Browsing Category
Ubuzima
Kayonza: Yiyahuye nyuma yo kwirukanwa n’uwahoze ari umugore we
Umugabo w’imyaka 36 wari utuye mu Karere ka Kayonza, yasanzwe mu rugo rw’uwahoze ari umugore we bikekwa ko yiyahuye, nyuma yo gusanga yimanitse ku giti kiri muri urwo rugo.
Umurambo w’uyu mugabo wagaragaye mu gitondo cyo kuri uyu wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Agapfukamunwa kasubijweho
Nyuma y'aho inama y'abaminisitiri yemeje ko kwambara agapfukamunwa bitakiri itegeko, RDB yo yatangaje ingeli z'abantu n'imirimo bategetswe gukomeza kukambara
Kuwa gatanu w'icyumweru gishize taliki ya 13 Gicurasi nibwo inama!-->!-->!-->!-->!-->…
Jado Castar yafunguwe nyuma y’uburoko bw’amezi umunani
Nyuma y'amezi umunani yose ari mu gihome, kuri ubu Bwana Jado Castar yafunguwe bishimisha benshi mu bakunzi be.
Nyuma y'amezi umunani Bwana BAGIRISHYA Jean De Dieu wamenyekanye cyane nka Jado Castar, kuri ubu ikiriho ni uko uyo!-->!-->!-->!-->!-->…
Ntibikiri itegeko kwambara Agapfukamunwa mu Rwanda
Ingamba nshya zo kwirinda icyorezo cya COVID-19 zafatiwe mu Nama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Gatanu, zivuga ko kwambara agapfukamunwa bitakiri itegeko.
Abaturarwanda bari bujuje imyaka ibiri basabwa kwambara agapfukamunwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Ubuholandi bwataye muri yombi Maj. Karangwa ukekwaho ibyaha bya jenoside
Ubushinjacyaha bwa Leta y’u Buholandi bwatangaje ko bwataye muri yombi Maj Pierre Claver Karangwa, wahoze mu Ngabo za Leta yateguye ikanashyira mu bikorwa Jenoside yakorewe Abatutsi akaba akekwaho kuyigiramo uruhare.
Maj Karangwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Spain: Hari kwigwa uburyo umukobwa uri mu mihango yajya ahabwa ikiruhuko mu kazi
Espagne irateganya gushyiraho igihe cy'ikiruhuko cyemejwe na muganga ku bagore bababara bikomeye mu mihango (ubutinyanka mu Kirundi).
Umushinga w'itegeko ukubiyemo ko abagore bashobora guhabwa iminsi itatu y'ikiruhuko buri kwezi -!-->!-->!-->!-->!-->…
Urukiko rwategetse ko urubanza rwa Prince Kid ruburanishwa mu muhezo.
Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwanzuye ko urubanza rwa Ishimwe Dieudonne uzwi nka Pince Kid wateguraga Miss Rwanda rubera mu muhezo.
Kuri uyu wa Gatanu tariki 13 Gicurasi 2022, nibwo Prince Kid yongeye kwitaba urukiko, mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyamasheke: Umukecuru w’imyaka 85 yaguye mu cyobo cya metero 15 arapfa
Umukecuru w’imyaka 87 y’amavuko wari utuye mu Kagari ka Rwesero mu Murenge wa Kagano mu Karere ka Nyamasheke, yitabye Imana nyuma yo kugwa mu cyo cya metero 15 ubwo yari yagiye gusura umuturanyi we urwaye.
Uyu mukecuru witwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Rugira J.Claude wigaga muri IPRC Karongi yarohamye mu Kivu arapfa
Rugira Jean Claude, umunyeshuri w’imyaka 23 wigaga mu Ishuri Rikuru ry’Imyuga n’ubumenyingiro rya IPRC Karongi yitabye Imana nyuma yo kurohama mu Kiyaga cya Kivu ubwo yari yajyanye na bagenzi be koga.
Byabereye mu Murenge wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Kigali: Yafatanywe amavuta ya mukorogo afite agaciro k’arenga ibihumbi 200
Polisi y'u Rwanda ishami rishinzwe kurwanya magendu n'ibindi byaha (ASOC), kuri uyu wa mbere tariki ya 09 Gicurasi, ryafashe umugabo witwa Iyakaremye Primien ukurikiranyweho gukwirakwiza amavuta yangiza uruhu azwi nka mukorogo.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Hibutswe inzirakarengane zirenga 400 ziciwe ahitwa ku ibumbiro
Mu Karere ka Nyanza mu Murenge wa Kibirizi ahitwa ku Ibambiro, kuri iki cyumweru taliki ya 8 Gicurasi 2022 habereye umuhango wo Kwibuka ku nshuro ya 28 Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka w'i1994, hibukwa urupfu rw’agashinyaguro!-->!-->!-->…
Abimukira 44 bifuzaga kujya i Burayi barohamye mu mazi baburirwa irengero.
Abimukira hafi 44 baburiwe irengero igihe ubwato barimo bwibize mu mazi ku nkombe z’amazi muri Sahara y’uburengerazuba kuri iki cyumweru.
Ishyirahamwe ry’abagiraneza rifite icyicaro muri Esupanye, Caminando Fronteras ni ryo!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Abaturage barenga 50 bishwe batemaguwe abandi bararaswa
Abasivile barenga 50 bishwe barashwe abandi batemaguwe n'inyeshyamba ku cyumweru mu gace ka Mabilindeyi muri teritwari ya Djugu, Intara ya Ituri, nk'uko umukuru wa sosiyete sivile yaho abivuga.
Mu gihugu cya Repubulika iharanira!-->!-->!-->!-->!-->…
Kamonyi: Imiryango 180 yahembwe ingurube kubera kwita ku bidukikije
Imiryango 180 y’abaturage batishoboye mu Karere ka Kamonyi bafashe neza ibikorwa byo kurwanya ubutayu mu gice cy’Amayaga bahembwe amatungo magufi agizwe n’ingurube.
Abahawe amatungo bahamya ko isuri ikunze kwibasira ubutaka bwabo,!-->!-->!-->!-->!-->…
Rusizi: Umusaza w’imyaka 74 yimanitse ku mugozi arapfa
Umusaza uri mu kigero cy'imyaka 74 bamusanze yimanitse ku mugozi yashizemo umwuka, bikaba bikekwa ko yaba yiyahuye.
Mu Karere ka Rusizi haravugwa amakuru y'umusaza uri mu kigero cy'imyaka 74 yasanzwe mu mugozi yapfuye bikavugwa ko!-->!-->!-->!-->!-->…