impamvu
Abantu benshi bakomeje kugira impungenge bitewe n'uburyo imibare y'abarwayi ba covid-19 ikomeje kwiyongera
Mu Rwanda imibare y'abarwayi ba coronavirus yongeye kuzamuka ku rwego ruri hejuru muri iyi minsi itatu yonyine bituma abantu!-->!-->!-->!-->!-->…
Kigali: Ubuyobozi bw’umugi wa Kigali bufunze amwe mu masoko kubera icyoba cya Covid-19
Isoko ryo mu mugi n'iryo kwa Mutangana byafunzwe kubera icyoba cy'ubwandu bwa coronavirus
Ubuyobozi bw'umugi wa Kigali bumaze gusohora itangazo rivuga ko amasoko abiri yo mu mugi wa Kigali abaye afunze guhera kuri uyu wa mbere!-->!-->!-->!-->!-->…
Abatishoboye bahawe inkoko zitera amagi, zibahindurira ubuzima
Abaturage babarizwa mu kiciro cya mbere n’icya kabiri cy’ubudehe mu bice bitandukanye by’Igihugu baravuga imyato inkoko zitera amagi bahawe zikaba zarahinduye imirire mu miryango yabo.
Ni abaturage bafashijwe n’Umushinga wo kongera!-->!-->!-->!-->!-->…
Ngoma: Umuyobozi yashenye inzu yubakiwe utishoboye maze agurisha amatafari
Munyemana Yuliyani w’imyaka 72 uri mu kiciro cya mbere cy’Ubudehe akaba atuye mu Mudugudu wa Kinihira mu Kagali ka Akabungo mu Murenge wa Mugesera mu Karere ka Ngoma, aravuga ko umuyobozi w’Umudugudu yamusenyeye inzu yubakiwe!-->!-->!-->…
Mu Rwanda,Coronavirus yahitanye undi muntu ukiri muto
Umubare w'abahitanwa na Coronavirus ukomeje kuzamuka mu Rwanda
Undi muntu wa munani yishwe na Coronavirus mu Rwanda, ni uwa gatatu ahitanwe nayo mu minsi itandatu ishize, abarenga 2100 bamaze kwandura.
Minisiteri y'ubuzima ivuga ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Prezida Putin yatangaje kumugaragaro ko Igihugu ke cyamaze kubona urukingo rwa Coronavirus
Prezida Putin Vladmir yatangaje ko igihugu cye kimaze kubona urukingo rwa Coronavirus.
Umukuru w'igihugu cy'Uburusiya Bwana Vladmir Putin yatangaje ko hari abahanga mu by'ubuvuzi bo mu gihugu cy'Uburusiya bamaze gukora no gutunganya!-->!-->!-->!-->!-->…
Huye: Hatangije igikorwa cyo kwandikira kwa muganga abahavukiye n’abahapfiriye
Meya w'Akarere ka Huye yatangije igikorwa cyo kwandika abana bavukira kwa muganga ndetse n'bapfira kwa muganga.
Ni igikorwa cyabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere taliki ya 10 Kanama 2020 kibera ku bitaro bya Kabutare kiyoborwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Hari ubushakashatsi bwagaragaje ko umuti wa coartem itari kubasha guhangara Malariya
Ubushakashatsi bwakorewe mu Rwanda buraburira ko udukoko dutera indwara ya Malaria turi kwigaranzura umuti usanzwe ukoreshwa mu kuyivura uzwi nka Coartem. Ni ubwa mbere bibonetse muri Afurika ko utu dukoko turi kwigaranzura uyu muti.
!-->!-->!-->!-->…
Ikigo Nyafrika cyo gukumira indwara gifite impungenge ku buryo Tanzaniya iritwara mu kurwanya…
Umuyobozi mukuru w'ikigo cy'Afurika cyo kurwanya no gukumira indwara (kizwi mu mpine y'Icyongereza ya CDC) yagaragaje impungenge afite ku buryo Tanzania iri kwitwara ku cyorezo cya coronavirus.
Dr John Nkengasong yabwiye ikiganiro!-->!-->!-->!-->!-->…
Umugabo wo mu Bwongereza yatewe igitsina ku kaboko kubera uburwayi
Kubera uburwayi Malcolm MacDonald wo mu Bwongereza yahuye nabwo, abaganga bafashe umwanzuro wo kumutera igitsina cye ku kuboko, ibintu byatumye aba umuntu wa mbere bikorewe.
Kugira ngo abaganga bafate uyu mwanzuro byatewe n’ubwandu!-->!-->!-->!-->!-->…