Browsing Category
Ubuzima
Rulindo: Amayobobera ku rupfu rw’umwana w’umunyeshuri basanze yapfiriye muri dortoir
Mu Karere ka Rulindo haravugwa inkuru y'umwana w'umukobwa wabaga mu kigo cy'ishuri cya Ecole secondaire Rwahi basanze yapfiriye muri Dortoire.
Mu kigo cy'ishuri rya Ecole secondaire Rwahi giherereye Karere ka Rukindo, mu murenge wa!-->!-->!-->!-->!-->…
RDC: Abana 11 bo mu muhanda batwikishijwe lisansi
Abana 11 bo mu mihanda ya Kinshasa bazwi nka "Shegués" batwikishijwe lisansi, ubu barimo kwitabwaho n’abaganga, bavurwa ibikomere.
Byabaye mu rukerera rwo ku wa 30 Ugushyingo 2022, aho bikekwa ko byagizwemo uruhare n’itsinda!-->!-->!-->!-->!-->…
Nigeria: Umunyeshuri yajyanwe mu nkiko azira gusebya umugore wa Perezida
Umujinya urimo kwiyongera muri Nigeria nyuma y’uko umunyeshuri wa kaminuza afashwe agafungwa aregwa gusebya umugore wa Perezida Muhammadu Buhari kuri Twitter.
Abashinjacyaha bavuga ko Aminu Adamu Mohammed yatangaje ifoto ya Aisha!-->!-->!-->!-->!-->…
Musanze: Yibye ingurube y’umuturanyi afatirwa mu cyuho amaze kuyica umutwe ategekwa kuyikorera
Umugabo witwa Mbituyimana yafatiwe mu cyuho amaze guca umutwe ingurube y'umuturanyi yari amaze kwiba bamutegeka kugenda ayikoreye.
Umugabo witwa Mbituyimana w’imyaka 28 y’amavuko wo mu Karere ka Musanze mu Murenge wa Cyuve mu Kagari!-->!-->!-->!-->!-->…
Cameroune: abantu 14 bahitanywe n’inkangu ubwo bari bagiye gushyingura
Abantu bagera kuri 14 nibo bamaze kumenyekana ko bahitanywe n'inkangu barapfa ubwo bari bagiye mu muhango wo gushyingura.
Mu gihugu cya Cameroune haravugwa inkuru y'akababaro aho abantu bagera kuri 14 baraye bahitanywe n'inkangu!-->!-->!-->!-->!-->…
Abana barenga ibihumbi 20 baterwa inda buri mwaka
Minisitiri w’ Uburinganire n’ Iterambere ry’ Umuryango Prof Bayisenge Jeannette yavuze ko imibare y’ abana bahohoterwa iri hejuru, aho abagera ku bihumbi 20 baterwa inda buri mwaka mu Gihugu.
Yaboneyeho gusaba buri wese!-->!-->!-->…
Nyanza: Ba gitifu b’utugari bashyikirijwe za moto zizajya zibafasha mu kazi kabo
Akarere ka Nyanza kashyikirije abanyamabanga nshingwabikorwa b'utugari moto zizajya zibafasha mu kunoza akazi kabo ka buri munsi.
Kuri uyu wa gatandatu taliki ya 26 Ugushyingo 2022 ku cyicaro cy'Akarere ka Nyanza habereye umuhango!-->!-->!-->!-->!-->…
Kigali: Abagabo 2 bahitanywe n’ipine bashyiragamo umwuka
Abagabo babiri baraye baturikanywe n'ipine bariho bashyiramo umwuka barapfa urupfu rubi nk'uko byavuzwe n'ababibonye.
Abagabo babiri bari basanzwe bakora akazi ko guhoma mapine kuri station ya Mount Meru mu Gasyata ahazwi nka!-->!-->!-->!-->!-->…
Sierra-Leone: Abadepite bananiwe kumvikana ku itegeko rigenga amatora baterana ibipfunsi karahava
Abadepite bo muri Sierra Leone bateranye ibipfunsi biratinda, ubwo ku wa Gatatu bari mu mirimo y’inteko rusange y’Inteko ishinga amategeko.
Icyo gihe inteko rusange yigaga ku itegeko rigenga amatora azaba umwaka utaha, aho hifuzwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Ubushinjacyaha bwasabiye Prince Kid gufungwa imyaka 16
None tariki ya 25 Ugushyingo 2022 Urubanza rwa Ishimwe Dieudonne uzwi ku izina rya Prince Kid rwongeye kuburanishwa mu mizi humvwa n’abatangabuhamya bashya, ubushinjacyaha bumusabira gufungwa imyaka 16.
Uru rubanza rwa Ishimwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Uko Nsengiyumva yasambanyije abana 11 muri Nyagatare
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwemeje ko rwataye muri yombi Nsengiyumva Samuel ukurikiranyweho gusambanya abana 11 mu Karere ka Nyagatare.
Abenshi bumvise iby’iyi nkuru yabereye mu Murenge wa Nyagatare byabagoye!-->!-->!-->!-->!-->…
Senateri Uwizeyimana avuga ko asigaye yigengesera ngo adakora amakosa nk’ayo yakoze bigatuma…
Senateri Uwizeyimana Evode yavuze ko amakosa yanyuzemo yatumye yegura muri Guverinoma y’u Rwanda yayakuyemo amasomo akomeye ku buryo bidashobora gusubira.
Muri Gashyantare 2020, nibwo Uwizeyimana yeguye ku mwanya w’Umunyamabanga wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Muhanga: Maniraguha bari bamaze iminsi barabuze bamusanze mu nzu amanise ku mugozi
Umugabo witwa Maniraguha J.Claude bivugwa ko yari amaze iminsi yarabuze baje kumusanga mu nzu yari asanzwe abamo yimanitse ku mugozi, birakekwa ko yaba yariyahuye.
Mu Karere ka Muhanga mu murenge wa Nyamabuye, haravugwa inkuru!-->!-->!-->!-->!-->…
Gakenke: Babiri baguye mu mpanuka ya Fuso yagonganye na coaster.
Mu gace kazwi nko muri Buranga mu Murenge wa Nemba mu Karere ka Gakenke, habereye mpanuka yahitanye ubuzima bw’abantu babiri, ikomerekeramo abantu 20 barimo babiri bakomeretse bikomeye.
Iyo mpanuka yabaye mu ma saa saba z’igicamunsi!-->!-->!-->!-->!-->…
Gasabo: Amayobera ku rupfu rw’umwana w’imyaka 11 yasanzwe mu cyumba yiyahuye
Ikibazo cy'mwana w'imyaka 11 y'amavuko wasanzwe mu cyumba cye yimanitse ku mugozi gikomeje kuba mayobera ku muryango we ndetse no ku baturanyi.
Mu gitondo cyo kuri iki cyumweru taliki ya 20 Ugushyingo 2022 nibwo mu Karere ka Gasabo,!-->!-->!-->!-->!-->…