Browsing Category
Ubuzima
Padiri Sostene akurikiranyweho gusambanya abana b’abahungu 10
Padiri Sostene ari mu maboko y'abashinzwe umutekano nyuma yo gukekwaho icyaha cyo gusambanya abana 10 b'abahungu
Padiri SOSTENE SOKA wo mu gihugu cya Tanzaniya mu gace kitwa Moshi biravugwa ko nyuma y'igitutu cya rubanda yaba amaze!-->!-->!-->…
Gicumbi: Vuguziganya wayoboraga ikigo cy’ishuri bamusanze yimanitse ku mugozi yapfuye
Vuguziganya Dieudonné wari umuyobozi w’ikigo cy’amashuri abanza cya Karambo giherereye mu Murenge wa Rushaki, yasanzwe amanitse mu mugozi ku wa 25 Nzeri yashizemo umwuka.
Umurambo we wabonetse mu nzu yari asanzwe acumbitsemo, mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Kera kabaye Apotre Mutabazi yakuwe mu nzu yari amaze igihe yaranze kwishyura ubukode
Mutabazi Kabarira Maurice umaze kumenyerwa nka Apôtre Mutabazi yasohowe mu nzu yakodeshaga, ashinjwa kumara amezi menshi atayishyura kandi yarafungiranyemo ibikoresho bye.
Benshi mu bakoresha imbuga nkoranyambaga by’umwihariko!-->!-->!-->!-->!-->…
Umupolisi yishe uwari umugore we nawe ariyahura nyuma yo kumenya ko agiye kumusimbuza undi mugabo
Umupolisi wo muri Zambia w’imyaka 29, Albert Kamasumba yarashe kugeza yishe uwahoze ari umugore we, Deborah Kasakula, mbere yo kwiyahura.
Bwana Kamasumba arashinjwa kwica uyu wahoze ari umugore we, Deborah, mu rugo rw’ababyeyi be ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Rubavu: Bwana Hamisi yahisemo kwibera mu ihema nyuma y’uko ubuyobozi buteje cyamunara imitungo…
Umusaza witwa Sekidende Hamisi w’ahitwa Mbugangari mu karere ka Rubavu yaraye mu ihema ndetse agaburirwa n’abaturanyi be nyuma y’uko ubuyobozi bwe buteje cyamunara imitungo ye.
Nk'uko umunyamakuru wa Radio 10 Oswald Mutuyeyezu!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Umugabo yatemye umugore we amukuraho ibere n’akaboko kubera ko yanze kumwereka uwari…
Umugabo witwa IBASO Warema yatemye umugore we ibere ry'ibumoso n'akaboko amuziza ko uwo mugore yanze kumwereka numero ya terefone yari imuhamagaye ubwo bari ku meza.
Mu gihugu cya Tanzaniya mu gace kazwi nka Nyanza, mu cyo twakwita!-->!-->!-->!-->!-->…
Abantu ibihumbi 19 bapfa buri munsi bazize inzara, Afrika irahururizwa.
Imiryango irenga 200 yatabarije isi kubera ikibazo cy'inzara aho abarenga ibihumbi 19 bahitanwa n'inzara buri munsi, umugabane wa Afrika uza ku isonga.
Kuwa 20 Nzeri 2022, I new York muri Leta zunze ubumwe za Amerika ubwo!-->!-->!-->!-->!-->…
Ubushinjacyaha bwasabiye Bwana BAMPORIKI igifungo cy’imyaka 20 n’ihazabu ya miliyoni 100
Edouard Bamporiki wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco, yitabye Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge, kuri uyu wa Gatatu tariki 21 Nzeri 2022, aburanishwa ku cyaha cyo gusaba no kwakira indonke, ashinjwa!-->!-->!-->…
Ubuzima: Dore ibintu 5 kandi byoroshye byagufasha kwirinda kanseri
Kanseri ni imwe mu ndwara zihitana abantu benshi ku isi by’umwihariko mu bihugu bikennye, gusa abantu benshi usanga batazi icyo bakora kugira ngo bagabanye ibyago byo kuyandura, nyamara hari ibintu byoroshye ushobora gukora maze!-->!-->!-->…
Gicumbi: Umugabo w’imyaka 52 yiyahuriye mu kigega asiga avuze ko azize umugore wamuhozaga ku…
Umugabo w'imyaka 52 yaraye yiyahuriye mu kigega cy'amazi asiga yanditse urwandiko avuga ko yabikoze kubera ko umugore we yanze kumubababrira akamuhoza ku nkeke.
Umugabo uri mu kigero cy'imyaka 52 y'amavuko wo mudugudu wa Runyinya,!-->!-->!-->!-->!-->…
Umuvandimwe wa Paul Pogba yatawe muri yombi akekwaho kumucurira imigambi y’ubwambuzi
Inzego z’ubutabera zo mu Bufaransa zataye muri yombi abantu bane, bakekwaho uruhare mu mugambi w’ubwambuzi bwakorewe Paul Pogba, ukinira ikipe y’igihugu y’u Bufaransa na Juventus yo mu Butaliyani.
Mu iperereza rimaze iminsi rikorwa,!-->!-->!-->!-->!-->…
Gicumbi: Umugabo w’imyaka 35 n’umukobwa we baraye bakubiswe n’inkuba barapfa
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri tariki 13 Nzeri, mu murenge wa Kaniga, akagari ka Gatoma mu mudugudu wa Rugarama muri Gicumbi, inkuba yakubise umugabo w’imyaka 35 n’umwana we w’umukobwa w’imyaka umunani, bitaba Imana.
Iyi nkuba!-->!-->!-->!-->!-->…
Kayonza: Umugore ukekwaho guhora ahondagura umugabo we akanamuraza hanze yatawe muri yombi.
Umugore w’imyaka 55 utuye mu Murenge wa Murama mu Karere ka Kayonza, yatawe muri yombi azira guhoza ku nkeke umugabo we bashakanye aho yamukubitaga, akamaraza hanze ndetse akanamwima ibiryo.
Uyu mugore yatawe muri yombi kuri uyu wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Leta yaringanije ikiguzi cy’uburezi hakumirwa ibigo byishyuzaga amafaranga y’umurengera
Minisiteri y’Uburezi yagiranye ikiganiro n’abanyamakuru cyagarutse ku mabwiriza ajyanye n’uruhare rw’ababyeyi mu burezi bw’abanyeshuri biga mu mashuri y’incuke, abanza n’ayisumbuye ya Leta n’akorana na Leta ku bw’amasezerano azatangira!-->!-->!-->…
Abanyarwanda 3 bafungiwe i Burundi bazira kugura ibishyimbo bagashaka kubyambutsa mu Rwanda
Umuyobozi wa Komini ya Kayanza yemeje ko hari Abanyarwanda batatu batawe muri yombi kuri kino cyumweru bakaba bashinjwa gushaka kwambutsa ibishyimbo mu Rwanda mu buryo butemewe n'amategeko.
Abanyarwanda bagera kuri batatu barafashwe!-->!-->!-->…