Browsing Category
Ubuzima
Kigali: Imiryango isaga 400 yimuwe mu manegeka icumbikirwa mu mashuri iri mu gihirahiro
Mu turere twa Gasabo na Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali hari imiryango isaga 400 yimuwe mu manegeka imyinshi muri yo igicumbikiwe mu bigo by’amashuri indi ikodesherezwa aho icumbitse.
Ni mu gihe bari batuye mu duce twibasiwe n’ibiza!-->!-->!-->!-->!-->…
Abantu bakize 36 abarwayi bashya ni 25
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuri iki Cyumweru tariki 06 Nzeri 2020, mu Rwanda habonetse abantu 25 banduye icyorezo cya COVID-19, mu gihe abandi 36 bakize.
Abo barwayi bashya 25 barimo 16 babonetse muri Kigali (bapimwe mu!-->!-->!-->!-->!-->…
COVID-19:Urukingo rw’Uburusiya rugaragaza ibimenyetso byo ‘gukangura ubwirinzi…
Abahanga muri siyansi bo mu Burusiya batangaje raporo ya mbere ku rukingo rwabo rwa coronavirus, bavuga ko amagerageza y'ibanze agaragaza ko rutuma ubwirinzi bw'umubiri bukanguka.
Raporo yabo yasohotse mu kinyamakuru!-->!-->!-->!-->!-->…
Texas:Yahiye atwitswe isura na hand sanitiser yafashwe n’umuriro ubwo yari ari gucana Buji
Umugore witwa Kate Wise ukomoka ahitwa Austin muri Leta ya Texas muri USA yatwitswe n’umuti wica mikorobe bakaraba mu ntoki isura yose irashya ubwo yarimo agerageza gucana buji.
Uyu mubyeyi w’abana 3 yahiye isura,amaboko n’amaguru!-->!-->!-->!-->!-->…
Kigali:Inama Njyanama y’Umujyi wa Kigali yashyizeho ibihano ku barenze ku mabwiriza yo…
Nyuma yuko abantu benshi bica amabwiriza agamije gukumira ikwirakwira rya Covid-19. Inama Njyanama y’Umujyi wa Kigali yashyizeho amabwiriza yerekeye uburyo bwo guhana abatubahirije ingamba zo kwirinda ikwirakwizwa ry’icyorezo cya Covid-19!-->…
Amwe mu matariki y’ingenzi yanditse kubera Covid-19 kuva igeze mu Rwanda nuko yagiye yigaragaza mu…
Hashize amezi 5 arengaho iminsi kuva mu Rwanda hageze icyorezo cya Covid-19. Iyi nkuru irongera ikwibutse amatariki y’ingenzi kuva iki cyorezo cyagera mu rwa Gasabo.
Tariki 14 Werurwe 2020
Iyi ni itariki y’amateka ku Rwanda kuko ari!-->!-->!-->!-->!-->…
Leta yakuriye inzira ku murima abifuzaga koroherezwa mu gukora ubukwe muri ibi bihe
Ministre Shyaka Anastase yakuriye inzira ku murima abifuzaga ko ikiguzi cyo gupima abitabiriye ubukwe gikurwaho.
Mu kiganiro yagiranye n'itangazamakuru, ministre w'ubutegetsi bw'igihugu yongeye akurira ibzira ku murima abifuzaga ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Venezuela iri gushaka abakorerabushake bageragerezwaho urukingo rwa covid-19
Perezida Nicolás Maduro wa Venezuela yatangaje ko agiye gusaba abakorerabushake kuboneka bakageragerezwaho urukingo rwa Covid-19 rwakozwe n'Uburusiya.
Tariki 11 z'uku kwezi kwa munani, Uburusiya ni cyo gihugu cya mbere cyatangaje ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Abarwayi bashya 177 mu bipimo byafashwe hakize 14
Minisiteri y’Ubuzima iratangaza ko kuri iki Cyumweru tariki 30 Kanama 2020, mu Rwanda habonetse abantu 177 banduye icyorezo cya COVID-19, mu gihe abandi 14 bakize
Abo barwayi bashya 177 barimo abantu 170 bapimwe mu masoko ya Kigali, 5!-->!-->!-->…
Umusirikare w’u Rwanda arashinjwa gusambanya ku ngufu umukobwa nyuma yo kumushwanyaguriza…
Umusirikare wo mu Ngabo z’u Rwanda ukorera mu karere ka Nyaruguru arashinjwa gusambanya ku gahato umwana w'umukobwa ufite imyaka 15 abanje kumushwanyagurizaho ikariso yari yambaye.
ababyeyi b'umwana w'umukobwa ufite imyaka 15!-->!-->!-->!-->!-->…
Prezida Museveni wa Uganda yatangaje ko ku wa gatandatu ari umunsi wo gusengera Covid-19
Perezida Yoweri Museveni wa Uganda yatangaje ko ejo ku wa gatandatu ari umunsi igihugu cyose kizasengera icyorezo cya coronavirus.
Nyuma yaho Prezida wa Uganda MUSEVENI asabye Abagande n'abandi batuye muri icyo gihugu mu kwezi kwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Umugabo wavuze ko Covid-19 ari igihuha imugize umupfakazi !
Umushoferi wamamaye muri Leta ya Florida muri Leta zunze ubumwe za Amerika avuga ko Covid-19 ari igihuha , yabuze umugore we yishwe na Covid-19 none ararira ayo kwarika.
nyuma yogukerensa Covid-19 imugize umupfakazi
Brian Lee!-->!-->!-->!-->!-->…
Dore ibihugu 10 kugeza ubu bitarageramo icyorezo cya coronavirus
Hafi ibihugu byose ku isi byamaze kugerwaho n'icyorezo cya Coronavirus, ariko hariho ibindi bigera ku icumi icyo cyorezo kitarakandagiramo. BAbigenza bate bo?
Palau, ikirwa kigoswe n'inyanja ya pasifika y'ubururu butsitse, ni ahantu!-->!-->!-->!-->!-->…
Ruhango: Chantal uherutse kubengwa ku munsi w’ubukwe yiyemeje kugana inkiko zikemure ikibazo
Nyirarukundo Chantal wo mu Kagari ka Gisanga mu Murenge wa Mbuye mu Karere ka Ruhango, ku wa Gatandatu tariki ya 22 Kanama 2020 yari afite ubukwe bwo gusezerana imbere y’Imana na Ndagijimana Jean Paul, bari bamaze amezi atandatu!-->!-->!-->…
Ku nshuro ya mbere mu Rwanda hagaragaye abarwayi ba Coronavirus 200 ku munsi umwe
Imibare yaraye itangajwe na ministeri y'ubuzima mu Rwanda iragaragaza ko abagera kuri 200 aribo baraye basanzwemo ubwandu bwa coronavirus kuri iki cyumweru taliki ya 23 Kanama 2020 mu bipimo 6,402 byafashwe. Uyu niwo mubare munini!-->!-->!-->…