Browsing Category
Ubuzima
Brazil igiye kwifashisha urukingo rw’Ubushinwa mu gukingira abaturage bayo Coronavirus.
Brazil irateganya gukoresha urukingo rwakorewe mu Bushinwa muri gahunda y'igihugu igamije gukingira coronavirus.
João Doria, guverineri wa leta ya São Paulo, yavuze ko guverinoma yabo yemeje kugura doze miliyoni 46 z’urukingo rwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Nigeria: Imyigaragambyo y’abaturage yafashe indi ntera.
Mu gihugu cya Nigeria abaturage bakajije imyigaragambyo bamaze iminsi itari mike, kuri uyu munsi yakomeje hatwikwa amabanki agera kuri atatu.
Guhera mu cyumweru gishize imyigaragambyo y'abaturage bo mu gihugu cya Nigeria yakajije!-->!-->!-->!-->!-->…
Umugabo yajyanywe igitaranya nyuma yo kwirasa igitsina akoresheje imbunda.
Umugabo ukomoka ahitwa Portland muri Jamaica yahuye n’uruva gusenya ubwo yashakaga gukura imbunda mu mufuka akurura nabi afata imbarutso niko kwirasa igitsina.
Uyu mugabo usanzwe akunda gukoresha imbunda,yahuye n’akaga gakomeye ubwo!-->!-->!-->!-->!-->…
Umudepite wo muri opozisiyo arasaba abayobozi ba RURA kwegura niba bananiwe kugabanya ibiciro…
Dr Frank HABINEZA uyobora ishyaka ritavuga rumwe n'ubutegetsi bwo mu Rwanda yasabye abayobozi ba RURA kwegura niba bananiwe kugabanya ibiciro by'ingendo biheruse kuzamurwa nta mpamvu.
Ibi Dr Hon. HABINEZA Frank, umudepite mu nteko!-->!-->!-->!-->!-->…
Abagenzi benshi bakomeje kwinubira izamurwa ry’ibiciro by’ingendo. Dore amagambo…
Abanyarwanda benshi bari kugaragaza ko bababajwe n'ibiciro by'ingendo byatangajwe mu cyumweru gishize n'ikigo cya leta RURA gishinzwe kugenzura imirimo imwe n'imwe.
Mu buryo busa n'ubuhuriweho na benshi kandi bwagutse, baravuga ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Gisagara: Umugabo yahawe ibihumbi 2000 FRW ngo akure ingurube mu musarani agwamo.
Umugabo wo mu kagari ka Bweya mu murenge wa Ndora mu karere ka Gisagara yahawe inoti ya Frw 2000 ngo ajye gukura ingurube y’umuturanyi we mu musarani agiyemo agwamo arapfa.
Nkuko amakuru dukesha ikinyamakuru Umuseke.rw abitangaza,!-->!-->!-->!-->!-->…
Ku nshuro ya mbere Vatican yajyanye mu nkiko abapadiri bayo kubera ubusambanyi
Abapadiri babiri ba Kiliziya Gatolika bajyanywe mu rukiko i Vatican, nibwo bwa mbere uyu mujyi uburanishije abihaye Imana baregwa ihohotera rishingiye ku gitsina.
Gabriele Martinelli w'imyaka 28, arashinjwa gukoresha ubusambanyi!-->!-->!-->!-->!-->…
Uganda: Polisi yateye ibiro bya Boby Wine imutwara ya ngofero ya gisirikare akunze kwambara
Abashinzwe umutekano mu gihug cya Uganda bateye mu biro bya Boby Wine wiyemeje guhngana na Prezida Museveni bamutwara za camera ndetse n'ingofero ya gisirikare y'umutuku akunze kwambara.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatatu taliki ya!-->!-->!-->!-->!-->…
Bugesera: Ikipe y’abagore ya BWCT yatanze inkunga ya mituweri ku bantu 50
Ikipe ya Bugesera Women Cycling Team yatanze ubwisungane mu kwivuza bungana n’ibihumbi 150 Frws ku baturage 50 batishoboye b’Umurenge wa Ntarama.
Ni igikorwa cyabaye kuri uyu wa Gatatu tariki ya 14 Ukwakira 2020 ku biro by’umurenge!-->!-->!-->!-->!-->…
Ni izihe nyungu u Rwanda rwiteze kubona mu guhinga no gucuruza urumogi?
U Rwanda ruri mu bihugu byashyizeho amategeko ahana ndetse n’ingamba zikakaye zikumira ikoreshwa ry’ibiyobyabyabwenge birimo n’urumogi ruzwi nka “cannabis” cyangwa “marijuana” mu ndimi z’amahanga.
Ntibyaba bitunguranye kuba hari!-->!-->!-->!-->!-->…
Cristiano Ronaldo yanduye Covid-19
Cristiano Ronaldo yanduye Covid-19
Rutahizamu wa Portugal na Juventus yo mu Butariyani Cristiono Ronaldo nawe yanduye Covid-19 yiyongera ku bandi bakinyi bamaze iminsi bagaragaweho iyi virus barimo Nabil Keita wa Liverpool.
!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Abapadiri babiri baciwe amande nyuma yo kuyobora igitambo cya misa batubahirije amabwiriza yo…
Abapadiri babiri bo mu ntara y'amajyaruguru baciwe amande nyuma y'aho bafatiwe mu cyuho bari kuyobora igitambo,bo cya misa mu buryo butubahirije amabwiriza yo kwirinda coronavirus.
Mu igenzura ryakozwe na polisi kuri iki cyumweru!-->!-->!-->!-->!-->…
Amerika: Perezida Trump yavuze ko nta Covid-19 agifite
Perezida Trump yavuze ko nta Covid-19 agifite
Perezida wa Leta zunze ubumwe za America Donald Trump yavuze ko nta Covid-19 agifite kandi ko Atari mu byago byo kuyanduza.
Yabitangaje kuri uyu wa 11 Ukwakira mu kiganiro yagiranye!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Derek Chauvin wishe Bwana Georges Floyd yaraye arekuwe.
Uwahoze ari umupolisi muri Leta Zunze Ubumwe z'Amerika uregwa kwica George Floyd, umwirabura w'Umunyamerika utari witwaje intwaro, yafunguwe nyuma yo kwishyura amafaranga y'ingwate.
Ku munsi w'ejo kuwa gatatu taliki ya 7 Ukwakira!-->!-->!-->!-->!-->…
Abaganga bavumbuye Indwara ya Hepatite C bahawe igihembo cya Nobel mu buvuzi
Abahanga muri siyansi batatu bavumbuye virusi itera indwara ya Hepatitis C (indwara y'umwijima) batsindiye igihembo cya 2020 cyitiriwe Noble mu by'ubuvuzi n'ubumenyangingo.
Abagenewe kino gihembo ni abashakashatsi b'Abanyamerika!-->!-->!-->!-->!-->…