Browsing Category
Ubuzima
Bamporiki yageze imbere y’urukiko kuburana Ubujurire
Muri iki gitondo, Urukiko Rukuru ruri kuburanisha ubujurire bw’urubanza ruregwamo Bamporiki Edouard, wahamijwe ibyaha bibiri agahishwa igifungo cy’imyaka ine no gutanga ihazabu ya miliyoni 60 Frw.
Bamporiki Edouard wahoze ari!-->!-->!-->!-->!-->…
U Buhinde: Abantu 31 bapfuye nyuma yo kunywa inzoga zihumanye
Abapfuye bari batuye mu midugudu ibiri yo mu gace gakennye cyane mu Burasirazuba bw’u Buhinde, aho gucuruza no kunywa inzoga zo mu bwoko bwa likeri (liquor) bibujijwe guhera mu 2016.
Nyuma yo kunywa inzoga bivugwa ko yarimo ibintu!-->!-->!-->!-->!-->…
Zambia: Umusore yapfuye azize imirimo yakoze bagiye gushyingura mushiki we
Umusore wo gihugu cya Zambia yapfuye nyuma y'iminsi ibiri mushiki we ashyinguwe. Amakuru avuga ko yazize imirimo yakoze mu muhango wo gushyingura umuvandimwe we.
Uyu musore witwa Godfrey Mwango w'imyaka 33 yaguye ku giti arakomereka!-->!-->!-->!-->!-->…
Sudan: Umugore yakatiwe gufungwa kubera gusomana n’umugabo
Umugore wo muri Sudani warezwe ubusambanyi yarokotse kwicwa ahanishwa gufungwa amezi atandatu nyuma yo kwemera ko yasomye umugabo.
Uwo mugore w’imyaka 20 mbere yari yakatiwe urwo gupfa atewe amabuye, bituma ibi byamaganwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Nigeria: Kompanyi ya Klasha yashyizeho itegeko riha ikiruhuko abagore bose bari mu mihango
Kompanyi yo muri Nigeria yitwa Klasha yashyizeho itegeko rishya ryemerera abakozi bayo gufata ikiruhuko mu gihe bari mu mihango.
Bivugwa ko ariyo kompanyi ya mbere muri Nigeria ishyizeho itegeko rigena ikiruhuko cy’imihango!-->!-->!-->!-->!-->…
Umunya Kenya yapfiriye kuri stade mu mukino w’igikombe cy’isi ari mu kazi
Umunya Kenya yapfiriye muri stade yo muri Qatar ubwo yahanukaga ari mu kazi ko gucunga umutekano mu mukino w’igikombe cy’isi.
Ibi byemejwe na Qatar Supreme Committee for Delivery & Legacy, ari nabo bashinzwe gutegura igikombe!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyamagabe: Kutarangirizwa imanza byiganje mu bibazo bagaragarije umuvunyi
Mu rwego rwo kurwanya ruswa n’akarengane, serivisi z’umuvunyi zegereye abaturage i Nyamagabe, hanyuma mu Murenge wa Gasaka bahereye bagezwaho ibibazo byiganjemo iby’uko abantu bagiye baburana bagatsinda, ariko ntibarangirizwe imanza.
!-->!-->!-->!-->…
Tshisekedi yatangaje icyunamo cy’iminsi itatu kubera abarenga 100 bapfuye i Kinshasa
Perezida wa DR Congo, ari muri Amerika, yatangaje icyunamo cy’iminsi itatu mu gihugu guhera none kuwa gatatu nyuma y’uko abantu barenga 100 bishwe n’inkangu n’imyuzure bivuye ku mvura yaguye mu ijoro ryo kuwa mbere rishyira kuwa!-->!-->!-->…
Kigali: Dosiye y’abafungiwe gukubita Umurundi agapfa yashyikirijwe ubushinjacyaha
Inzego z’ubutabera zikomeje gukurikrana idosiye y’urupfu rwa Muhizi Emmanuel wari umushoferi w’ikamyo ukomoka mu Burundi, wakubitiwe mu kabare gaherereye i Kabuga mu Karere ka Gasabo bikamuviramo kubura ubuzima.
Urwego rw’Igihugu!-->!-->!-->!-->!-->…
Umuhanzi Chala Muana wabiciye bigacika mu njyana ya Rumba yitabye Imana ku myaka 64
Umuhanzi wabaye icyamamare n'ikimenya bose mu myaka yo ha mbere Chala Muana ukomoka mu gihugu cya Repubulika iharanira demokarasi ya Congo yitabye Imana mu gitondo cyo kuri uyu wa gatandatu.
Imwe mu nkuru z'incamugongo yabyukiye mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Ruhango: RIB yataye muri yombi umukobwa ukekwaho kwiyicira uruhinja yari amaze kubyara
Umukobwa wo mu Murenge wa Byimana mu Karere ka Ruhango arashinjwa kwica uruhinja yabyaye kuri uyu wa Kabiri.
Uwo mukobwa yatawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, kuri uyu wa Kabiri tariki ya 6 Ugushyingo 2022!-->!-->!-->!-->!-->…
Ibura cyangwa ishimutwa rya Ishimwe Cedrick Alain rikomeje kuba urujijo ku muryango we…
Iminsi imaze kuba myinshi umubyeyi w’umusore witwa Alain Cedrick asiragira hirya no hino ashakisha umuhungu bivugwa ko yanyurujwe n’abataramenyekana.
Bwana HABYARIMANA Jean Marie Vianney utuye mu mujyi wa Kigali uvuga ko yenda!-->!-->!-->!-->!-->…
Ruhango: Umusore witwa Cyriaque bamusanze yimanitse ku mugozi yapfuye
Ntambara Cyriaque w’imyaka 28 y’amavuko yari atuye mu Mudugudu wa Rwinkuba mu Kagari ka Buhoro mu Murenge wa Ruhango, yasanzwe mu mugozi yimanitse.
Mu Karere ka Ruhango ho mu Murenge wa Ruhango mu kagali ka Buhoro haravugwa urupfu!-->!-->!-->!-->!-->…
Burundi: Umupadiri uherutse gufatirwa mu cyuho asambanya umuforomokazi yirukaniwe ku karubanda
Kiliziya Gatolika mu gihugu cy'u Burundi yirukaniye ku karubanda umupadiri uherutse gufatirwa mu cyuho asambaya umugore w'umuforomokazi ubwo umugabo we atari ahari.
Kuri iki cyumweru taliki ya 5 Ukuboza 2022 kiliziya gatolika mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Afrika Y’epfo: Abagera kuri 14 bariho basenga bahitanywe n’umwuzure barapfa
Abantu 14 bahitanywe n'umuwuzure ubwo bari barasenga mu mvura nyinshi munsi y'ibitare by'amabuye.
Mu mpera z'icyumweru gishize kuwa gatandatu taliki ya 3 Ukuboza 2022, mu gihugu cya Afrika y'epfo mu mujyi wa Johanesbourg umwuzure!-->!-->!-->!-->!-->…