Browsing Category
Ubuzima
Inyuma y’imyaka 42 yaragiye gupagasa, yagarutse asanga umugore n’abana be barapfuye.
Umusaza w'imyaka 94 y'amavuko ari mu gahinda gakomeye nyuma yo kumara imyaka 42 yose yaragiye gupagasa agarutse asanga umugore we n'abana be babiri baritabye Imana.
Mu gihugu cya Kenya haravugwa inkuru y'umusaza umaze iminsi uri mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Umwamikazi w’Ubwongereza Elizabeth II yanduye Covid-19
Umwamikazi Elizabeth II w’Ubwongereza yasanzwemo Covid-19, akaba agaragaza ibimenyetso byoroheje birimo inkorora.
Ingoro y’ubwami ya Buckingham yatangaje ko umwamikazi azakomeza gukora inshingano zoroheje.
Umwamikazi Elizabeth II!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Musanze: Babiri bapfuye barohamye mu mpanuka y’ubwato
Abantu batanu bo mu Murenge wa Gashaki mu Karere ka Musanze, barohamye mu kiyaga cya Ruhondo babiri bahasiga ubuzima, batatu barokotse bakaba bari kwitabwaho n’abaganga.
Ni impanuka yabaye saa kumi n’imwe n’iminota mirongo itanu!-->!-->!-->!-->!-->…
Huye: Umuhungu wigaga muri UR-Huye bamusanze amanitse mu mugozi yapfuye
Umusore w’imyaka 21 y’amavuko, wigaga mu Ishami rya Kaminuza y’u Rwanda rya Huye, bamusanze amanitse mu mugozi yapfuye, bikaba bikekwa ko yiyahuye.
Uyu musore yasanzwe mu mugozi yapfuye mu ijoro ryo kuri uyu wa Kane tariki 18!-->!-->!-->!-->!-->…
Nigeria: Yararanye indaya bucya yapfuye urw’amarabiranya
Umusore wo muri Leta ya Delta muri Nigeria yapfuye amarabira nyuma yo gutahana n’indaya.
Byabaye mu ijoro rishyira ku wa Gatatu mu gace ka Jesse, mu bwami gakondo bwa Idjere nkuko ikinyamakuru The Guardian cyo muri Nigeria!-->!-->!-->!-->!-->…
Muhanga: Abantu babiri bahitanywe n’ibirombe ku munsi umwe
Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga buratangaza ko ku wa Mbere tariki ya 14 Gashyantare 2022, ibirombe byo mu Mirenge ya Nyarusange na Mushishiro byagwiriye abantu, umuntu umwe agahita apfa undi akaba amaze iminsi itatu ashakishwa!-->!-->!-->…
Ruhango: Umwana w’imyaka 12 aherutse gukubitwa n’inkuba itagira amazi
Umwana uri mu kigero cy'imyaka 12 aherutse gukubitwa n'inkuba itagira amazi ku manywa y'ihangu ahita apfa ka mwanya.
Umwana wo mu Karere ka Ruhango mu Murenge wa Byimana, umwana witwa Niyodusenga Yvan uri mu kigero cy’imyaka !-->!-->!-->!-->!-->…
Burera: Polisi yafashe uwagendaga akwirakwiza COVID-19 ku bushake
Kuri uyu wa Kane tariki ya 10 Gashyantare Polisi ikorera mu Karere ka Burera ku bufatanye n’umujyanama w’ubuzima bafashe uwitwa Sibomana Aimable w’imyka 52. Yafashwe arimo kugenda akwirakwiza COVID-19 mu tubari, yafatiwe mu Murenge wa!-->!-->!-->…
Umufaransa wavumbuye virus itera SIDA yitabye Imana ku myaka 89
Luc Montagnier, umuhanga mu bya virus w'Umufaransa wemejwe ko yafatanyije kuvumbura human immunodeficiency virus (HIV), yapfuye afite imyaka 89.
Montagnier na mugenzi we mu 2008 bahawe igihembo cyitiriwe Nobel kubera akazi ke ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyarugenge: Umufundi yahanutse kuri etaji ahita acika umugongo
Ntibaziyaremye Ferdinand w’imyaka 39 wubakaga ku nyubako ya La Bonne Adreese, ya Higiro Martin mu Mujyi wa kigali yahanutse ku nzu y’igorofa rya kabiri yikubita hasi abanza umugongo, ahita ajya muri koma.
Ibi byabaye ku gicamunsi!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Polisi yakuye mu mazi imibiri y’abantu bari baraguyemo
Kuri uyu wa Kane tariki ya 10 Gashyantare abapolisi bo mu ishami rishinzwe umutekano wo mu mazi bazobereye gutabara no gushakashaka abantu cyangwa ibintu byaguye mu mazi (Divers) bakuye mu mazi imibiri ibiri y'abantu bari baguye mu!-->!-->!-->…
Ababarirwa muri za Miliyoni bugarijwe n’inzara ikomeye mu bihugu byo mu ihembe ry’Afrika-PAM
Ishami ry’umuryango w’abibumbe ryita ku biribwa ,PAM, kuri uyu wa kabiri, ryatangaje ko abantu bagera kuri miliyoni 13 mu gace k’ihembe ry’Afrika bashonje cyane, risaba ubufasha bwihuse kugira ngo hirindwe kwisubiramo kw’amapfa!-->!-->!-->…
Huye: Yacukuriwe imva, bagiye kuzana umurambo basanga ni muzima
Umugabo w’ahitwa mu Rusagara mu Murenge wa Mbazi mu Karere ka Huye yabitswe ko yapfuye, abe bagiye gufata umurambo ku bitaro basanga ari muzima.
Nk’uko bivugwa n’abatuye mu Kagari ka Rusagara, umugabo witwa Gervais Byangabiza, ari!-->!-->!-->!-->!-->…
Abamugariye ku rugamba bahawe utu moto tudasanzwe.
Umunyarwandakazi utuye mu gihugu cya Danemark yatanze inkunga y'utu moto tudasanzwe atugenera abamugariye ku rugamba rwo kubohora igihugu.
Umunyarwandakazi utuye mu gihugu cya Denmark, Jacuquéline Hansen, yahaye abamugariye ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Dr Sabin uherutse gusimbuzwa ku buyobozi bwa RBC yagizwe umuyobozi wa CHUB
Dr Nsanzimana Sabin wahoze ayobora Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) mbere y’uko ahagarikwa kubera iperereza ryari riri kumukorwaho yagizwe Umuyobozi Mukuru w’Ibitaro bya Kaminuza bya Butare, CHUB.
Ku wa 7 Ukuboza 2021 ni bwo Ibiro!-->!-->!-->!-->!-->…