Browsing Category
Ubuzima
Imyaka 10 irihiritse umukinnyi wa Film STEVEN KANUMBA Apfuye
Imyaka icumi irashize umukinnyi wa filime w'Umunya Tanzaniya wakunzwe cyane wari uzwi nka Steven Kanumba yitabye Imana
Italiki nk'iyi ngiyi, ukwezi nk'uku kwa Mata umwaka w'i 2012 nibwo inkuri mbi ku bakunzi ba film z'igiswahili!-->!-->!-->!-->!-->…
“N’ubwo imyaka ibaye myinshi, ntabwo tuzareka kwibuka” Meya NTAZINDA Erasme
Mu muhango wo gutangiza icyumweru cy'icyunamo mu Karere ka Nyanza, Meya Ntazinda Erasme yashimiye ingabo zari iza RPF zahagaritse jonoside anavuga ko kwibuka bizahoraho n'ubwo bwose imyaka ibaye myinshi.
Kuri uyu wa kane taliki ya 7!-->!-->!-->!-->!-->…
Huye: Hafashwe hanagizwa litiro zirenga 1,800 z’inzoga z’inkorano
Polisi ifatanije n’inzego z’ibanze n’abaturage ,Ku cyumweru tariki ya 3 Mata, mu Karere ka Huye hafashwe kandi hangizwa litiro 1,440 z’inzoga z’inkorano zizwi ku izina ry’Umuzabibu.
Izi nzoga zafatanwe uwitwa Sibomana Athanase mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Abafite ubumuga bw’uruhu barasaba ko bakwegerezwa amavuta abarinda kanseri y’uruhu
Bamwe mu bafite ubumuga bw'uruhu hirya no hino mu gihugu, baravuga ko kubona amavuta abarinda kanseri y'uruhu n'ibindi bikoresho bibarinda izuba ari bimwe mubyo urwego rw'ubuvuzi rwashyiramo imbaraga nyinshi kugira ngo barusheho!-->!-->!-->…
KARONGI: Bane bafatiwe mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro bunyuranyije n’amategeko
Polisi y’u Rwanda mu karere ka Karongi kuri uyu wa gatanu tariki ya 1 Mata, yafashe abantu bane bakurikiranweho gucukura amabuye y’agaciro mu buryo bunyuranyije n’amategeko mu mudugudu wa Kimigenge, akagari ka Kibirizi, Umurenge wa!-->!-->!-->…
Afghanistan: Leta yabujije Abagore kugenda mu ndege badaherekejwe n’abagabo bafitanye isano
Abagore bo mu gihugu cy’Afghanistan (Afuganisitani) babujijwe gukora ingendo z’indenge zaba iz’imbere mu gihugu cyangwa hanze yacyo badaherekejwe n’abagabo bafitanye isano.
Kuva Abatalibani bagaruka ku butegetsi muri!-->!-->!-->!-->!-->…
Musanze: Basanze umurambo w’umugabo umanitse mu cyumba araramo
Ku mugoroba wo ku itariki 26 Werurwe 2022, mu Kagari ka Kivugiza mu Murenge wa Muko mu Karere ka Musanze, umugore yasanze umurambo w’umugabo we witwa Uwiringiyimana Christian w’imyaka 33 umanitse mu mugozi mu cyumba bararamo, bitera!-->!-->!-->…
Ukraine yahawe misile 6000 na miliyoni 25 z’amayero zo guhangana n’Uburusiya
U Bwongereza bwahaye Ukraine ibindi bisasu bya misile 6 000 ndetse n’inkunga ya miliyoni 25£ (arenga Miliyari 25 Frw) kugira go iki Gihugu gikomeze guhangana n’u Burusiya bwagishojeho intambara.
Iyi ntambara imaze ukwezi itangijwe!-->!-->!-->!-->!-->…
UKO UTUMIZAMO IKAWA BISHOBORA KUGARAGAZA kO WIKUNDA
Impuguke mu myitwarire y’umuntu yavuze ko ashobora kumenya imiterere yumuntu urebye uko atumije ikawa ariko se yabivuzeho iki cyatuma umuntu abyizera?
Niba ukunda gufata ikawa, birashoboka ko ufite gahunda yo gusubiramo!-->!-->!-->!-->!-->…
Karongi: Umunyeshuri witwa Josiane yaraye arohamye mu Kivu arapfa
Umukobwa witwa Nzayisenga Josiane wigaga mu Rwunge rw’Amashuri rwa Kibuye mu Murenge wa Bwishyura mu Karere ka Karongi, yarohamye mu Kiyaga cya Kivu arapfa.
Iyi mpanuka yabaye saa sita z’amanywa kuri uyu wa 23 Werurwe 2022, ubwo uyu!-->!-->!-->!-->!-->…
Goma: Abana 2 b’impanga baherutse gushimutwa babasanze mu muhanda bapfuye nyuma y’aho…
Abana b’impanga bashimutiwe mu mujyi wa Goma, ababashimuse bikekwako ari abarwanyi b’umutwe wa FDLR baka ababyeyi babo amafaranga y’umurengera kugirango babarekure bayabuze basangwa ku muhanda bishwe.
Umunyamakuru wa Rwandatribune!-->!-->!-->!-->!-->…
Urukiko rwemeje ko Ndimbati yasambanije umwana utarakwiza imyaka y’ubukure.
Urukiko rwemeje ko Bwana Ndimbati yasambanije umwana w'umukobwa utarakwiza imyaka y'ubukure, rutegeka ko afungwa iminsi 30 by'agateganyo.
Kuri uyu wa gatatu taliki ya 23 Werurwe 2022 nibwo Bwana Uwihoreye Jean Bosco wamenyekanye!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Amatara yo ku muhanda ataka akomeje guteza impanuka n’ubujura
Hari abaturage bakomeje kuvuga ko amatara yo ku muhanda ataka akomeje kubateza impanuka ku buryo hari abazipfiramo.
Hari abaturage batuye mu Murenge wa Busasamana, ho mujyi w'Akarere ka Nyanza bakomeje kuvuga ko hari amatara yo!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Abantu 6 bakurikiranyweho urupfu rw’umusore waterewe icyuma mu kabari
Abantu batandatu bo mu Karere ka Nyanza batawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, bakekwaho kugira uruhare mu rupfu rwa Barisanga Donat wiciwe mu kabari.
Barisanga w’imyaka 27 yiciwe mu kabari kari mu mudugudu wa!-->!-->!-->!-->!-->…
China: Impanuka y’indege yagize impanuka 132 bahasiga ubuzima
Indege ya kompanyi yo mu Bushinwa yitwa China Eastern Airlines yari itwaye abagenzi 132 yahanutse igwa mu gace k’imisozi miremire mu ntara ya Guangxi, nk’uko abashinzwe iby’indege babitangaje.
Iyi ndege yari irimo abagenzi 123!-->!-->!-->!-->!-->…